Ibyari uburinzi byabaye bihagaze ubwo abasir… – #rwanda #RwOT

Written by

in

Grand P, yamenyekanye mu bitaramo bitandukanye byo muri Guine, yewe akaba n’umunyarwenya. Yakije umuriro ubwo yajyaga mu rukundo n’umukobwa Eudoxie, munini ku buryo bukabije. urukundo rwa Grand P , ufite ubumuga bw’ubugufi, akanagaragara nk’ushaje cyane, na Eudoxie  umurusha umubyimba ku buryo butangaje, rwabaye ikimenyabose muri Afurika.

Uyu muhanzi hagiye amafoto ye hanze mu bitangazamakuru  bitandukanye, bivuga binerekana uburyo Grand P yisanze ahantu abasirikare ba Guinea  bari ku burinzi, abasirikare byagaragaye ko bamukunda cyane banamuzi cyane, bahitamo kwifotoza karahava, uburinzi bakoraga buba buhagaze.

Source : https://inyarwanda.com/inkuru/109277/ibyari-uburinzi-byabaye-bihagaze-ubwo-abasirikare-babonaga-grand-p-atambutse-batangira-kum-109277.html

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *