Umudepite yagaragaje ko u Bubiligi bwarenze umurongo bugashyira Laure Uwase mu mpuguke ku mateka y'ubukoloni #rwanda #RwOT

Written by

in

Impaka zongeye kuvuka kuri uyu wa Mbere tariki 5 Ukwakira 2020 mu Nteko Ishinga Amategeko y'u Bubiligi, ubwo itsinda ry'impuguke zatoranyijwe ngo zunganire Komisiyo idasanzwe ishinzwe gucukumbura ku mateka y'u Bukoloni bw'u Bubiligi muri Congo mu Rwanda n'u Burundi, ryatangaga raporo yaryo ya mbere.

Source : https://igihe.com/amakuru/article/umudepite-yagaragaje-ko-u-bubiligi-bwarenze-umurongo-kubwo-gushyira-laure-uwase

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *