Mineduc yijeje ko izirikana ibyifuzo by'abarimu birimo n'isoko ryihariye #rwanda #RwOT

Written by

in

Minisiteri y'Uburezi n'Ikigo gishinzwe Uburezi (REB) byagaragaje ko hari ibyifuzo bitandukanye abarimu bagiye batanga ngo imibereho yabo igende neza, bikiri kwigwaho birimo kugira iguriro ryabo ryihariye n'ibindi.

Source : https://igihe.com/amakuru/article/mineduc-yijeje-ko-izirikana-ibyifuzo-abarimu-bagiye-batanga-birimo-n-isoko

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *