Trump yagaragaje ko atagishobora gukaraba neza kubera ikibazo cy’amazi make muri Amerika #rwanda #RwOT

Written by

in

Minisiteri ishinzwe Ingufu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye kuvugurura uko ibikoresho bifasha abantu koga bisohora amazi, ni nyuma y’uko Perezida Trump, avuze ko adashobora gukaraba neza mu misatsi ye kubera amazi make.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *