Trump yasinye iteka rigamije kugabanya ibiciro by’imiti #rwanda #RwOT

Written by

in

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kuri uyu wa Gatanu yasinye iteka ryemerera ibigo byo mu gihugu ayobora gutumiza mu mahanga imiti ku giciro kiri hasi ndetse no kugabanya ibiciro byayo ku baguzi.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *