Amakipe azakina icyiciro cya kabiri yamenyeshejwe ibyo asabwa ngo yemererwe gukina #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

Written by

in

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda “FERWAFA” ryamaze gutangaza ko shampiyona y’icyiciro cya kabiri izatangira taliki 18/09/2021 ikazasozwa taliki 11/10/2021, aho ubu amakipe yahise anamenyeshwa ibyo asabwa ngo yemererrwe gukina.

Vision FC yatsindiwe muri 1/2 umwaka ushize, ntiyabona amahirwe yo kuzamuka mu cyiciro cya mbere
Vision FC yatsindiwe muri 1/2 umwaka ushize, ntiyabona amahirwe yo kuzamuka mu cyiciro cya mbere

Bimwe mu byo aya makipe asabwa, harimo kwishyura ibihumbi 100 Frws byo kwiyandikisha, amafaranga ibihumbi bitanu kuri buri mukinnyi, ndetse no kugaragaza gahunda y’imyitozo ya buri kipe.

Ibyo amakipe asabwa ngo yemererwe kwitabira shampiyona y’icyiciro cya kabiri

source : https://ift.tt/3B2bSrc

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *