Trump yasabye ko Biden akorerwa isuzuma ry’ibiyobyabwenge mbere y’ibiganiro mpaka bazagirana #rwanda #RwOT

Written by

in

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye mugenzi Joe Biden bazahangana mu matora ya Ugushyingo, kubanza gufatisha ibipimo by’ibiyobyabwenge, nyuma y’uko Trump aketse uyu mugabo bahanganye.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *