Paris Saint-Germain yegukanye Igikombe cy’u Bufaransa, abafana basubira ku kibuga nyuma y’igihe kinini (Amafoto) #rwanda #RwOT

Written by

in

Igitego kimwe cyatsinzwe na Neymar cyafashije Paris Saint-Germain gutsinda Saint-Étienne y’abakinnyi 10, yegukana Igikombe cy’u Bufaransa mu mukino rutahizamu Kylian Mbappé yavunikiyemo.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *