Dinnah arashaka umuhungu bakundana bakibanira bakazatandukanywa n’urupfu. #rwanda #RwOT

Written by

in

By Doriane Umutoni


Nitwa Ubayimfura Mutuye Dinnah ntuye mu Karere ka Gakenke ndi umukobwa ukuze ugejeje igihe cyo gushaka umugabo niyo mpamvu nifuza umusore ufite gahunda yo gushaka umugore bidatinze akaba afite ubushobozi bwo gukora ubukwe ndetse no kuntunga kuko njye ntakazi mfite ariko njya ngerageza gushakisha ubuzima uko bishoboka. Abaye afite inzu nibyo byaba byiza kandi afite ubushake bwo kubaka urugo. Umuhungu tuzakundana by’ukuri tukubakana urugo rugakomera tukibanira tukazatandukanywa n’urupfu. Ubaye wumva byakunda wanyandikira inbox cyangwa ukampamagara kuri  0780317397 tukabiganiraho birushijeho.
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *