Nyamagabe: Umucamanza yambuwe ubudahangarwa akekwaho ruswa, RIB ihita imucakira –

Written by

in

Itabwa muri yombi rw’uyu mucamanza ryatangajwe na RIB ibinyujije kuri Twitter aho ivuga ko akurikiranyweho icyaha cyo kwaka no kwakira ruswa kugira ngo arekure umuntu ukurikiranyweho icyaha cy’ubujura.

RIB ivuga ko ukekwa ubu afungiye kuri Sitasiyo ya Gaseke mu gihe iperereza rikomeje kugira ngo hakorwe dosiye ishyikirizwe ubushinjacyaha

Uru rwego rwasabye abanyarwanda kugira umuco wo gutanga amakuru y’ahakekwa ruswa kandi bakayatangira igihe kugira ngo iki cyaha gikumirwe.


Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *