Inzobere zashimangiye ko kurya ibirimo vitamin C na D byongera ubudahangwarwa bw’umubiri #rwanda #RwOT

Written by

in

Dr. Anthony Fauci, Umuyobozi w’ikigo cy’Ikigo cy’Indwara z’Ubuhumekero n’izandura (NIAID) muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yongeye gushimangira ibyagaragajwe n’ubushakashatsi butandukanye, bwerekanye ko kugira umuco wo gufata amafunguro n’ibindi bintu birimo vitamin C na D, bishobora kufasha umubiri kubaka ubudahangarwa ukeneye mu guhangana n’indwara.

source https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/gufata-vitamin-c-na-d-bishobora-kugufasha-kubaka-ubudahangwarwa-bw-umubiri

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *