Ni iki cyatumye u Rwanda rutagera ku ntego yo kwihaza ku musaruro w’umuceri? #rwanda #RwOT

Written by

in

Mu 2008, Leta y’u Rwanda yatangije umushinga wo kuvugurura ubuhinzi mu gihugu, maze ishyiraho gahunda yo guhuza ubutaka bugahingwaho igihingwa kimwe, hagamijwe kuzamura umusaruro wacyo ndetse no gukurura ishoramari mu buhinzi, byose bigamije guteza imbere Abanyarwanda barenga miliyoni ebyiri bakora ubuhinzi nk’akazi kabo ka buri munsi.

source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ni-iki-cyatumye-u-rwanda-rutagera-ku-ntego-yo-kwihaza-ku-musaruro-w-umuceri

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *