André Gromyko ageze kure akora feri izagabanya impanuka zo mu muhanda #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

Written by

in

Benshi bamukunze cyane ubwo yari mu mwuga w’itangazamakuru, abantu bakamukundira urwenya rwarangaga ibiganiro bye. Kuri ubu ni umwe mu bahanga mu bijyanye n’imodoka dore ko afite uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga mu byiciro byose bitangwa mu Rwanda.

Ni n’umwe mu bantu bakurikiranira hafi ibijyanye n’amategeko y’umuhanda ndetse akaba ageze kure umushinga wo gukora feri ahamya ko izagabanya impanuka zo mu muhanda.

Bikurikire muri iki kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa KT Radio na Kigali Today, Umugwaneza Jean Claude Rusakara.

source : https://ift.tt/3m5naFr

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *