Urutonde rw’ibyamamare 15 byatumiwe mu birori… – #rwanda #RwOT

Written by

in

Barack Obama uherutse kuzuza imyaka 60 y’amavuko yizihije ibirori by’isabukuru ye ku cyumweru muri ‘Weekend’ ishize byabereye mu gace ka Martha Vineyard ho mu mujyi wa Massachussets. Dore ibyamamare 15 byari byatumiwe:

1.Opray Winfrey

2.Jay Z na Beyonce

3.John Legend n’umugore we Chrissy Teigen

4.Larry David

5.David Letterman

6.Ava DuVernay

7.Umuhanzikazi H.E.R

8.Grabrielle Union n’umugabo we Dwyane Wade

9.Tom Hanks

10.Don Cheadle

11.Alicia Keys n’umugabo we Swizz Beatz

12.Bradley Cooper

13.Erykah Badu

14.Will Smith n’umugore we Jada Pinkett Smith

15.Common

Bamwe muri aba basitari bitabiriye ibi birori by’isabukuru ya Barack Obama babitangaje bakoresheje amwe mu mafoto bashyize ku mbuga nkoranyambaga.Muri rusange ibi birori byari byatumiwemo abantu benshi banyuranye ariko mu byamamare bizwi ni abo 15 bari batumiwe.

Src:www.TheNewYorkTimes.com,www.USAToday.com

Source : https://inyarwanda.com/inkuru/108454/urutonde-rwibyamamare-15-byatumiwe-mu-birori-byo-kwizihiza-isabukuru-ya-barack-obama-108454.html

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *