Tag: Hot

  • Ibi nibyo wakorera umukunzi wawe mu buriri agahora ntaguhararukwe #rwanda #RwOT

    Abahanga ndetse bakaba n’abashakashatsi muby’imibanire hagati y’abakundana bagaragaje ibintu 7 abashakanye cyangwa se abakundana bashobora gukurikiza mu gihe baba bari mu buriri byabafasha mu kwirinda ko hari umwe muri bo waca inyuma mugenzi we.

    1.Ugomba Kugaragariza umukunzi wawe ibyishimo kabone n’iyo waba ubabaye.
    Si byiza ko wakereka umukunzi wawe cyangwa se uwo mwashakanye ko utameze neza mu gihe mugiye gutera akabariro. Biba byiza iyo umugaragarije ko wishimye kuko bituma nawe akwisangamo cyane maze akirekura.

    2. Ugomba kubanza gushaka udukino dukurura ibyishimo mukina mbere yo gutangira igikorwa.

    Burya ni byiza ko abantu bagiye gutera akabariro babanza kuganira bikagera n’aho bakina udukino tworoheje tubafasha kwibagirwa ibyo biriwemo ndetse tukanabinjiza mu gikorwa ku buryo bworoshye cyane.

    3. Kwirinda gutekereza ko umukunzi wawe ugomba kumukorera ibimeze kimwe neza neza n’ibyo usanzwe umukorera.

    Iyo umukunzi wawe abonye uhora umukorera ibintu bimwe gusa mu gihe muri mu gihe cyo gutera akabariro agera igihe abyinubira ashaka ko wamuhindurira uburyo ubimukoreramo. Ni byiza ko umenya uburyo bunyuranye bwo kwitwaramo mu gihe urimo gutera akabariro n’umukunzi wawe.

    4. Uzirinde gutekereza ko ibyo wakoreraga umukunzi wawe wa mbere aribyo uzakorera n’undi uzamukurikira.

    Abantu bakunda bitandukanye kandi bakanyurwa mu buryo butandukanye. Gutekereza ko ibyashimishaga umukunzi wawe wa mbere ari byo byanashimisha uwamukurikiye ntabwo aribyo. Ugomba gukora uko ushoboye ukamenya ibishimisha umukunzi wawe mbere y’uko atangira kukwinuba.

    5. Kwirinda kugira undi muntu uza mu ntekerezo zawe mu gihe urimo gukorana imibonano mpuzabitsina n’umukunzi wawe.

    Si byiza ko watekereza undi muntu mu gihe uri gutera akabariro n’umukunzi wawe cyane cyane uwo mwigeze gukundana kuko bituma utiyumva mu gikorwa murimo gukora bityo ukaba wanabikora bitagufasheho na we ntanyurwe n’uburyo ubyitwaramo.

    6. Kumenya ko ku munwa atariho basomana gusa mu gihe uri gutera akabariro n’umukunzi wawe.

    Mu gihe urimo gutera akabariro, ugomba kumenya ko umukunzi wawe atari ku munwa gusa akeneye ko umusoma kuko bimushimisha cyane iyo ugerageza no kumusoma n’ahandi hatandukanye nko ku kiganza no ku ntoki, ukagenda uzisoma rumwe ku rundi n’ahandi bigaragaza ikimenyetso cy’uko umwishimiye.

    7. Kumenya ko gukora imibonano atari ibintu bihubukirwa ahubwo bibanza gutegurwa
    Ni byiza kubanza kwitegura bihagije mbere yo gutangira igikorwa cyo gukora imibonano n’umukunzi wawe. Iyo mubanje gutegura igikorwa bibafasha kugikora mutuje mwese mwamaze kubyiyumvamo.

    Mugihe ubona ko gutera akabariro bigenda bikugora mbese ukaba urangiza vuba niba uri umusore cyangwa ukaba nta mavangingo ugira ahagije nk’abandi bagore.
    Twandikire kuri iyi email: [email protected] cg kuri WhatsApp kuri: 0788251903 maze tukugire inama tunagufashe kuvurwa bikire burundu

    Sura Instagram yacu: @imirasireoffical

    Imirasire

    View online :

    Source : https://imirasire.com/?Ibi-nibyo-wakorera-umukunzi-wawe-mu-buriri-agahora-ntaguhararukwe

  • Amafoto ya Miss Josine Ngirinshuti uzahagarar… – #rwanda #RwOT

    Miss Earth ni irushanwa mpuzamahanga ry’ubwiza rikomeye ku Isi rikaba rifite umwihariko wo kubungabunga ibidukikije. Ni irushanwa rya 3 ryitabirwa n’ibihugu byinshi ku Isi. Kubera icyorezo cya Covid-19, irushanwa ry’umwaka ushize ryabaye hifashishijwe ikoranabuhanga ndetse n’iry’uyu mwaka naryo rizaba hifashishijwe ikoranabuhanga. Umukobwa witwa Lindsey Coffey wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika niwe wegukanye ikamba ry’umwaka ushize (Miss Earth 2020) mu muhango wabaye tariki 29/11/2020. Umwaka ushize nta munyarwandakazi witabiriye iri rushanwa.

    Mu gushakisha umukobwa w’umunyarwandakazi uzitabira Miss Earth 2021, habaye amatora yabereye kuri interineti kuri missearth.inyarwanda.com mu gihe cy’iminsi itatu, nyuma yaho hiyambazwa Akanama Nkemurampaka kemeje kuwa 18 Ukwakira 2021 ko Josine Ngirinshuti ari we wegukanye ikamba hashingiwe ku buranga bwe, amajwi yagize (37,260) ndetse n’umushinga we n’uburyo awusobanura neza.

    Nyuma yo kwegukana irushanwa rya Miss Earth Rwanda, Josine Ngirinshuti w’imyaka 22 y’amavuko utuye i Kagugu mu mujyi wa Kigali, yanyarukiye ku rukuta rwe rwa Instagram (@nshutijosine_250) avuga ko umutima we wuzuye umunezero. Yavuze ko yishimiye cyane inkunga yetewe n’abamushyigikiye bose muri iri rushanwa anashimira abariteguye. 

    Josine Ngirinshuti ni we wabaye Miss Earth Rwanda

    Clemy Keza ukuriye Akeza Talent Ltd yateguye irushanwa rya Miss Earth Rwanda, yabwiye INYARWANDA ko irushanwa rya Miss Earth 2021 rizaba mu Ugushyingo 2021 ribe hifashishijwe ikoranabuhanga kubera Covid-19. Yavuze ko umukobwa uzaba Miss Earth 2021 azahembwa ibihumbi 20 by’amadorali y’Amerika (aragera kuri Miliyoni 20 z’amanyarwanda) ariko ayahabwe mu byiciro. Yongeyeho ko hari n’andi makamba azatangwa ariyo Miss Air, Miss Fire na Miss Water.

    Yagize ati “Ibihembo, ahembwa $20,000 bamuha mu byiciro, ariko kuri uwo munsi ahita ahabwaho ibihumbi bitanu by’amadorali ($5,000), umwaka wo kuba muri Philippines, hakaniyongeraho n’ibindi bitewe n’ibyabonetse kubera abaterankunga. Bariya ba Miss Air, Miss Fire na Miss Water bahembwa $1000 (1,000,000 Frw) buri umwe, ayahabwa ako kanya”. Keza yavuze ko na hano mu Rwanda bazatora Miss Air, Miss Fire na Miss Water, bakaba bazibanda ku mishinga y’abakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Earth Rwanda.

    Miss Josine Ngirinshuti azahagararira u Rwanda muri Miss Earth 2021

    Josine Ngirinshuti afite umushinga ugamije gukemura ikibazo cy'amafunguro amenwa na za Hoteli n'ibindi bigo bitandukanye. Asobanura ko ibyo kurya bimenwa byangiza ikirekire, bityo ko ashaka gufatanya na Leta 'mu gutanga ubukangurambaga mu baturage, mu mashuri ndetse n'ahandi hahuriye imbaga nyamwinshi kubigisha uburyo bashobora kurinda ibidukikije birinda kumena amafunguro basigaje. Yongeyeho kandi ko aho kumenya ayo mafunguro bajya bareba uko bayakusanya atarageza igihe cyo kumenwa, maze bakayaha abashonje kuko baba bahari bayakeneye.

    Miss Josine ntiyishimira kubona ibiryo bimenwa kandi hari abantu bishwe n’inzara

    Miss Josine w’i Kagugu asanga kumena ibiryo bikwiye kwirinda kuko byangiza ikirere

    Miss Josine yiteguye kuzahagararira neza u Rwanda muri Miss Earth 2021

    Miss Josine yahize beganzi be mu matora yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga

    AMAFOTO: Iradukunda Jean de Dieu (InyaRwanda.com) & Instagram

    Source : https://inyarwanda.com/inkuru/110644/amafoto-ya-miss-josine-ngirinshuti-uzahagararira-u-rwanda-mu-irushanwa-rya-miss-earth-2021-110644.html

  • Amafoto y'abanyarwandakazi yabiciye bigacika kuri instagram muri iki cyumweru – YEGOB #rwanda #RwOT

    Muriki cyumweru turimo kugana ku musozo abanyarwandakazi batandukanye babinyujije ku mbuga nkoranyambaga bakoresha basangije ababakurikirana amafoto atandukanye. Hano twabakusanyirije amwe mu mafoto y'abanyarwandakazi yabiciye bigacika kuri instagram muriki cyumweru.

    1. Sacha Kate

    2. Kate Bashabe

    3. Miss Ishimwe Naomie

    4. Yolo The Queen

    Source : https://yegob.rw/amafoto-yabanyarwandakazi-yabiciye-bigacika-kuri-instagram-muri-iki-cyumweru/

  • Video: ShaddyBoo yaraye abyiniye mu kabari inyamirambo abantu barumirwa – YEGOB #rwanda #RwOT

    Ku munsi wejo kuwa Kane nibwo mu Rwanda hatangiye kubahirizwa ingamba nshya zo kwirinda coronavirusi, zirimo no kuba harafunguwe utubari.Shaddy Boo umwe mu bakunzwe mu myidagaduro yagaragaye abyina mu buryo budasanzwe imbyino gakondo ubwo yari yasohokeye mu kabari kamwe I Nyamirambo. Muri aya mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza abantu benshi bakomera amashyi Shaddyboo ubwo yacinyaga akadiho.

     

    Source : https://yegob.rw/video-shaddyboo-yaraye-abyiniye-mu-kabari-inyamirambo-abantu-barumirwa/

  • Amafoto 7 ya Tanasha Donna wabyaranye na Diamond usigaye utuma abagabo benshi badasinzira #rwanda #RwOT

    Niba hari umukobwa usigaye ugaruka cyane mu mitwe y’inkuru muri aka karere k’Afurika y’Iburasirazuba, ni umuhanzikazi ukomoka muri Kenya wari umukunzi Diamond Platnumz banafitanye umwana, Tanasha Donna bitewe n’amafoto asigaye ashyira hanze akurura abagabo benshi.

    Ni umukobwa mu minsi yashize wanashinjwaga kwiyongeresha bimwe mu bice by’umubiri we kugira ngo akomeze avugishe abatari bake bitewe n’imiterere ye.

    Uyu mugore w’umwana umwe, benshi mu bafana birirwa bamubaza ku mbuga nkoranyambaga ibanga bakoresha kugira ngo nabo base neza.

    Tugiye kureba amafoto 7 abumbatiye ubwiza asigaye afite muri iyi minsi.

    1. Ubwiza bwe buranganza benshi

    Uyu mugore w’umwana umwe w’umuhungu ntabwo afite impano yo kuririmba gusa, ahubwo afite n’ubwiza burangaza benshi.

    2. Asigaye agagara nk’utunze agatubutse

    Tanasha Donna amaze igihe akora cyane kugira ngo na we agire icyo yigezaho, ni mu gihe benshi bavugaga ko yari atunzwe na Diamond, muri Kanama 2021 yatangaje ko yari amaze igihe na we yishoramo amafaranga ari bwo bwiza bamubonana.

    3. Imyenda igaragaza imiterere ye

    Kuva icyo gihe yatangiye kujya yambara imyenda imwegereye ndetse igaragaza imiterere ye mu rwego rwo kugaragaza Tanasha Donna mushya.

    4. Ubwiza budashidikanywaho

    Yahinduye ibara ry’umusatsi we ku buryo ujyanye n’ibara ry’umubiri we, ubibonye akabona ko bijyanye, ntiyibagiwe no kwerekana imiterere isigaye irangaza benshi.

    5. Guhindura uburyo yifotozamo

    Niba uri umufana wa Tanasha Donna birakoroheye kubona ko uburyo asigaye yifotozamo muri iyi minsi bwahindutse, ni mu rwego rwo kwerekana uruhande rwe rwiza.

    6. Mu myenda yo kogana 'Bikini’

    Ntabwo yakundaga kwambara imyenda yereka igice cy’umubiri we kitambaye cyane, ariko muri iyi minsi akunze kugaragaza uburyo aba aberewe iyo yambaye Bikini.

    7. Inkuru y’ishusho ye nshya

    Uyu muhanzikazi ntabwo arasobanura uburyo yabonyemo ishusho ye nshya isigaye ikereza abagenzi, ni mu gihe abakunzi be bifuza ko agira icyo ababwira vuba.

    Source : http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/amafoto-7-ya-tanasha-donna-wabyaranye-na-diamond-usigaye-utuma-abagabo-benshi-badasinzira

  • Wa mukobwa uri mu ndirimbo ya Juno Kizigenza yatwitse instagram – YEGOB #rwanda #RwOT

    Kuri ubu iyo umuntu avuze izina Ezee Daring abasobanukiwe ndetse n'abakurikiranira hafi showbizz yo mu Rwanda bahita bamenya ko ari umukobwa wagaragaye mu mashusho y'indirimbo Please Me ya Juno Kizigenza, amashusho yavugishije benshi kubera tumwe mu duce tuyagaragaramo.

    Uyu mukobwa, Ezee, abinyujije kuri instagram ye yashyize hanze amwe mu mafoto ye arimo n'aya akurikira nuko arongera agaruka mu mitwe y'ababonye indirimbo Please Me ya Juno Kizigenza.

    Nyuma yuko Ezee ashyize hanze aya mafoto bamwe mu bamukurikira batangaje ibi bikurikira:

    Source : https://yegob.rw/wa-mukobwa-uri-mu-ndirimbo-ya-juno-kizigenza-yatwitse-instagram/

  • IFOTO Y'UMUNSI: Miss Meghan, Elsa na Liliane Iradukunda – YEGOB #rwanda #RwOT

    Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 11 Nzeri 2021 twabazengurukiye imbuga nkoranyambaga zitandukanye kugirango tubategurire ifoto y'umunsi. Ifoto twabahitiyemo kuri uyu munsi ni iya Miss Meghan Nimwiza ari kumwe na Miss Iradukunda Elsa ndetse na Miss Iradukunda Liliane.

    Source : https://yegob.rw/ifoto-yumunsi-miss-meghan-elsa-na-liliane-iradukunda/

  • IFOTO Y'UMUNSI: Dj Iraa yambaye umwenda ugaragaza umukondo ku isabukuru ye – YEGOB #rwanda #RwOT

    Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 07 Nzeri 2021 nibwo Dj Iraa yizihije isabukuru ye y'amavuko. Amafoto Dj Iraa yashyize hanze amenyesha abamukurikira ko yizihije isabukuru nziza yavugishije abantu batari benshi ku mbuga nkoranyambaga bitewe n'imyambaro yari yambaye. Aya mafoto ya Dj Iraa niyo twabahitiyemo nk'amafoto y'umunsi.

     

    Source : https://yegob.rw/ifoto-yumunsi-dj-iraa-yambaye-umwenda-ugaragaza-umukondo-ku-isabukuru-ye/

  • Nyirandabizi ari mu babwiye Shaddyboo uko yamubonaga kera – YEGOB #rwanda #RwOT

    Shaddyboo abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter  yasabye abamukurikira kumubwira uko bumvaga ameze kera.

    Shaddyboo yanditse agira ati ” Ngaho munyibwirire numve 😄. #keranarinziko ShaddyBoo ari…? “.

    Umwe mu bafana ba Shaddyboo witwa Made in Rwanda influencer yamusubije agira ati ” Ibubu narinziko Utajya uvuga!😀😀😀Igihe cyose nakubonaga ahantu wabaga utuje sana!😀 “. Undi witwa Mugenga Fiacre yagize ati ” Narinziko uri umuzungu utanjya uvuga urenze cyane “. Uwitwa Nyirandabizi we yagize ati ” Narinziko ahenze kumbi, kuri macye yawe yagutekera ubugari😂 “.

    Ngaho munyibwirire numve 😄.#keranarinziko ShaddyBoo ari …?

    — Shaddyboo (@shaddyboo__92) August 31, 2021

    Source : https://yegob.rw/nyirandabizi-ari-mu-babwiye-shaddyboo-uko-yamubonaga-kera/

  • Umukobwa ufite amabere manini ku isi yahishuye ibimunezeza. – YEGOB #rwanda #RwOT

    Uyu mukobwa wo mu gihugu cya Ghana yavuze ko mubuzima bwe anezezwa cyane no kuba afite amabere manini cyane,ndetse ko bimuteye ishema kuba ayafite.

    Uyu mukobwa umurika imideli ubwe yatangaje ko atigeze ajya guhinduza umubiri we ngo bamuhe ibice binini by'umubiri we ugereranyije n'ibyo yari afite. BustyGh, avuga ko uko ateye bimushimishije cyane ngo dore ko umutungo afite udafitwe n'abandi bose kandi ngo ntacyo yakoze ngo umugereho.

    Mu kiganiro yagiranye na KofiTv, uyu mukobwa yabajijwe uko byaje ngo yisange yabaye ikimenyabose, avuga ko byaje ubwo yatangiraga gukora umwuga wo kumurika imideri.Ati

    'Njye natangiye kumenyekana ubwo natangiraga gukora umwuga wo kumurika imideri, uyu mwuga ni wo watumye abantu benshi bamenya kuko nk'ubu nkurikirwa cyane kumbuga nkoranya mbaga zanjye. Ntabwo ntewe isoni n'ubunini bw'amabereye yanjye, ahubwo ntewe ishema no kuba mfite ibintu bidafitwe n'abandi bakobwa'.

    Source : https://yegob.rw/umukobwa-ufite-amabere-manini-ku-isi-yahishuye-ibimunezeza/