RDC: OMS mu iperereza ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina abakozi bayo bashinjwa #rwanda #RwOT

Written by

in

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS, ryatangaje ko rigiye gutangira iperereza ryimbitse ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina abakozi baryo bashinjwa gukorera abagore bo muri RDC; ubwo bajyaga kuhatanga ubufasha mu guhangana n’icyorezo cya Ebola.

source https://igihe.com/amakuru/muri-afurika/article/rdc-oms-mu-iperereza-ku-ihohoterwa-rishingiye-ku-gitsina-abakozi-bayo-bashinjwa

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *