Isi ikomeje gutsindwa urugamba rwo kurinda urusobe rw’ibinyabuzima #rwanda #RwOT

Written by

in

Umuryango w’Abibumbye washyize ahagaragara raporo y’uko ibyemeranyijweho mu nama yahurije hamwe ibihugu bisaga 196 mu Buyapani mu mwaka wa 2010 byagiye bigerwaho; aho yagaraje ko intego Isi yari yihaye yo kurengera ibidukikije no kurinda urusobe rw’ibinyabuzima itagezweho.

source https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/isi-ikomeje-gutsindwa-urugamba-rwo-kurinda-urusobe-rw-ibinyabuzima

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *