Inzoka yabujije abantu gutandukanya umugabo n'umugore bari bamatanye batera akabariro. – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Amashusho y'umugabo numugore bari bananiwe gutandukana, nyuma yo gutera akabariro ,yasakaye hirya no hino ku mbugankoranyambaga aho byagaragaraga ko n'abaje kubaha ubufasha inzoka ya cobra yababuzaga kubegera.

Bivugwa ko uyu mugabo yari yaje mu rugo rwumugore ufite umugabo, aho bahise bamatana bari muri icyo gikorwa. Muri videwo ndende y'amasegonda 60, yasangijwe kuri Twitter, abantu bihutira gufata amashusho n'amafoto by'aba bombi bari biyoroshe amashuka batabaza ngo babafashe.

Igitangaje kurushaho, inzoka ya Cobra yahise iza mu buryo bw'igitangaza iruhande rwaho bari baryamye ndetse itangira gukumira uwari we wese washakaga gutandukanya uyu mugabo n'umugore.

Gusa ntihamenyekanye igihugu ibi byabereyemo ,ndetse n'aho umugabo w'uyu mugore wamatanye numugabo utari we aho yari yagiye.

Source : https://yegob.rw/inzoka-yabujije-abantu-gutandukanya-umugabo-numugore-bari-bamatanye-batera-akabariro/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *