Gufungura stade abafana bakareba imipira twaba dufunguye irembo rya virusi- Dr Nsanzimana #rwanda #RwOT

Written by

in

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko kuba abafana bahita bemererwa kujya ku bibuga ubwo amarushanwa azaba asubukuwe mu minsi iri imbere, byaba bimeze nko gufungura amarembo y’icyorezo cya Coronavirus.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *