AU yahagaritse Mali mu bikorwa byayo nyuma y’ihirikwa rya Perezida Ibrahim Boubacar Keita #rwanda #RwOT

Written by

in

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wahagaritse Mali nk’umunyamuryango wayo, nyuma y’uko abasirikare bigumuye bataye muri yombi Perezida Ibrahim Boubacar Keita ndetse agahirikwa ku butegetsi.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *