Umuvugizi wa APR FC Tonny Kabanda yasabye abasiporotifu bose ibintu bikomeye muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

 

Umuvugizi w'ikipe ya APR FC yasabye abakunzi b'iyi kipe ndetse nk'abasiporotifu bose muri rusange kwamagana byimazeyo Jenoside yakorewe Abatutsi n'ingenga bitekerezo yayo.

Tonny Kabanda mu butumwa yatanze avuga ko ari ubugwari kubona umuntu wahuzaga imbaga y'abantu baje ku mureba ari gukina umupira yifatanya n'ababisha muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.

Source : https://yegob.rw/umuvugizi-wa-apr-fc-tonny-kabanda-yasabye-abasiporotifu-bose-ibintu-bikomeye-muri-ibi-bihe-byo-kwibuka-ku-nshuro-ya-29-jenoside-yakorewe-abatutsi/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *