Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Guterres ku bibazo by'umutekano mu karere #rwanda #RwOT

Written by

in

Perezida Paul Kagame yahuye n'Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye Antonio Guterres, baganira ku bibazo by'umutekano mu Karere ndetse n'ibisubizo byafasha inzira zo gucyemura ibi bibazo zashyizweho n'ibihugu byo mu karere, Kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Gashyantare 2023.

Banaganiriye kandi ku ruhare rw'u Rwanda mu butumwa bw'amahoro bw'Umuryango w'Abibumbye, ndetse no kugera ku ntego z'iterambere rirambye SDGs.

The post <strong>Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Guterres ku bibazo by'umutekano mu karere</strong> appeared first on FLASH RADIO&TV.

Source : https://flash.rw/2023/02/17/perezida-kagame-yagiranye-ibiganiro-na-guterres-ku-bibazo-byumutekano-mu-karere/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=perezida-kagame-yagiranye-ibiganiro-na-guterres-ku-bibazo-byumutekano-mu-karere

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *