Tag: news

  • Umuhanzi Christopher yatangiye ubucuruzi #rwanda #RwOT

    Muneza Christopher, wamenyekanye mu muziki nka Christopher wamamaye mu ndirimbo nka; ‘Iri joro’, ‘Ndabyemeye’, ‘Byanze’, yatangiye ubucuruzi bw’ubuyobwa bw’ifu n’ububisi.

    Abinyujije ku rukuta rwe Instagram, Christopher yashizeho ifoto y’ubwo bunyobwa acuruza avuga ko nyuma yo kwita ku matwi y’abantu ubu hagezweho ururimi rwabo.

    Yagize ati“nari maze igihe nita ku matwi yanyu, ubu noneho ni ururimi rwanyu.”

    Ubu bunyobwa acuruza ni ubwo yihingiye mu rwego rwo kubyaza umusaruro isambu y’iwabo mu Mutara, arabutunganya bumwe akabugurisha ari ifu ubundi ari bubisi.

    Ni umushinga arimo gukurona na mubyara we. Ubu bunyobwa bacuruza bakaba barahisemo kubwita ‘Iwacu’.

    Ubunyobwa Christopher acuruza

    Christopher atangiye uyu mushinga nyuma y’uko mu minsi ishize umuhanzi King James wari usanzwe ufite Supermarket yatangiye uruganda rukora Kawunga.

    Christopher yataniye ubucuruzi

    source http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/umuhanzi-christopher-yatangiye-ubucuruzi

  • The Significance of the National Security Law for Hong Kong Special Administrative Region #rwanda #RwOT

    First, the National Security Law for Hong Kong SAR is a sound legal framework establishing at the national level and an enforcement mechanism for safeguarding national security in Hong Kong SAR to meet people’s aspiration.

    Article 23 of the Basic Law authorizes Hong Kong SAR to enact laws on safeguarding national security. However, 23 years after Hong Kong’s return, nothing has been done and there is no legal framework or enforcement mechanism in terms of national security in Hong Kong SAR. As a result, the city is left “defenseless” against the anti-China forces seeking chaos and disruptions.

    For some time, internal and external hostile forces have openly clamored for “Hong Kong independence” and “self-determination”. They have taken actions such as beating, smashing, looting, arson, confronting police enforcement with violence, and storming the Legislative Council of Hong Kong SAR. They have even cried for “waging armed revolution to gain independence”. Such activities trampled on rule of law, undermined social stability, and hit the economy hard. Hong Kong has become a notable source of risk to China’s national security.

    Like any other country, the Chinese Central Government is responsible for upholding national security and cannot just sit by and do nothing. The National Security Law is about restoring order and responding to the outcry of the Hong Kong for chaos to be stopped. Only within eight days in late May, nearly three million Hong Kong people signed the petition in support of the Law.

    Second, the National Security Law for Hong Kong SAR not only is in line with “One Country, Two Systems”, but also ensures the sustained implementation of this policy.

    China’s guiding policy for the governance of Hong Kong is still “One Country, Two Systems”. This has not changed and won’t change in the future. Hong Kong is part of China. We have to defend our own country’s unity, sovereignty and territorial integrity. This is what is meant by “One Country”. And within the framework of “One Country”, on the basis of secure and stable “One Country”, “Two Systems” can prosper in parallel and together. This is the real meaning of “One Country, Two Systems”.

    The new law is intended just for that purpose, to maintain and safeguard “One Country, Two Systems”, to make Hong Kong more stable, more secure for everybody, for the Hong Kong residents as well as for foreign investors. People could have a more predictable, safer environment to do their business and enjoy life in Hong Kong.

    Third, the National Security Law for Hong Kong SAR has no impact on Hong Kong’s high degree of autonomy, the rights and freedoms of Hong Kong residents. It targets a very narrow category of acts that seriously jeopardize China’s national security.

    According to the Basic Law of Hong Kong, its capitalist system and way of life shall remain unchanged for 50 years. This will be better ensured, not changed, by the national security law. The four offences and their corresponding penalties are precisely prescribed in the law, namely, secession, subversion, terrorist activities, collusion with foreign countries or external elements to endanger national security. This means that the law is highly targeted. It bans such criminal activities and protects the rule of law in Hong Kong and legitimate rights and freedoms of the people there.

    Finally,one important task of the National Security Law for Hong Kong SAR is to prevent, suppress and punish collusion with a foreign country or with external elements to endanger national security.

    Hong Kong is a special administrative region of China. Hong Kong affairs are China’s internal affairs and allow no external interference. No one should underestimate the firm determination of China to safeguard its sovereignty, security and development interests. Attempts to disrupt or obstruct the implementation of the National Security Law for Hong Kong SAR will be met with the strong opposition of 1.4 billion Chinese people.

    The National Security Law for Hong Kong SAR is the fundamental solution that will end the chaos and restore order in Hong Kong. We, the Chinese are confident that, under the strong leadership of the Central Government of China, with the concerted efforts of all the Chinese people, including Hong Kong compatriots, and with the strong safeguards of the National Security Law for Hong Kong SAR, Hong Kong will become a safer, better and more prosperous place.

    RAO Hongwei
    Ambassador Extraordinary and Plenipotentiary of
    the People’s Republic of China to the Republic of Rwanda

    RAO Hongwei

    source https://en.igihe.com/news/article/the-significance-of-the-national-security-law-for-hong-kong-special

  • Ten arrested in Lake Kivu for illegal fishing #rwanda #RwOT

    The successful operations aimed at fighting illegal fishing were conducted by Nkora Marine station in collaboration with the fishing Union in Rutsiro District.

    The Marine Commanding Officer (CO), Assistant Commissioner of Police (ACP) Elias Mwesigye said that the operation was conducted on the Islands of Mafundugu and Nyanamo in Sector Musasa of Rutsiro District, where 16 wooden boats and 15 rolls of illicit fishing nets known as kaningini that were being used by the poachers, were also seized.

    “On Mafundugu Island, we arrested six poachers and impounded nine boats and seven rolls of illicit fishing nets.

    On Nyanamo Island, we arrested four poachers, impounded seven boats and eight rolls of illicit and destructive fishing gears,” ACP Mwesigye said.

    He added: “The poachers committed, among others, illegal fishing, environmental degradation and violation of measures against the spread of covid-19, since they had no facemasks.”

    The seized boats and fishing nets, he said, will be disposed-of.

    “These are operations aimed at executing of Marine Police responsibilities, which include; maintaining safety and security of water bodies and increasing public awareness,” the Commanding Officer said.

    The awareness against illegal fishing and other unlawful practices in or on the shoreline, he said, targets mainly poachers and those who encroach and degrade buffer zone environment.

    He outlined illegal fishing, smuggling, drug trafficking and violation of waterways regulations as the most prevalent offenses registered in Lake Kivu.

    The CO observed that although illegal activities in Lake Kivu have decreased, illegal fishing has been persistent, thus efforts to curb it remain ongoing.

    “It’s a challenge we are addressing together with other stakeholders including Rwanda Agriculture Board (RAB), Rwanda Utility Regulatory Authority (RURA), Rwanda Environment Management Authority (REMA) and local authorities, among others,” ACP Mwesigye said.

    Issue of children safety

    He further highlighted the concern of children from the shoreline communities, who play along the lake without any guardian and who might become delinquents due to interaction with poachers.

    “Three of those caught during the operation are children, who were influenced by the poachers. We have also registered a number of children, who have drowned as a result of not being accompanied by responsible people.”

    ACP Mwesigye, however, said that there are joint efforts to designate safe swimming sites in an attempt to address the concern of drowning.

    He urged parents to watch over their children to prevent them from partaking in such illegal activities and to prevent them from drowning.

    The law N°58/2008 of 10/09/2008 determining the organization and management of aquaculture and fishing in Rwanda provides that the right to fishing in public waters is only granted by a competent authority, which issues the fishing license.

    Any person, who engages in fishing activities without authorization shall be liable to a fine ranging from Rwf50,000 to Rwf200,000 and an imprisonment of 3 to 6 months or one of them, and dispossession of the equipment used.

    Article 11 outlaws use of “poisonous substances aimed at stunning, weakening or killing fish; applying explosives; using electromagnetic procedures or electrocution; flashing water with an aim of capturing fish; fishing where water organisms are reproduced.”

    IGIHE

    source https://en.igihe.com/news/article/ten-arrested-in-lake-kivu-for-illegal-fishing

  • Rubavu : Abantu 82 barimo abafashwe barimo kugendagenda mu mihanda saa munani z’ijoro n’abasanzwe mu tubari #rwanda #RwOT

    Aba baturage bafashwe barimo 59 basanzwe mu tubari kandi bitemewe, abakoraga ingendo zitemewe nyuma ya saa tatu z’ijoro, abandi ni abafashwe mu mugitondo cyo ku Cyumweru bari muri siporo ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu kandi bitemewe.

    Umwe muri aba baturage yavuze ko “Navuye mu kazi numva nshonje njya aho bakora Lorex, niyo nagiye kurya mbona abamotari bamaze kuva mu muhanda mpitamo kugenda n’amaguru rero ubwo bamfashe ngiye kugera mu rugo banjyana muri stade.”

    Mugenzi we yagize ati “Isomo nkuyemo ni uko ntazongera kurenza amasaha yagenwe nkiri mu muhanda, nzajya ntaha mbere y’igihe.”

    Imibare itangazwa n’ubuyobozi bw’inzego zishinzwe ubuzima mu karere ka Rubavu igaragaza ko muri aka karere hari abantu 150 bakekwaho Coronavirus bashyizwe mu kato mu bigo byateganyijwe aho bari gusuzumwa.

    Hari kandi abandi bantu bagera kuri 50 banduye Coronavirus bari kuvurirwa mu bigo byabugenewe bya Rugerero na Nyakiriba.

    Bamwe mu baturage bo muri aka karere bavuga ko kuba hari bagenzi babo bakomeje kutubahiriza amabwiriza yashyizweho bishobora gutuma aka karere kongera gusubira muri gahunda ya Guma mu rugo.

    Umwe yagize ati “Tuziko icyorezo cyageze muri aka karere kandi n’ingaruka ziri kugenda zitugeraho, kandi mu gihe hari bamwe barenga ku mabwiriza ntibayubahirize urumva ko ari ikibazo ku baturage bamwe na bamwe bakomeje gufungirwa ibikorwa byabo.”

    Akarere ka Rubavu gahana imbibi na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo ntabwo ari ubwa mbere kaba gashyiriweho gahunda ya Guma mu rugo mu buryo bw’umwihariko.

    Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Nzabonimpa Deogratias yabwiye RBA ko mu bafashwe hari abasanzwe mu mihanda saa munani z’ijoro batarataha kandi bitemewe.

    Ati “Niyo mpamvu dukaza ingamba amasaha 24/24. Nk’aba hari abo twafashe saa munani z’ijoro, ubundi isaha yanyuma yo kuba umuntu agendagenda ni saa tatu z’ijoro ariko biratangaje cyane kubona turi mu mihanda saa saba, saa munani z’ijoro abantu tukabafata bihereye ahantu baganira.”

    Nzabonimpa yatangaje ko aba bose bafashwe nyuma yo kwigisha bararekurwa bamaze gutanga amande kandi bagashyirwa mu kato mu ngo zabo.

    Imibare ya Minisiteri y’Ubuzima yo ku wa 26 Nyakanga 2020, igaragaza ko mu Rwanda hamaze gufatwa ibipimo 242, 129 byagaragayemo abarwayi 1,821.

    Abantu 918 bamaze gukira neza iki cyorezo ndetse batashye iwabo mu ngo, mu gihe abakirwaye ari 898 naho abamaze guhitanwa n’iki cyorezo ni batanu

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Ubuzima/article/Rubavu-Abantu-82-barimo-abafashwe-barimo-kugendagenda-mu-mihanda-saa-munani-z-ijoro-n-abasanzwe-mu-tubari

  • Covid-19: Rwanda records 69 new cases #rwanda #RwOT

    “Kigali:34 & Nyamasheke:16 testing in villages under lockdown), Rusizi:16, contacts of previously confirmed positives,” reads the Ministry’s statement. There have also been identified one case in Kirehe and Rwamagana respectively.

    These new records brought the number to a total of confirmed cases 1,821 of which 898 are the active cases; 918 people have so far recovered including 11 on Sunday. Five deaths were recorded since the pandemic outbreak four months ago.

    Nicole Kamanzi M.

    source https://en.igihe.com/news/article/covid-19-rwanda-records-69-new-cases

  • Rwandan Police peacekeepers develop project to address clean water shortage in Bangui #rwanda #RwOT

    Rwanda FPU-1 deployed in the Bangui under the command of ACP Safari Uwimana, in December last year developed the project worth US$50,000 to address the shortage of clean water in the capital.

    The project will see the construction of three boreholes in one of the most affected areas of Ngongonon Two, Ngongonon Four and Galabadja Four, all in the 8th Arrondissement.

    Early this month, MINUSCA leadership weighed in to fund the project, which is expected to be completed within three weeks.

    The official ground breaking ceremony for the construction of the boreholes was held on July 14, and presided over by government and MINUSCA officials.

    According to ACP Safari, the initiative is in line with their mandate of “protection of civilians.”

    “MINUSCA mission mandate is to ensure protection of civilians, but we are also in a period when the world is faced with the pandemic of Coronavirus; so, access to clean water is a quick impact project to saves lives,” ACP Safari said.

    Rwandan Police peacekeepers have operated in the capital Bangui since 2014, when the first contingent was deployed under MINUSCA.

    “Rwanda FPU-1 has lived with the communities in Bangui and particularly in 8th Arrondissement, since 2014 and has developed good neighborhood relations.
    The clean water initiative was also developed in that line for the health of the local population,” said ACP Safari.

    Over the years, Rwandan Police peacekeepers in CAR have conducted human security activities including supplying clean water and Umuganda to clean streets and neighborhoods.

    Rwanda maintains three Police contingents in CAR; two FPUs and a Protection Support Unit (PSU), each composed of 140 peacekeepers.

    FPUs are charged with crowd control, conduct patrols, protection of people in Internally Displaced Camps and escort duties, among others.

    The PSU is particularly in charge of security for CAR Prime Minister, MINUSCA Special Representative of the UN Secretary General and other high profile government and UN officials as well as other special duties assigned under Joint Task-Force Commander.

    Rwandan Police peacekeepers have operated in the capital Bangui since 2014, when the first contingent was deployed under MINUSCA

    Rwanda Police peacekeepers and Bangui officials during the official groundbreaking ceremony for the construction of the boreholes.

    The official ground breaking ceremony for the construction of the boreholes was held on July 14,

    IGIHE

    source https://en.igihe.com/news/article/rwandan-police-peacekeepers-develop-project-to-address-clean-water-shortage-in

  • Flag to be flown at half-mast as Rwandan mourn President Mkapa #rwanda #RwOT

    “In solidarity with government and the people of United Republic of Tanzania during this time of grief following the demise of His Excellency Benjamin William Mkapa, the third President of the United Republic of Tanzania.”

    Former President Benjamin Mkapa died on July 23rd in Dar Es Salam – Tanzania.

    The statement reads the mourning period will start from Monday 27th July to Wednesday 29th July.

    “We remain in solidarity with the people and the government of the United Republic of Tanzania as well as with the family of the late President Mkapa,”

    Nicole Kamanzi M.

    source https://en.igihe.com/news/article/flag-to-be-flown-at-half-mast-as-rwandan-mourn-president-mkapa

  • Hongeye kuboneka imibare iri hejuru y’abanduye Coronavirus umunsi umwe #rwanda #RwOT

    Kigali na Nyamasheke zaje ku isonga mu kugira abarwayi benshi ba Covid-19 mu mibare mishya yatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima yo kuri uyu wa 26 Nyakanga 2020. Mu bipimo 4,122 byafashwe none, habonetsemo abarwayi 69.

    Dore uko imbonerahamwe y’imibare yatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima ibigaragaza;

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/hongeye-kuboneka-imibare-iri-hejuru-yabanduye-coronavirus-umunsi-umwe/

  • Kamonyi: Minisiteri y’Uburezi yatindije ibikoresho byo kubaka ibyumba by’amashuri #rwanda #RwOT

    Mu gihe hirya no hino mu gihugu bari mu kurwana n’iyubakwa ry’ibyumba by’amashuri, hamwe mu hagomba kubakwa bashyira mu majwi Minisiteri y’uburezi kuba nyirabayazana w’itinzwa ry’ibikoresho byo kubaka ibi byumba. Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine avuga ko iki kibazo koko cyabaye, ariko ko mu byumweru bitarenga bibiri kiraba gikemutse, ndetse ngo ukwezi kwa Munani ibyumba byose bikaba bibonetse.

    Ubwo kuri uyu wa Gatatu tariki 22 Nyakanga 2020 yasuraga aho ibikorwa byo kubaka amashuri bigeze mu Kerere ka kamonyi, yagejejweho ikibazo cy’itinzwa ry’ibikoresho bituruka ku rwego rwa Munisiteri ayoboye, yemera ko ikibazo koko cyabaye ariko avuga ko bitarenze ibyumweru bibiri iki kibazo kiraba gikemutse.

    Hari aho ibyumba by’amashuri bikiri mu ntango, ariko kandi hari n’aho batarasiza ahazubakwa.

    Mu gukemuka kw’iki kibazo, Minisitiri Uwamariya avuga ati“ Biradusaba gushyiramo ingufu zigaragara zijyanye no kuhageza ibikoresho vuba hihutirwa kubera ko na Site zarateguwe ariko kubera ko hari ibikibura biradusaba kongera ingufu kugira ngo ibikoresho bituruka kuri Central Level( ku rwego rwa Munisiteri) bihagere vuba hashoboka”.

    Akomeza ati“ Twifuza ko mu byumweru 2 ibikoresho byose bisabwa gutangiza/kuzamura byaba byageze kuma site. Icyo gihe mu byumweru 2 byahageze mfite icyizere ko ukwezi kwa Munani kwarangira amashuri yuzuye nkuko tubyifuza”.

    Meya Tuyizere asobanura iby’iyubakwa ry’amashuri.

    Minisitiri Uwamariya, avuga ko icyatindije ibikoresho ari uko ibyinshi bituruka hanze y’igihugu. Gusa afite icyizere ashingira ku kuba ubu ngo ibyari bikenewe byose byarabonetse ku buryo harimo kunozwa uburyo bwo kubigeza aho bikenewe.

    Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Kamonyi, Tuyizere Thaddee avuga ko muri aka karere, ibyumba by’amashuri birimo kubakwa biri mu byiciro bibiri. Icyiciro cya mbere kirimo ibyumba byo mu mwaka w’Ingengo y’imari ya 2019-2020, aho avuga ko byari byaratindijwe n’ibikoresho ariko ubu ngo iyubakwa ryabyo rikaba rigeze ku rugero rwa 80%. Ni ibyumba 82 n’ubwiherero 96. Byose ngo ahenshi harabura gusakara n’amasuku ya nyuma, ku buryo hari icyizere ko mu cyumweru kimwe bishobora kuba birangiye.

    Abayobozi bari kumwe na Minisitiri Uwamariya(hagati), basura ahubakwa ibyumba by’amashuri mu murenge wa Gacurabwenge ho muri Kamonyi.

    Meya Tuyizere, avuga ko ibyumba bibarizwa mu cyiciro cya kabiri byo mu mwaka w’ingengo y’imari ya 2020-2021 aribyo biteje ikibazo kuko ku ngengo y’imari ya Leta hari ibyumba 434 n’ubwiherero 643, mu gihe ku nkunga ya Banki y’Isi hari ibyumba 229 n’ubwiherero 320. Ibi ngo ahenshi ntaho biragera ndetse hari n’aho bataratangira.

    Umuyobozi w’agateganyo w’akarere ka kamonyi, Tuyizere Thaddee akomeza avuga ko iyubakwa ry’ibi byumba rikiri kure bitewe n’itinda kuboneka ry’ibikoresho by’ibanze bigomba gutangwa na Minisiteri y’Uburezi. Avuga ko ibyagombaga gukorwa ku rwego rw’akarere byakozwe.

    Site zigera kuri 68 zigomba kubakwa muri kamonyi ntabwo ziratangira, ku buryo hari n’ahatarasizwa. Gusa ngo mu gihe ibikoresho byaboneka, icyizere cyo kurangiza ibi byumba kirahari kuko ngo ahari ibikoresho nkenerwa kubaka ntabwo biba ikibazo.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/kamonyi-minisiteri-yuburezi-yatindije-ibikoresho-byo-kubaka-ibyumba-byamashuri/

  • Nelson Mucyo yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Trancquille Nduwamahoro – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT

    Kuri uyu wa Gatandatu tariki 25 Nyakanga 2020 ni bwo umuramyi wanabaye umunyamakuru Nelson Mucyo yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Trancquille Nduwamahoro bamaze igihe bari mu munyenga w’urukundo batifuje kuvugaho byinshi mu itangazamakuru.

    source https://rss.app/articles/862477a63bc37168a61ec4e0d85a68cbec5bb94447b309664e1fc4e5065d9ada1ceec11387663eb6d571b1c69f1d18fb4547e54fddcdcee54faf4ff0366c6aa34bed6ac40ecdb232797ecfd93adf8c37a3bd69bceca95ade6112ae5bfd534d960345aaedef129a73ab75c7042fcc8d55abad0405f8295dcc45