Tag: People

  • Fata icyemezo bwangu niba ubona ibi bimenyetso ntabwo umukunzi wawe mukwiranye. – YEGOB #rwanda #RwOT

    Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibimenyetso wagenderaho ukemeza ko umukunzi mukundana ubu wamuyobeyeho,atari wowe yagenewe ,byaba byiza uhise ufata icyemezo byihuse:

    1.Nawe ubwawe ubyiyumvamo

    Umuntu yabasha kubehsya undi/abandi bantu. Ariko umutima wawe n'intekerezo byawe ntushobora kubibeshya. Niba rero nawe ubwawe urukundo urimo utarwiyumvamo ndetse rutagushimishije,ni ikindi kimenyetso ko ugomba kubivamo ugashaka undi mukunzi.

    2.Inshuti zawe zirabikubwira

    Inshuti zawe n'umuryango wawe bashobora gutuma uhitamo nabi umukunzi cyangwa bakakuyobya . Kimwe n'uko bagufasha kugira mahitamo meza. Mu buzima hari abantu bakuba hafi b'inshuti zawe magara(z'akadasohoka). Akenshi aba bakunzi baba bazi imiterere n'imitekerereze byawe. Niba rero izi nshuti zawe twise izahafi kandi nawe wizera zikugira inama yo kureka umukunzi mukundana ubu ,kuko babona ntacyo bizakugezaho,wibima amatwi. Bitekerezeho unababaze ingaruka mbi babibonamo. Jya utinya iritavuze umwe.

    3.Usigaye wumva wikundiye abandi basore/bakobwa

    Nubwo uri murukundo ariko usigaye ushimishwa no kumva wakwikundanira n'undi mukobwa/muhungu. Wumva aribyo byaguha umunezero nibyishimo. Hari ikindi kimenyetso utegereje?Nawe ubwawe warambiwe urukundo urimo,ntirukigushimishije . Uba wumva hari icyo ubura ubona wabonera ahandi.

    4.Ugerageza kubyima amaso

    Guhunga ukuri ntibikubuza kuba ukuri. Niba ubona bitagenda hagati yawe n'umukunzi wawe, nacyo twagishyira mu ngingo wagenderaho ukemeza ko urukundo urimo ari ubuyobe.

    5.Ntiwishimiye urukundo rwanyu

    Iki ni ikimenyetso shingiro ukwiriye kugenderaho. Iyo uri murukundo nyarukundo ndetse rufite intego ifatika,mugomba kurangwa no kwishimira urukundo rwanyu. Niba utakigira cyangwa utarigeze urangwa nibyishimo mu rukundo rwanyu, mukaba musigaye muhora mugirana ibibazo bidashira, wayobye inzira ,umukunzi mukundana si wowe yagenewe. Kugirana ikibazo ku bakundana bibaho kandi si nigitangaza,ariko niba wowe n'umukunzi wawe muhorana ibibazo bidashira ,kutumvikana guhoraho, intonaganya za buri munsi ,ibi byose byakwereka ko mutaremewe gukundana.

    6.Ibibi biruta ibyiza

    Mu rukundo buri wese aba agomba kuhabonera ibyiza. Nubwo hatabura n'ibibazo. Ariko usigaye wicara ugasanga ibibi biri mu mubano wanyu biraruta kure ibyiza bibahuza. Va kugiti shaka undi mukunzi uzagufata neza,akagutetesha akakwereka ibyiza by'urukundo.

    Source : https://yegob.rw/fata-icyemezo-bwangu-niba-ubona-ibi-bimenyetso-ntabwo-umukunzi-wawe-mukwiranye/

  • Ku myaka 55 atararyamana n'umugabo n'umwe yakoze ubukwe bw'agatangaza||hibazwa niba azabyara. – YEGOB #rwanda #RwOT

    Umukecuru w'imyaka 55 y'amavuko utarigeze na rimwe uryamana n'umugabo numwe mu buzima bwe byarangiye arongowe n'umugabo w'intiti bakora ubukwe bw'agahebuzo.

    Uyu mukecuru ukomoka muri Nigeria yitwa Esther Bamiloye akaba afite imyaka 55. Nta kwezi kurashira arushinganye n'umukunzi we witwa Isaac Bakare umusaza w'imyaka 62 w'intiti wasoje icyiciro cya 2 cya kaminuza.

    Uyu mukecuru mu bihe byashize nk'uko ikinyamakuru Legitpost cyabigarutseho yabwiye ikinyamakuru kitwa 'The Punch' ko yirinze abagabo akagumana ubusugi bwe kugeza igihe azarushingira none inzozi ze zibaye impamo. Ubukwe bwabo bwabereye mu mujyi witwa Osun State uherereye mu Buengerezuba bwa Nigeria.

    Akenshi umugore acura ku myaka 45 ariko rimwe nari mwe hari abayirenza cyangwa bakajya munsi yayo. Esther Bamiloye ku myaka ye 55 afite icyizere cy'uko azabyara ndetse intego ye ngo ni uguteza imbere umuryango we.

    Source : https://yegob.rw/ku-myaka-55-atararyamana-numugabo-numwe-yakoze-ubukwe-bwagatangazahibazwa-niba-azabyara/

  • Musore/mugabo ,koresha izi tekinike niba ufite ikibazo cyo kurangiza vuba ubundi wirebere. – YEGOB #rwanda #RwOT

    Abagabo benshi baterwa ipfunwe no kutabasha gushimisha abakunzi babo mu gikorwa cyo gukora urukundo ,bitewe no kurangiza vuba.Muri iyi nkuru turababwira technique ebyiri rwose abashakanye cyangwa abakundana bakoresha maze bagatinza igihe cyo gutera akabariro. Gukoresha agakingirizo nabyo kandi buriya birafasha. Iyo umuntu akoresha agakingirizo ntiyumva cyane umubiri w'uwo bari gukora imibonano mpuzabitsina bityo bigatuma arangiza atinze.

    Tekinike ya 1: Squeeze Technique

    Squeeze technique ni ugukanda ubugabo aho umutwe w'igitsina utereye. Ibi bikorwa iyo umugabo yumva agiye gusohora kandi bigakorwa amasegonda 30. Ibi bihagarika gusohora. Mushobora gusubiramo ibi inshuro zigera kuri 5 mbere yuko noneho mureka umugabo akarangiza.

    Tekinike ya 2: The Start and End

    Ubu ni uburyo bworoshye kandi bumenyerewe. Umugabo cyangwa se umugore ahagarika imibonano mpuzabitsina igihe yumva yari agiye gusohora (ariko atarasohora) amasegonda 30-60. Iyo yumvise gusohora bitakibaye, barongera bagasubukura imibonano mpuzabitsina. Ukomeza usubiramo inshuri 4 kugera kuri 5.

    Ngayo nguko rero mwe mukomeje kudukurikira umunsi kuwundi. Niba urangiza vuba mu gihe uri mugikorwa nuwo mwashakanye koresha izo tekinike. Zirizewe kandi cyane.

    Source : https://yegob.rw/musore-mugabo-koresha-izi-tekinike-niba-ufite-ikibazo-cyo-kurangiza-vuba-ubundi-wirebere/

  • Amashusho y'umusore wa bettinze akaribwa akomeje gusetsa abantu (Video) – YEGOB #rwanda #RwOT

    Imikino y'amahirwe izwi nka 'Betting' nimwe mu mikino iharawe cyane cyane n'urubyiruko aho utomboza ikipe iributsinde hagati y'amakipenabiri mumikino itandukanye maze byahura ugahabwa amafaranga watsindiye. Gusa iyi mikino ntikunze guhira bose kuko usanga abenshi yarabamazeho amikoro kubera kuribwa umunsi ku munsi ndetse hakaba nabagera kurwego rwo kugurisha ibyo batunze kugirango babone ayo bashora muriyo mikino.

    Amashusho yasakaye kumbuga nkoranyambaga agaragaza umusore wari muzu bategeramo kuriyi mikino, arimo aca udupapuro tugera kuri 3 nyuma yuko asanze ntanakamwe kabashije gutsinda. Uyu musore kandi agaraga yifashe mumutwe aahangayitse cyane nkundi muntu wese wari witeze amafaranga ahantu ariko akaba ayabuze.

    Reba Video:

    Reba andi makuru y'ibyamamare hano:

    Source : https://yegob.rw/amashusho-yumusore-wa-bettinze-akaribwa-akomeje-gusetsa-abantu-video/

  • Yafunzwe imyaka 22 yose arengana, uko byamugendekeye afunguwe birarenze. – YEGOB #rwanda #RwOT

    Umugabo ukomoka muri Amerika yitwa Eddie Bolden yafunzwe imyaka 22 ariko agisohoka muri gereza yahise aba umuherwe ukomeye cyane.

    Eddie yakatiwe muri 1994 nyuma yo guhamwa n'icyaha cyo kwica abantu babiri kandi arengana ,uyu yaje kurekurwa ndetse ahita ahabwa akayabo k'amafaranga yifuzwa na benshi ku isi.Nyuma yaho bigaragaye ko uyu mugabo arengana umucamanza yahise ategeka ko bamuha impozamarira ingana na miliyoni 22 z'amadorali .Bolden warekuwe muri 2016 ,uyu yahise ahabwa urupapuro rwemeza ko yarenganye ndetse agomba guhabwa impozamarira yuko yafunzwe igihe kingana gutyo azira ubusa.Uyu mugabo yahise aba umuherwe nyuma yo kwegukana ako kayabo ka miliyoni 22 z'amadorali yahawe. Bolden yashinjwaga kwica abana babiri umwe w'imyaka 23 na 24.

    Source : https://yegob.rw/yafunzwe-imyaka-22-yose-arengana-uko-byamugendekeye-afunguwe-birarenze/

  • Abantu bishwe n'ibitwenge babonye inkumi ebyiri zarwaniye mu muhanda zipfa umugabo hafi kwicana(amashusho) – YEGOB #rwanda #RwOT

    Abakobwa b'inkumi bagaragaye barwana inkundura bapfa umugabo bagaragurana umuhanda wose hafi yo kwicana.

    Mu mashusho yasakaye ku mbugankoranyambaga yerekana abakobwa babiri barwanye gishumba mu muhanda nyuma yo gushwana cyane bapfa umugabo bose bakunda.Aba bakobwa bakubitanye ingumi bapfurana imisatsi abantu baraseka biratinda.

    Source : https://yegob.rw/abantu-bishwe-nibitwenge-babonye-inkumi-ebyiri-zarwaniye-mu-muhanda-zipfa-umugabo-hafi-kwicanaamashusho/

  • Urwandiko rwa MUNYANEZA Jean rusaba guhinduza… – #rwanda #RwOT

    Turamenyesha ko uwitwa MUNYANEZA Jean mwene Munyankindi Celestin na Mukaruyange Immaculee, utuye mu Mudugudu wa Indangamirwa, Akagari  ka Kiyovu, Umurenge wa Nyarugenge, Akarere ka Nyarugenge, mu Mujyi was Kigali wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza  amazina asanganywe ariyo MUNYANEZA Jean, akitwa John Munyaneza mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhindura izina ni ‘Niyo mazina nakoresheje mu ishuli kuva ngitangira kwiga’.

    Byemejwe na Gatabazi Jean Marie Vianney Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu

    Agaciro k’icyangombwa: Cyatanzwe kuwa 2021-09-21

    Source : https://inyarwanda.com/inkuru/111246/urwandiko-rwa-munyaneza-jean-rusaba-guhinduza-amazina-111246.html

  • Biratangaje kubona umugabo n' umugore bari gutera akabariro hejuru yinzu _inkuru irambuye #rwanda #RwOT

      Mubyukuri, iyo bamwe bavuga ko isi igiye kurangira ureba ugasanga batibeshya. Imibonano mpuzabitsina ntikiri igikorwa cy'ibanga, cyo guhisha muri iki gihe, usanga bamwe bashobora kuyikorera ahantu aho ariho hose kubera ko ahantu hihariye hatagikenewe mugihe kamere ihamagaye, batitaye ku bari iruhande rwabo.
      Muri videwo yafashwe na bamwe mu bakozi bakora muri etaje yo hejuru aho bakorera, igaragaza abashakanye bishimisha bakora imibonano mpuzabitsina hanze batitaye kubashobora kuba bari kureba ibyo barimo.
      Aba bashakanye bafashwe kuri kamera bishimira imibonano muri pozisiyo ya doggy style hejuru yinzu babamo, abakozi nano basa n'abahagaritse akazi bari gutangarira ibiri kubera hejuru y'inzu iri hakurya yabo.
      Aba bombi wabonaga ntacyo babyitayeho kuko bombi bagize ibihe byiza bambaye ubusa buriburi bakorera imibinano mpuzabitsina ku manywa y'ihangu hejuru yinzu yabo.

    Source : https://impanuro.rw/2021/11/08/biratangaje-kubona-umugabo-n-umugore-bari-gutera-akabariro-hejuru-yinzu-_inkuru-irambuye/

  • Umusore yahuye n'uruva gusenya ubwo yatereraga ivi umukobwa yishukaga ko amukunda #rwanda #RwOT

    Nubwo izi ari inzozi za benshi, umukobwa ukiri muto yasebeje umukunzi we wateye ivi ku mugaragaro amusaba kuzamubera umugore aho kubyemera amukubita urushyi karundura

    Uyu musore yafashe umwanzuro wo guterera ivi mu ruhame agasaba uyu mukobwa bigana ku kigo kimwe ko yazamubera umugore ariko byarangiye ahuye n'akaga atazibagirwa.

    Video yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yerekanye uyu mukobwa akubita inshyi umukunzi we wari umaze gutera ivi amusaba kuzamubera umugore.

    Bivugwa ko ibi byabereye muri kaminuza yitwa Ambrose Ali i Ekpoma, muri leta ya Edo muri Nigeria.

    Muri iyo videwo, umusore yagaragaye apfukamye afite impeta mu ntoki.Yatanze icyifuzo cye ariko uyu mukobwa ukiri muto ararakara cyane.

    Nubwo abahisi n'abagenzi bamushishikarije kuvuga ngo “Yego,” yashubije amukubita urushyi.

    Source : https://umuryango.rw/ubuzima-115/udushya/article/umusore-yahuye-n-uruva-gusenya-ubwo-yatereraga-ivi-umukobwa-yishukaga-ko

  • Umugabo utaragiraga aho kuba n'ibyokurya ubu atunze miliyoni zirenga 40 z'amadolari #rwanda #RwOT

    Nick Mocuta w'imyaka 37, yakuriye muri Rumaniya ariko buri gihe yifuzaga kujya gushaka akazi muri Amerika. Afite imyaka 21, yimukiye muri Amerika nta kindi kirenze atunze uretse amadorari 500 mu mufuka.

    Yasangije abantu inzira igoye yanyuzemo kugira ngo agere ku ntsinzi, harimo gusinzirira ku ntebe, kutagira aho aba no kubaho arya biryo bihendutse.

    Mu byukuri, nubwo yumvaga icyongereza gike cyane afite imyaka 21, Mocuta yagiye i Los Angeles afite amadorari 500 nyirakuru yamuhaye kugira ngo atangire ubuzima bushya.

    Kubera ko atashoboye kubona icumbi ndetse nta n'umuntu baziranye yari azi muri USA, uyu mugabo wari urangije amasomo y'ubucuruzi yamaze ibyumweru byinshi aryama ku ntebe yo muri parike rusange kandi ntiyashoboraga kugura ibiryo.

    Nick yabwiye Jam Press ati: 'Taxi ya mbere nafashe ngo injyane mu mujyi yantwaye amadorari 100, nsigaraba andi 400 – umuco warantunguye,sinzigera nibagirwa icyo gice. Nisanze ntaho kuba mfite muri LA, ndyama ku ntebe muri parike, kandi ndya amafaranga make. Najyaga kugura burger y'idolari kwa McDonald nkababwira nti “nta foromaje” kugira ngo ntishyuzwa amafaranga y'inyongera. “

    Mu mezi make yakurikiyeho, Nick yashoboye kubona akazi gahemba make kandi amaherezo yashoboye kuzigama amafaranga ahagije yo gukodesha inzu ntoya.

    Hanyuma, yatsindiye kubona uruhushya rwo kuba umuhuza hagati y'abaguzi n'abagurisha ibizwi nk'ubukomisiyoneri.

    Nubwo Nick Mocuta yatekerezaga ko kubona imitungo aribwo buryo bwamufasha gukira, yatangiye ubucuruzi bushya mu 2013 buza guhindura ubuzima bwe ubuziraherezo.

    Ubu uyu mugabo w'imyaka 37 yatangiye kugurisha ibintu nka telefone ngendanwa hamwe n'ibikoresho byatumizwa mu Bushinwa kuri eBay kandi nyuma y'amezi atandatu gusa yinjizaga amadorari 4000 ku kwezi.

    Amaze kubona agatubutse muri kariya kazi,yafashe umwanzuro wo kukareka kugira ngo yibande ku bucuruzi bwe bwite mu bw'ibikoresho by'ikoranabuhanga.

    Nyuma y'imyaka icyenda, uyu mugabo yabonye ubwenegihugu bwa Amerika none ubu ufite amaduka menshi acururiza kuri interineti kandi amaze kwinjiza hafi miliyoni 40 zamadorali.

    Nick yagize ati: 'Ntekereza ko impamvu natsinze ari uko ntigeze ntinya gutsindwa, no kugerageza. Ndihangana cyane kandi sinigera ndekera. Natsinzwe inshuro zirindwi, mpaguruka ku ya munani. “

    Umugabo afite inzu z'amagorofa 100 muri Amerika na Roumania kandi afite imodoka enye nziza. Yaguriye igorofa rimwe se na murumuna we.Afite abakiriya amagana ndetse akorana n'ibigo bikomeye nka Amazon na Walmart.




    Source : https://umuryango.rw/ubuzima-115/imibereho/article/umugabo-utaragiraga-aho-kuba-n-ibyokurya-ubu-atunze-miliyoni-zirenga-40-z