Tag: news

  • Umunyamakuru Friday James wakoreye televiziyo Rwanda yakoze ubukwe #rwanda #RwOT

    Friday James, umunyamakuru usigaye wibera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakoze ubukwe na Karemera Sandrine biyemeza kubana akaramata.

    Ni ubukwe bwabaye ku munsi w’ejo hashize ku wa Gatandatu tariki ya 25 Nyakanya 2020, bubera muri Amerika aho batuye.

    Ni ubukwe bwabereye ku nkombe z’ikiyaga bukaba bwitaburiwe n’abantu banyuranye, inshutu n’umuryango w’abageni.

    Umuhango wabereye ku nkengero z’ikiyaga

    Friaday James abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram aherutsa gutangaza ati“inzozi zibaye impamo! Ndishimye kandi mbuze amagambo yo kuba njye na Sandrine isezerano ryo ry’urukundo no kuzabana ribaye impamo. twahawe umugisha n’Imana n’ababyeyi bacu. Turishimira urukundo rwacu turishyira ku y’indi ntera tugiye kuba umugore n’umugabo.”

    Fridaye James akaba yasezeranye kubana akaramata na Sandrine nyuma y’uko muri Nzeri 2019 yari yateye ivi amusaba kuzamubera umugore.

    Bahamije isezerano ryabo imbere y’Imana

    Icyo gihe Friday James yashimiye Sandrine kuba yaramubereye inshuti nziza, umujyanama ndetse n’umwunganizi utaramutengushye.

    Mu magambo yuje amarangamutima, Friday James yagaragaje ko yishimiye kuba azabana n’umugore bahuje itariki y’amavuko.

    Yagize ati“ni byiza kuba ngeze ku ntera yo kuba nashyingiranwa na Sandrine. Rwari urugendo nyarwo kandi rushimishije, nshimishijwe n’ibyo Imana idufitiye mu minsi iri mbere, sinatekerezaga ko kuba duhuye dusangiye itariki y’amavuko (15 Gashyantare) byatuma tubana ubuzima bwacu bwose.”

    Muri Nzeri 2019 yari yamwambitse

    Friday James yamenyekanye cyane kuri TVR mu biganiro binyuranye ndetse n’amakuru, yanamoreye kandi TV10.

    source http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/umunyamakuru-friday-james-wakoreye-televiziyo-rwanda-yakoze-ubukwe

  • Patient Bizimana yabaye umuhanzi wa mbere wa Gospel uririmbye mu iserukiramuco ribera kuri RTV #rwanda #RwOT

    Iri serukiramuco riri kuba ku nshuro ya kabiri ryatangijwe umwaka ushize aho ryagejejwe mu Ntara zose n’Umujyi wa Kigali. Bitewe n’icyorezo cya Covid-19 cyugarije u Rwanda n’Isi muri iki gihe, byabaye ngombwa ko abaritegura bahindura umuvuno rikaba hifashishijwe ikoranabuhanga.

    Kuri iyi nshuro rero Patient Bizimana niwe wari utahiwe kuririmba muri iri serukiramuco. ni umuramyi wamenyekanye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana. Nka ‘Iyo neza’,‘Amagambo yanjye’,‘Menye neza’, ‘Ikimenyetso’, ‘Ubwo buntu, ‘Ndaje’ n’izindi nyinshi.

    Uyu muhanzi, umuziki yawutangiye akiri muto, akiyumvamo impano yatangiye kwihatira kwiga gucuranga piano mu rusengero hanyuma bigeze mu 2007 asohora indirimbo ye bwite yitwa ‘Andyohera’ ari nabwo benshi batangiye kumubwira ko afite ijwi ryiza.

    Mu ijoro ry’uyu wa Gatandatu tariki 25 Nyakanga 2020 ni bwo umuhanzi Patient Bizimana yasusurukije abari mu ngo mu gitaramo gikomeye cyatumye aba umuramyi wa mbere uririmbye muri ibi bitaramo.

    Patient Bizimana yari agaragiwe na bamwe mu bahanzi b’abahanga barimo Nelson Mucyo, Uwase Jolie, Ikirezi Claire na Yves Mahoro Rwisumbura. Umuhanzi Christian Irimbere yaje gusanga Patient Bizimana kuri stage mu minota ya nyuma baririmbana indirimbo zisoza.

    Patient yahembuye imitima ya benshi

    N’ubwo iki gitaramo ‘Iwacu muzika Festival’ cyatambutse kuri Televiziyo y’ u Rwanda muri iri joro nticyari ‘Live’ bitewe n’uko uririmba afatwa amajwi n’amashusho mbere y’uko umunsi ugera hanyuma bigatunganywa.

    Bizimana yahereye ku ndirimbo “Ikimenyetso” aherutse gukorera amashusho, “Menye neza”, “Ubwo buntu”, “Ijambo rya nyuma” n’izindi ze zakunzwe mu buryo bukomeye.

    Uyu muhanzi yashimye Imana ikomeje kurinda abaturarwanda muri ibi bihe bya Covid-19. Yakanguriye abantu bose kandi gukomeza gukurikiza amabwiriza yashyizweho agamije gukumira iki cyorezo.

    Iyi ni video y’igitaramo cyose

    Daniel@Agakiza

    Source:Inyarwanda

    source https://agakiza.org/Patient-Bizimana-yabaye-umuhanzi-wa-mbere-wa-Gospel-uririmbye-mu-iserukiramuco.html

  • Amerika y’Epfo: Abanduye Coronavirus bamaze kurenga miliyoni 4 #rwanda #RwOT

    Kuri uyu wa Gatatu, Burezili na Arijantine byabonye abantu bashya benshi banduye coronavirus. Brezili imaze kugira abantu 67.860 banduye virusi, n’abapfuye 1.284 umunsi umwe gusa. Ibyo byatumye umubare w’abantu banduye ugera kuri 2.227.514, mu gihe impfu zazamutse zigera ku 82.771.

    source https://rss.app/articles/862477a63bc37168a61ec4e0d85a68cbec5bb94447b309664e1fc4e5065d9ad917e3c11c8f6f3fb0d03df1ca991411b91147f44bc9ccc9fd44fb49b22d6e66a74fe135c8148db13d7532dbc97ac19230a8a967f0b6a11ec67a0aaf56e50b10d75618b6bbb3498566ab78

  • Rayon Sports irahakana miliyoni 50 za recruitment bivugwa ko ifitiye abakinnyi yaguze umwaka ushize #rwanda #RwOT

    Ubuyobiozi bw’ikipe ya Rayon Sports burahakana amakuru y’uko ibereyemo umwenda wa miliyoni 50 za recruitment abakinnyi yaguze umwaka ushize w’imikino.

    Hamaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga hazenguruka urutonde rwa bamwe mu bakinnyi iyi kipe yaguze umwaka ushize wa 2019 ndetse n’umwenda wa recruitment babereyemo buri mukinnyi, ni amafaranga agera kuri miliyoni 50.

    Mu kiganiro kuri Radio10 ku munsi w’ejo, perezida wa Rayon Sports yahakanye aya makuru aho yavuze ko recruitment babaereyemo abakinnyi zitarenze miliyoni 15.

    Yagize ati“miliyoni 50 za recruitment? Ntabwo ari ibyo rwose, abakinnyi Rayon Sports ifitiye recruitment z’umwaka ushize ntabwo arenze miliyoni 15 niba ari menshi.”

    Akomeza avuga ko bamwe mu bakinnyi bari kuri urwo rutonde nta mwenda abafitiye, kuko abakinnyi bafitiye umwenda batarenze 3 cyangwa 4.

    Yagize ati“oya abo bakinnyi siko bose tubafitiye amafaranga, abakinnyi dufitiye iryo deni ntibarenze 3 cyangwa 4, niko kuri, harimo nka Maxime na Kayumba Soter.”

    Sadate yakomeje avuga ko bamwe mu bakinnyi bari kuri urwo rutonde badafitiye umwenda barimo Nizeyimana Mirarfa, Nshimiyimanana Amran n’abandi.

    Kayumba Soter, Rayon Sports yemera ko imufitiye ideni

    Maxime na we yemera ko bamufitiye amafaranga

    source http://isimbi.rw/siporo/article/rayon-sports-irahakana-miliyoni-50-za-recruitment-bivugwa-ko-ifitiye-abakinnyi-yaguze-umwaka-ushize

  • Rwandan Peacekeepers Solve Shortage Of Water In Central Africa #rwanda #RwOT

    Residents of Bangui in Central African Republic (CAR) will no longer have to worry about access to clean water thanks to an initiative developed by a Rwanda Formed Police Unit (RWAFPU) serving under the UN Multidimensional Integrated Stabilization Mission in the CAR (MINUSCA).

    Rwanda FPU-1 deployed in the Bangui under the command of ACP Safari Uwimana, in December last year developed a project worth US$50,000 to address the shortage of clean water in the capital.

    The project will see the construction of three boreholes in one of the most affected areas of Ngongonon Two, Ngongonon Four and Galabadja Four, all in the 8th Arrondissement.

    Early July, MINUSCA leadership weighed in to fund the project, which is expected to be completed within three weeks.

    The official ground breaking ceremony for the construction of the boreholes was held on July 14, and presided over by government and MINUSCA officials.

    According to ACP Safari, the initiative is in line with their mandate of “protection of civilians.”

    “MINUSCA mission mandate is to ensure protection of civilians, but we are also in a period when the world is faced with the pandemic of Coronavirus; so, access to clean water is a quick impact project to save lives,” ACP Safari said.

    Rwandan Police peacekeepers have operated in the capital Bangui since 2014, when the first contingent was deployed under MINUSCA.“Rwanda FPU-1 has lived with the communities in Bangui and particularly in 8th Arrondissement, since 2014 and has developed good neighborhood relations.

    The clean water initiative was also developed in that line for the health of the local population,” said ACP Safari.

    Over the years, Rwandan Police peacekeepers in CAR have conducted human security activities including supplying clean water and Umuganda to clean streets and neighbourhoods.

    Rwanda maintains three Police contingents in CAR; two FPUs and a Protection Support Unit (PSU), each composed of 140 peacekeepers.

    FPUs are charged with crowd control, conduct patrols, protection of people in Internally Displaced Camps and escort duties, among others.

    The PSU is particularly in charge of security for CAR Prime Minister, MINUSCA Special Representative of the UN Secretary General and other high profile government and UN officials as well as other special duties assigned under MINUSCA Joint Task-Force Command.

    source https://taarifa.rw/rwandan-peacekeepers-solve-shortage-of-water-in-central-africa/

  • Zambia’s Mineral Revenues Drop From U$90M to U$60M #rwanda #RwOT

    The devastating effects of Covid-19 on Zambia’s mining sector can be felt by the drop in total revenues collected in the past three months, the government reported on Friday.

    Sokwani Chilembo the Chief Executive Officer of Zambia Chamber of Mines said on Thursday that the country’s mineral revenues had suffered a whooping 30% drop in the past three months.

    He said the mining companies’ collapse in revenues can be attributed to two main factors such as severe global restrictions on movement which have adversely affected the mining supply chain, and hindered the export of copper as well as the copper price which is down on average by 12% over the period when compared to 2019.

    “So, while companies have been able to maintain production levels, they have struggled to export and sell their copper, and have received a considerably lower price for the sales they have made,” he said.

    Chilembo noted that the fall in mining revenues has led to a corresponding fall in mineral royalty payments which are estimated to have come in at approximately $60-65 million over the three months, rather than the $85-90 million that could have been expected, demonstrating how closely Government revenues mirror the fortunes of the mining industry.

    Regarding the collapse in mining revenues and royalty collections, Chilembo said COVID-19 pandemic has evidently had a large negative effect on economic activity in Zambia as is clear from the data on mining royalties, government revenues will also fall as activity and trade decline.

    He stressed that given escalating mining costs over recent years, and a drying up of capital, COVID-19 has added unbearable pressure on mining finances.

    Chilembo clarified that between 50 percent and 60 percent of the respondents to the Impact Capital Africa (ICA) June survey from the mining and mining services sector, mainly representing smaller operators, believe that their businesses will ultimately fail within the next three to 12 months.

    “This finding is of great concern, given the significance of the sector to the wider Zambian economy,” he stated.

    According to the World Bank forecast, economic growth in Sub-Saharan Africa will decline from 2.4 percent in 2019 to between minus 2.1 and minus 5.1 percent in 2020 due to the impact of the global pandemic.

    source https://taarifa.rw/zambias-mineral-revenues-drop-from-u90m-to-u60m/

  • MTN Uganda Selling 20% Shares To EAC Investors #rwanda #RwOT

    Government of Uganda has forced all its telecom operators, including MTN Uganda and the local unit of India’s Bharti Airtel, to list a 5th of their shares on the Uganda Securities Exchange to allow locals to benefit from the sector’s profits.

    East Africans can now buy shares in MTN Uganda when the telecom operator sells it 20 percent equity stake on the local bourse.

    Ibrahim Bbosa, spokesman for the Uganda Communications Commission said, “The shares are restricted to Ugandans, and also citizens from the East African Community (EAC).”

    In 2018, MTN Group Ltd was pressured to list its unit in Uganda as the telecom giant sought to renew its licence (10-year contract) which expired in October 2018.

    source https://taarifa.rw/mtn-uganda-selling-20-shares-to-eac-investors/

  • Umukinnyi Khalfan afata nk’uwa mbere mu Rwanda, uko abona ibibazo b’iri mu ikipe ye yihebeye #rwanda #RwOT

    Umuraperi Khlafan Govinda avuga ko ibibazo biri mu ikipe ya Rayon Sports yihebeye igihe kigeze ngo bikemuke kuko n’ubuyobozi buriho bwamaze kubona aho bipfira kandi batangiye gukosora.

    Khalfan ni umwe mu bakunzi b’ikipe ya Rayon Sports ndetse bagerageza kwigomwa umwanya wa bo bakareba imikino y’iyi kipe myinshi.

    Aganira na ISIMBI, yavuze ko mu bakinnyi b’abanyarwanda bagikina umupira w’amaguru umukinnyi yemera ari Rwatubyaye Abdul ukinira ikipe ya Colorado Springs Switchbacks mu cyiciro cya kabiri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

    Yagize ati“mu bakinnyi bagikina umukinnyi nemera mbona arusha abandi bose ku bwanjye ni Rwatubyaye Abdul.”

    Rwatubyaye Abdul ni we mukinnyi yemera mu Rwanda

    Akomoza ku bibazo ikipe ye imazemo iminsi, yavuze ko n’ubuyobozi bwamaze kubona amakosa yabaye ndetse batangiye kuyakosora.

    Yagize ati“umuntu yubakira ku makossa ye yakoze, ni byo ikipe imaze iminsi inyura muri byinshi bitashimishije abakunzi bayo, ariko iyo urebye kuri ubu perezida wa Rayon Sports Sadate aragenda agaragaza ibimenyetso byo gushaka kubaka ikipe ikomeye kurusha umwaka ushize.”

    Ngo yizeye ko ibintu biiye gusubira ku murongo muri Rayon Sports ye

    Uyu muraperi ahamya adashidikanya ko mu minsi ya vuba yizeye ko ikipe ye izasubira ku murongo kandi ikazaba ikomeye nka mbere.

    Khalfan ni umufana wa Rayon Sports ukomeye

    source http://isimbi.rw/siporo/article/umukinnyi-khalfan-afata-nk-uwa-mbere-mu-rwanda-uko-abona-ibibazo-b-iri-mu-ikipe-ye-yihebeye

  • Gasana Jérôme wayoboye WDA yiyemeje kubaka Mukura VS izamara imyaka 3 itwara ibikombe #rwanda #RwOT

    Tariki 1 Nyakanga 2020, nibwo Gasana yagizwe umuyobozi mukuru wa MVS, nyuma y’uko iyi kipe ivuguruye imyubakire y’ubuyobozi bwayo igashyiraho umwanya wa Managing Director umwanya utari usanzwe mu buyobozi bwayo.

    Gasana ati “Aya mavugurura aganisha ku kuba ikipe, nakwita ikipe itsinda ifite ubushobozi bwo kumara imyaka 3 itwara ibikombe”.

    Mu kiganiro yagiranye na Radio Salus, yakomeje avuga ko yifuza ko Mukura VS iba ikipe buri wese yibonamo. Ati “Kandi ntabwo yayibonamo adafite amakuru yayo niyo mpamvu muri structure turi gutekereza ko hajyaho ushinzwe imbuga nkorambaga, no kumenyekanisha ikipe kugira ngo n’uri haze y’igihugu ukeneye amakuru ya MVS ayabone bimworoheye”.

    Avuga ko abatuye Tumba, Cyarwa, Mukura, Gisagara, Nyaruguru na Nyamagabe bakwiye kuba bari ku mukino wa Mukura, igihe yakinnye.

    Ubuyobozi bushya bw’iyi kipe buteganya kongera Fun Club, kuri ubu ziri hagati hagati ya 5 na 10. Muri Fun Club iyi kipe ifite harimo iba hanze y’u Rwanda, yitwa iy’abadiyasipora.

    Mu rwego rwo kumenyekanisha ikipe no kuyishakira inkunga, ubuyobozi bushya burateganya koroheza abafana kubona ibirango byayo.

    Gasana Jérôme wari asanzwe ari muri Komisiyo Nkemurampaka ya Mukura Victory Sports guhera mu mwaka ushize avuga ko mu minsi yashize umuntu yashakaga kugura umupira uriho ibirango bya Mukura akabura aho awugurira,

    Ati “Ibi ngo ubuyobozi bubirimo kubikoraho ku buryo mu kwezi kwa 9 bizaba byarabonetse. Umuntu ukeneye umupira wo kwambara wanditseho ibirango by’ikipe akaba afite aho awusanga”

    Gasana agiye kuyobora iyi kipe se yakiniye, mu gihe ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki 12 Gicurasi 2020, aribwo hamenyekanye ko Nizeyimana Olivier wari umaze imyaka 9 ari Perezida wayo yeguye ku buyobozi bwayo ku mpamvu zitamenyekanye.

    Gasana avuga ko kugira ngo abafanga bongere bagaruke agomba kubaka ikipe itsinda ishingiye ku bakinnyi bashoboye, hibandwa ku bakinnyi b’inyuma no mu busatirizi bw’ikipe

    Ubuyobozi bushya bw’iyi kipe buvuga ko bugiye gushyiraho uburyo bwo guha abafite ubunararibonye muri Mukura : abakiniye n’abayitoje bakagira umwanya wo gutanga ibitekerezo mu kugura abakinnyi.

    Gasana avuga ko ukwezi kwa 8 kuzasiga abakinnyi bafite ibibazo by’imishahara byose bikemutse kuko bageze kure babikemura.

    Ati “Ntabwo twagura abakinnyi bashya kandi n’abo dusanganywe tutarabakemurira ibibazo by’imishahara.”

    Avuga ko mu gihe cya gahunda ya guma mu rugo, iyi kipe yabaye hafi abakinnyi bayo ikabakemurira ikibazo cy’amikoro.

    Ikindi bateganya gukora ni uko mu ntangiriro z’uku kwezi kwa 8, iyi kipe izashyiraho uburyo bworohereza abafana kuyitera inkunga, ni uburyo busanzwe mukoreshwa mu yandi makipe buzwi ku izina ry’akanyenyeri.

    Perezida w’abafana ba MVS asaba abafana kongera kwitabira imikino gufata umwanya wo kumenyekanisha ikipe yabo.
    Ati “Tumenyekanishe Mukura tuyikunde tuyikundishe n’abandi”.

    Umwaka ushize w’imikino warangiye Mukura Victory Sport iri ku mwanya wa kane. Mu bakinnyi iyi kipe iri kuganira nabo harimo umuzamu wa Gad Musanze FC, Iragire Said na Cyiza Husein.

    source http://www.ukwezi.rw/Imikino/article/Gasana-Jerome-yiyemeje-kubaka-Mukura-VS-izamara-imyaka-3-itwara-ibikombe

  • EABC mourns Mkapa #rwanda #RwOT

    President Mkapa was a signatory to the Treaty for the Establishment of the East African Community on 30th November, 1999, alongside their Excellencies Late President Daniel Moi (Republic of Kenya) and Yoweri Museveni (Republic of Uganda).

    H.E. Mkapa will be remembered as a Pan Africanist, one of the founding fathers of the East African Community who championed for the revival of regional integration.

    He was an astute advocate for the growth of the regional private sector and was particularly instrumental in fast-tracking the EAC Customs Union Protocol and Common Market. His towering legacy in effecting social and economic policies that boosted intra- EAC trade and augmented the vital role of the private sector as the engine for social-economic growth, reigns on.

    Mkapa played a pivotal role in enforcing harmonised regional trade policies that saw a reduction in non-tariff barriers, sparking an increase in the volumes of intra-regional trade.

    H.E. Mkapa’s vibrant leadership was not only reflected in his efficacy in calming regional trade disputes but also in brokering regional peace dialogues that created a conducive business environment in Africa.

    20 years since the revival of the EAC, his vision for regional integration continues to live on. The business community will vanguard his vision for the prosperity of our beloved EAC region.

    Dr. Peter Mathuki, Executive Director /Chief Executive Officer
    East African Business Council (EABC)
    9th Floor Mafao House | Old Moshi Road | Arusha | Tanzania
    P. O. Box 2617 | Tel: +255 27 2520162
    Email: [email protected] I Website: eabc.info
    EABC – The Voice of the Private Sector in East Africa

    H.E. Mkapa will be remembered as a Pan Africanist, one of the founding fathers of the East African Community who championed for the revival of regional integration.

    IGIHE

    source https://en.igihe.com/news/article/eabc-mourns-mkapa