Tag: news
-
Tonzi yasohoye indirimbo ‘Gumana nanjye’ nyuma y’iminsi micye ahize abahanzi bose bo mu Rwanda-VIDEO – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Uwitonze Clementine (Tonzi) yasohoye indirimbo yise ‘Gumana nanjye’ yasohokanye n’amashusho yayo yatunganyijwe na David Pro. Ashyize hanze iyi ndirimbo nyuma y’iminsi micye yegukanye igikombe nk’uwahize abandi bahanzi bose bo mu Rwanda mu irushanwa MNI. Ni nyuma kandi y’igihe gito akoze igitaramo ‘Hejuru ya byose Worship Avenue Live concert’. -
Interview: Rwanda Revenue Authority Boss Explains Effects Of COVID-19, Loss Of Rwf100B And Waiver Of Rwf5B #rwanda #RwOT
The Minister of Finance, with powers granted to him by law, and following recommendations of a Tax Policy Committee of July 3, 2020, waived off tax penalties, late payments on interests due to hardships caused by the effect of COVID-19 pandemic in the months of March, April and May and corporate income tax of 2019. Subsequently, the ministry approved applications worth over Rwf5billion submitted by the Rwanda Revenue Authority (RRA).
This decision came after several other adjustments made to ease tax burdens on businesses. RRA Commissioner-General, Pascal Bizimana Ruganintwali spoke to Taarifa about the rationale behind recent fiscal measures taken, the effect of the pandemic on the tax basket, and plans in place to respond to the impact on the economy.
Below are excerpts.
What informed the decision by RRA to waiver taxes to some taxpayers?
Many taxpayers wrote to RRA requesting to be given a waiver on interest and penalties due to cash flow issues caused by COVID19. We were also noticing many declarations being made on different taxes but no payment was being made.
From your own assessment, what is the economic impact of such a decision?
At the moment, each and every sector of the economy was impacted by the COVID-19 pandemic albeit in varying proportions. Granting waivers was a deliberate measure of lessening the impact of COVID-19 on the economy by granting taxpayers an opportunity to recover and focus on stabilizing their businesses and remain afloat.
Were there some taxpayers whose applications were rejected? If yes, why?
All the businesses that were given a waiver, it was due to hardships they were facing in payment however not all businesses were facing this challenge because some continued to work during the period of COVID-19 lockdown. Therefore, all those that were rejected had no hardship issues since they did not stop working.
It is obvious COVID-19 has affected your initial tax projections …can you give us a picture of the effect and in numbers?
We ended last Financial Year with a gap of Rwf 74.2 billion. However, if we include the strong performance of the first semester (June-Dec 2019) where we had exceeded the target by Rwf 26billion, we can say COVID-19 impacted the tax collections by Rwf 100.2 billion.
What other tax burdens are you facing now and in the near future? If possible tell us how you intend to go about it.
Many challenges we are facing rotate around cash flow issues in payment of taxes, some businesses have just opened and are operating at a low percentage. Others are still closed. We know others have tax arrears that they cannot afford to pay. We have also noticed some layoffs of staff in some businesses. RRA is also aware of the complete closure of operations by some businesses.
All these cases affect tax collection in the short run and in the long run, however, we have put in place measures with the support of government to overcome this. First, the waiver for businesses in hardship to be able to pay the principal tax and continue to operate. We are also expanding our tax base by recruiting businesses that were not in the tax net before. RRA has also begun providing other facilities such as installment payments to businesses to be able to pay their tax liabilities in a long period.
Policy-wise, what new changes is RRA making in regards to the effects of COVID-19, apart from waivers?
RRA in conjunction with the ministry has had a mixed range of policies aimed at mitigating the effects of COVID-19 on business in general. One such policy includes the extension of due dates for different taxes like income tax. Another significant policy is to allow businesses to pay their Instalment Quarterly Prepayment (IQPs) basing on current year operations instead of basing on previous years. Some sectors have also benefited from exemptions on paying PAYE for employees earning up to Rwf150,000 (Tourism, hotels, and private schools). Taxpayers were allowed to declare without certified financial statements for a period of three months. Administratively, we expanded the use of online services to limit the movements of our clients. We also suspended the requirement of 25% downward payment admissible for amicable settlements.

-
Umukunzi wanjye yaranyanze ngo kubera ntaciye imyeyo none ndashaka umuhungu wakwemera kunkunda. #rwanda #RwOT
Nitwa Uwera Sabine mfite imyaka 26 ntuye i Kigali. Nakundanye n’umusore turakundana cyane bigera ubwo dutangira gutekereza kuba twabana. Buri gihe iyo icyo kiganiro twatangiraga kukivugaho yahitaga ambwira ko mbere yo gutangira gupanga ubukwe tugomba kubanza kuryamana. Jye nari naramuhakaniye kuko nabyiyumvagamo ko umunsi twaryamanye ashobora kuzahita anyanga. Byakomeje gutyo dukomeza gukundana, ajya kunyerekana iwabo nanjye mwerekana iwacu ibyo byatumye mugirira ikizere mbona ko ankunda by’ukuri. Uretse n’ibyo, ibintu byose yankoreraga byanyerekaga ko ankunda nta buryarya. Maze kubyishyiramo ko twamaze guhuza, twongeye kugira ibiganiro byo kuba twapanga ubukwe, nawe yongera kunsubiriramo ko atapanga ubukwe tutararyamana. Bitewe n’uko nari namaze kumwizera narabyemeye kuko nubundi kuva yaramaze kunyerekana iwabo nari naratangiye kwitwara nk’aho ndi umugore we. Nyuma y’uko turyamanye yanyoherereje ubutumwa ambwira ko adashobora kubana nanjye. Namubajije impamvu ambwira ko kuba ntaraciye imyeyo byerekana ko ntazigera mufata neza mu buriri, ko ntazamushimisha, ko bizatuma ararikira abandi bagore bityo akanca inyuma. Ngo rero icyo yifuza n’ukubana n’umukobwa waciye imyeyo kuko ari byo bizamurinda kujya mu busambanyi. Uretse kuba narabyumvaga gutyo, ibyerekeranye no guca imyeyo nta muntu wundi wari warigeze abinganirizaho muri make sinari mbisobanukiwe kuko sinagize amahirwe yo kubana n’ababyeyi banjye, bitabye Imana nkiri muto, wenda bo bari kuba barabinsobanuriye. Ubu rero ndashaka umuntu twakundana tukibanira we akankunda by’ukuri kandi akanyizeza ko atazanca inyuma kandi ko atazanziza icyo kintu. Habaye hari uhari yanyandikira inbox.
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
-
Asuka amarira, uwabyaranye n’Umudipolomate w’u Rwanda arabara inkuru ibabaje isa na filime #rwanda #RwOT

Eric Kayoge Rutoni, ni umujyanama wa kabiri wa Ambasaderi w’u Rwanda mu Misiri, umwanya yagiyeho avuye ku kazi yakoraga muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga aho yari Umuyobozi ushinzwe imikorere ya za Ambasade/Consulars z’u Rwanda.
Hashize igihe kirenga umwaka, uyu mudiplomate w’u Rwanda aregerwa Perezida wa Repubulika binyuze kuri twitter, aho umugore witwa Uwimana Consolée yamushinjaga kumwibira umwana babyaranye muri 2008, akamujyana mu Misiri aho asanzwe akorera. Vuba aha ariko, n’ubundi ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye amashusho agaragaza ibyishimo n’urugwiro rw’uyu mubyeyi wari wongeye kubona umwana we.
Nk’uko Uwimana Consolée yabisobanuye mu kiganiro kirekire cy’amashusho yagiranye n’ikinyamakuru Ukwezi, yabyaranye na Rutoni Kayoge Eric muri 2008. Avuga ko agisama umugabo yamubwiye ko natabyara umuhungu munini w’inzobe umwana atazaba ari uwe, bikaza kuba amahire umwana akavuka ameze uko.

Nyuma umwana agize imyaka ibiri n’igice, Kayoge Rutoni Eric yaje kuvuga ko atari we se w’umwana, ariko aza kwivuguruza imbere y’urukiko yemera ko ari we wamubyaye ndetse aranamwandikisha nk’uko bigaragazwa n’impapuro z’irangizarubanza twabashije kubonera kopi.
Uyu mwana yagiye atuma ababyeyi be bahatana kenshi mu nzego z’ubugenzacyaha n’inkiko, kuva ari igitambambuga kugeza n’ubu rugeretse. Nyina agaragaza ko yagiye afungwa abeshyerwa guhohotera umwana we igihe yigaga muri Green Hills, agasobanura uko umwana we yaje gushimutwa bigizwemo uruhare na se, ndetse n’akarengane yagiye ahura nako kubera ko yari afitanye ikibazo n’umuyobozi wakoreshaga inzego za Leta mu nyungu ze bwite.
REBA IKIGANIRO TWAGIRANYE NA UWIMANA CONSOLEE HANO :
Ni inkuru ndende bigoye guhina, avugamo uko nyuma yo gufungwa azira uyu mwana, mu gihe yari agifite ihungabana yatewe no kurenganywa, mu mwaka wa 2019 wa mwana we yaje kuburirwa irengero, agafashwa mu buryo bw’uburiganya kubona inyandiko z’inzira zatumye ajyanwa na Se mu Misiri nyina atabizi. Iki kibazo agaragaza ko yakigejeje ku nzego nyinshi, ntizigikemure ndetse ntihagire n’umuhamagara ngo amusobanuze ikibazo cye, kugeza ubwo yaje kwigira inama yo gutangira kukibwira Perezida wa Repubulika abinyujije kuri Twitter.
Kera kabaye, muri uku kwezi kwa Kanama 2020 yaje kubona umwana we agaruwe mu Rwanda, nabwo uburyo yamuhawemo akagaragaza ko byamuteye agahinda. Nyuma yo kumuhabwa ariko, nabwo yahise abona ikirego cya se avuga ko umwana yari yarajyanye mu Misiri, yaje kumenya ko ashobora kuba atari uwe.
Uwimana Consolée n’ibitwenge byinshi, aha asobanura ko yatangajwe n’impamvu Kayoge Eric Rutoni ashingiraho avuga ko ashidikanya ku kuba ari se w’umwana nk’uko bigaragara muri icyo kirego.
Rutoki Kayoge Eric mu kirego ati : “Nyuma y’igihe mbana n’uyu mwana aho nakoreraga mu Misiri, natangiye kugenda mbona imyifatire idasanzwe y’umwana aho umwana yagendaga ambwira ko ntari se umubyara ko ndi se wo mu mategeko. Rimwe na rimwe yansubiriraga mu mateka ati erega mama yambwiraga ko bishoboka ko utari papa nyakuri. Ikindi gihe akabwira abandi bana banjye ko batavukana, kuko papa wabo atari Kayoge Rutoni Eric ubabyara, ibi byakomeje kuntera impungenge nkibaza koko niba umwana avuga ukuri.”
Muri iki kirego kandi, uyu mudipolomate avuga ko umwana yabwiraga abandi bana be ko badasa, bityo ko atagomba kujya abita barumuna be ahubwo azajya abita inshuti ze. Yongeraho ko umwana yamubwiye ko nyina yajyaga aryamana n’abandi bagabo benshi.
Ibi byose ariko, kuri Uwimana Consolée ngo birasekeje cyane ko uretse kuba ngo abeshyera umwana, ngo no kuba umwana ari we waha se amakuru y’uko yaba atari se ndetse akagerekaho kumukuraho amakuru y’uko yaryamanaga n’abandi bagabo, akibaza niba umwana yamenya ko nyina aryamana n’abandi kandi akabimenya ataravuka kuburyo icyo gihe aterwa inda umwana waje kuvuka nyuma yabonaga abo bagabo bandi baryamanaga.
Uwimana Consolée ariko ngo ntazigera yitaba urukiko kuko agize amahirwe yatsindwa adahari, Kayoge Rutoki Eric akemererwa n’urukiko ko atari se w’umwana, ngo ibyo byazatuma uyu Uwimana Consolée atazakomeza guteshwa umutwe no gufungishwa nk’uko byakunze kugenda, ikindi ngo byaha umwana umutuzo akiga ntakomeze gusiragizwa, yazakura akazitangira ikirego asaba uburenganzira bwe nk’umwana. Ngo afite akazi kamufasha gutunga umwana no kumwishyurira ishuri, akabikora wenyine nk’uko yajyaga abikora rimwe na rimwe se yanze gutanga ibyo yari yarategetswe n’urukiko.
Ku ruhande rwa Kayoge Rutoni Eric uri mu Rwanda muri iki gihe, ikinyamakuru Ukwezi cyaganiriye nawe avuga ko ntacyo yifuza gutangaza na kimwe, kuko ngo akazi akora katamwemerera guha umunyamakuru ‘Interview’.
REBA IKIGANIRO TWAGIRANYE NA UWIMANA CONSOLEE HANO :
-
Ifoto ya Tokyo yakuyemo ikariso ikomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga. #rwanda #RwOT
Tokyo wamenyekanye cyane muri film yitwa La casa de papel (Money heist) yashyize hanze amafoto amugaragaza yambaye ikariso yonyine.
Uyu mukobwa amazina ye bwite ni Úrsula Corberó akaba yashyize hanze ayo mafoto maze avugisha imbaga y’abantu dore ko akurikirwa n’abarenga Miliyoni 20 k’urubuga rwa Instagram. Aya ni amwe mu mafoto yashyize hanze maze abamukurikira baratangara cyane. Ifoto imugaragaza yakuyemo ikariso ari kurunguruka igitsina cye niyo yakomeje gutangaza abantu.

source https://nibyiza.com/ifoto-ya-tokyo-yakuyemo-ikariso-ikomeje-guca-ibintu-ku-mbuga-nkoranyambaga/
-
-
Film y’urukozasoni igaragaramo abakobwa babiri umwe w’umwirabura n’undi w’umuzungu bari guhuza ibitsina yanyuze kuri Television yateje ikibazo mu gihugu. #rwanda #RwOT
Film y’urukozasoni yitwa Vivante yakozwe n’umugore usanzwe ukora ama film witwa Anoushka, muri iri joro yaraye inyuze kuri Television yitwa Canal+ yateje ikibazo gikomeye mu gihugu cy’Ubufaransa. Iyi Film igaragaramo abakobwa babiri uwitwa Charlotte (Bertoulle Beaurebec) hamwe na Lou (Romy Furie) umwe ni umwirabura undi ni umuzungu barimo bahuza ibitsina. Muri iyi film umwe muri aba bakobwa akora impanuka maze akongera kuba muzima bitewe n’urukundo mugenzi we amwereka. Si urukundo gusa ahubwo kubyina ndetse n’uko guhuza ibitsina nibyo bituma uwendaga gupfa yongera kuba muzima. Mu gihe uwo wakoze impanuka aba yaramugaye agendera mu kagare, mugenzi we akora ibishoboka byose kugira ngo yongere kuba muzima. Muri iyi film hakaba harimo n’aho abo bakobwa bahuza ibitsina ari batatu. Iyi film rero ikaba yateje ibibazo muri iki gihugu cy’Ubufaransa bitewe n’uko hari itegeko ribuza gukorera umuntu ubana n’ubumuga ikintu cyose kijyanye no guhuza ibitsina cyangwa se ikindi cyose gisa nabyo.

Nubwo m’Ubufaransa bibujijwe ariko m’Ububiligi, Ubudage hamwe n’Ubusuwisi ho biremewe. Anoushka wakoze iyi film ubwo bamubazaga icyatumye ayikora yavuze ko yashakaga kugaragaza ibyiza byo guhuza ibitsina ndetse n’akamaro bishobora kugira m’ugufasha umuntu ndetse ko yashatse kugaragaza ko buri wese afite uburenganzira bwo kubikora. Ibi rero bikaba byongeye kugaragaza ko turi mu minsi ya nyuma aho abantu basigaye bakora ibidakorwa. Muri iyi film hagaragaramo kandi umugore witwa Marie-Léa Kinka akaba ari umwe mu bakinnyi ba film z’urukozasoni b’ibyamamare muri iki gihugu.

Dore muri iyo film uko byari byifashe.
-
Mu mafoto: ibyaranze umunsi wa assumption I kibeho witabiriwe n’abantu bake mumateka yayo. #rwanda #RwOT
Buri mwaka tariki ya 15 Kanama, abantu babarirwa mu bihumbi baturutse ku Isi hose biganjemo abakirisito Gatolika bakoranira i Kibeho mu Karere ka Nyaruguru mu kwizihiza Umunsi Mukuru w’Ijyanwa mu Ijuru rya Bikira Mariya, umunsi uzwi nka Asomusiyo.
amasengesho yibanze kugusabira isi yugarijwe na COVID-19.


Icyorezo cya COVID-19 cyakomye mu nkokora ibikorwa byo kwizihiriza Umunsi Mukuru w’Ijyanwa mu Ijuru rya Bikira Mariya i Kibeho ku butaka butagatifu, gituma kuhakorera ingendo nyobokamana bisubikwa.

Kuri iyi nshuro si ko byagenze kubera ko icyorezo cya COVID-19 giterwa n’agakoko ka Coronavirus kibasiye Isi n’u Rwanda cyatumye ibikorwa byinshi bihuriza abantu hamwe bihagarara.

Kuri uyu wa Gatandatu uwageraga i Kibeho yagiraga ngo nta cyabaye kuko nta bantu benshi bari bahari nk’uko ubusanzwe biba bimeze, kuko imbuga iri imbere y’Ingoro ya Bikira Mariya yabaga yuzuyeho abantu babarirwa mu bihumbi 30.
abakirisitu bibukijwe kugira umutima utabara.
abantu 138 nibo bonyine bitabiriye iri sengesho.The post Mu mafoto: ibyaranze umunsi wa assumption I kibeho witabiriwe n’abantu bake mumateka yayo. appeared first on KASUKU MEDIA.
-
11 b’ibihe byose bakinanye na Manamana Jean Pierere #rwanda #RwOT

Manamana Jean Pierere, wakiniye ikipe y’igihugu Amavubi, ubu yibera mu Bubiligi nyuma yo gusoza gukina umupira w’amaguru, yahishuye ikipe y’abakinnyi 11 beza bakinaye mu ikipe y’igihugu Amavubi.
Yakiniye Amavubi 2003 kugeza 2005, ni umwe mu bakinnyi bafashije Amavubi kubona itike y’igikombe cy’Afurika cya 2004.
Ni we mukinnyi wa mbere watsindiye Amavubi igitego cya mbere mu gikombe cy’Afurika, hari ku mukino Amavubi yatsinzwemo na Tunisia 2-1.
Aganira na ISIMBI, Manamana yavuze ko ikipe y’ibihe byose kuri we ari 11 babanjemo ku mukino wa Tunisia, kuri we abafata nk’intagereranywa.
Dore 11 beza bakinanye na Manamana
Umunyezamu: Nkuzingoma Ramadhan
Ba Myugariro: Nshimiyimana Canisius, Bizagwira Leandre, Ntaganda Elias na Ndikumana Hamad Katauti
Abakina Hagati: Sibomana Abdul, Nshimiyimana Eric
Ba Rutahizamu}: Karekezi Olivier, Manamana Jean Pierre, Mbonabucya Desire na Saidi Abedi Makasi
ikipe ya 11 kuri Manamanasource http://isimbi.rw/siporo/article/11-b-ibihe-byose-bakinanye-na-manamana-jean-pierere
-
Bimwe mu byavugiwe mu mwihererero wa Rayon Sports, Sadate yavuze ku byo kwegura #rwanda #RwOT

Ku munsi w’ejo ni bwo ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwakoze umwihererro n’abakinnyi b’iyi kipe mu rwego rwo kurebera hamwe ubuzima rusange bw’ikipe, kubereka abakinnyi abashya, umutoza ndetse no gukemura ibibazo abakinnyi benshi bafite cyane iby’amafaranga.
Ni inama yabereye Honey to Honey ku Ruyenzi, ikaba yaratangiye saa 10h zirengaho iminota mike.
Umwe mu bakinnyi bari bitabiriye uyu mwihererero yabwiye ISIMBI ko nk’abakinnyi mbere yo kwinjira mu mwiherero cyangwa inama, babanje gukora inama nk’abakinnyi bagira ibyo bumvikanaho, icya mbere cyerekeranye n’ibirarane iyi kipe ifitiye abakinnyi aho bemeje ko nta mukinnyi uzatangira imyitozo hari ibirarane bagifitiye bagenzi be.
Benshi mu bakinnyi bari bafite amatsiko yo kumva icyo ubuyobozi buvuga ku birarane bafitiwe, perezida w’iyi kipe wari uyoboye iyi nama yabwiye abakinnyi ko bakwihangana ko ikibazo cyabo kigiye gukemurwa kuko barimo kugikurikirana.
Ikindi ni uko babwiwe ko nyuma y’uko amasezerano ya bo ahagaritswe muri Werurwe 2020, mu minsi mike bakira amabaruwa abasubiza mu kazi.
Aganira na Rwanda Magazine, perezida wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate yavuze kubivugwa byo kuba yakwegura cyangwa se amafaranga yishyuza kugira ngo arekure ikipe.
Yagize ati“Munyakazi ntabwo yigurisha. Amafaranga nashyize muri Rayon Sports nayayigurishe kubushae ntabwo rero navuze ko nzarekura ikipe nyasubijwe. Kwegura nagiye ku buyobozi ntowe igihe rero natorewe nikirangira nzahamagaza inteko rusange batore undi ansimbure.”
Atangaje ibi mu gihe abakunzi b’iyi kipe n’abandi bavuga ko akwiye kurekura ikipe kuko isa niyamunaniye kuko babona umunsi ku munsi usenyuka.
Abasore ba Rayon Sports mbere y’umwiherero -
Nyuma ya Sarpong, myugariro ukomeye w’Amavubi aravugwa muri AS Kigali #rwanda #RwOT

Nyuma y’uko bivuzwe ko ikipe ya AS Kigali yifuza rutahizamu Michael Sarpong, iyi kipe yatangiye no kwegera myugariro w’Amavubi ukina muri Bangladesh ariko uri mu Rwanda, Emery Bayisenge ngo abe yakwerekeza muri iyi kipe.
Ku munsi w’ejo ni bwo twabagejejeho inkuru y’uko nyuma y’uko Simba SC ihakaniye Sarpong ko itakimukeneye, ikipe ya AS Kigali yahise itangira kumwegera kugira ngo abe yajya kuyifasha mu mwaka utaha w’imikino cyane mu mikino nyafurika ya CAF Confederations Cup iyi kipe izakina.
Perezida w’ikipe ya AS Kigali, akaba yatangarije RBA ko uyu musore ukina mu mutima w’ubwugarizi ari umwe mu basore bifuza kugira ngo ajye kubafasha, yanahamije kandi amakuru y’uko bifuza Michael Sarpong.
Emery Bayisenge ukinira Saif Sporting Club yo muri Bangladesh aherutse gutangaza ko agifite amasezerano n’iyi kipe ariko atazi igihe azasubirirayo.
Iramutse iguze aba bakinnyi baba biyongereye kuri Hakizimana Muhadjiri, Rugirayabo Hassan na Shabani Hussein Tchabalala bamaze gusinyira iyi kipe.
Emery asanzwe akina muri Bangladeshsource http://isimbi.rw/siporo/article/nyuma-ya-sarpong-myugariro-ukomeye-w-amavubi-aravugwa-muri-as-kigali






