U Rwanda rwahombye miliyari 76 Frw nyuma y’inama 70 zasubitswe kubera COVID-19 #rwanda #RwOT

Written by

in

Leta y’u Rwanda yahombye agera kuri miliyoni 80 z’amadolari ya Leta Zunze za Amerika, akabakaba miliyari 76 mu mafaranga y’u Rwanda bitewe n’inama 70 zagombaga kubera mu gihugu zasubitswe kubera ingamba zo kwirinda COVID-19.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *