Umukozi wa REG yafashwe yakira ruswa #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

Written by

in

Bazimaziki ubu afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Remera mu gihe hategurwa dosiye kugira ngo ishyikirizwe Ubushinjacyaha.

RIB iributsa abaturarwanda ko ruswa ari icyaha kimunga ubukungu bw’Igihugu n’imitangire ya serivisi kandi kidasaza, igabasaba abantu gutanga amakuru bahamagara ku murongo utishyurwa ari wo 2040.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *