Perezida Kagame yashimiye umutoza Arteta na ba nyiri Arsenal bayigaruye mu ruhando rwo guhatanira ibikombe #rwanda #RwOT

Written by

in

Perezida Paul Kagame asanga Arsenal iri kugaruka mu ruhando rwo guhatanira ibintu bikomeye birimo n’ibikombe nyuma y’uko ba nyirayo bari kugura abakinnyi batandukanye muri iyi mpeshyi ndetse ikaba iri no kwitwara neza mu kibuga.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *