Tag: news

  • Pascaline arashaka umukunzi uzamufata neza.

    Nitwa Uwiduhaye Paccy (Pascaline) mfite imyaka 26 ndashaka umukunzi uzabasha kumfata neza akanyubaha. Ndifuza umusore witonda ucisha make udasaragurika kandi utanywa itabi ufite imyaka hagati ya 27-35 anyandikire inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/pascaline-arashaka-umukunzi-uzamufata-neza/

  • Nicole afite imyaka 20 akaba ashaka umusore bakundana.

    Nitwa Nashimwe Nicole mfite imyaka 20 nkaba nshaka umusore dukundana ufite urukundo rwinshi kuburyo azarumpa nkabura aho ndukwiza. Njye ndarufite kandi niteguye kurumuha. Nyandikira inbox

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/nicole-afite-imyaka-20-akaba-ashaka-umusore-bakundana/

  • Iratuzi Melissa akeneye umukunzi witeguye gukora ubukwe.

    Nitwa Iratuzi Melissa Teta nkaba nshaka umusore dukundana ufite gahunda yo gushinga urugo. Mfite imyaka 24 nkaba niteguye gukunda umugabo wanjye n’umutima wanjye wowe. Umukunzi wanjye agomba kuba atarengeje imyaka 40 kandi yiteguye gukora ubukwe. Njye mfite akazi keza ndetse n’amajyambere natangiye kuyagura. Ubishaka anyandikire inbox

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/iratuzi-melissa-akeneye-umukunzi-witeguye-gukora-ubukwe/

  • Mahoro Pamela arifuza umukunzi uhuye n’ibyifuzo bye.

    Nitwa Uwamahoro Pamela ariko banyita Mahoro nkaba nshaka umukunzi . Usome profle yanjye neza nubona ibyo nsaba byose ubyujuje unyandikire inbox niteguye kuguha urukundo rw’ukuri.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/mahoro-pamela-arifuza-umukunzi-uhuye-nibyifuzo-bye/

  • Laurence arashaka urukundo rwe rwa mbere.

    Nitwa Ndayuzwe Laurence mfite imyaka 20 mu buzima bwanjye sinigeze nkundana sinzi n’uko bimera. Ndashaka umusore twinjirana mu rukundo rwanjye rwa mbere, umusore uzamenya kunyihanganira kandi akantwara buke. Abe atarangeje imyaka 27 anyandikire inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/laurence-arashaka-urukundo-rwe-rwa-mbere/

  • Josee arashaka gukundana n’umusore w’umusirimu.

    Nitwa Akayesu Marie Josee mfte imyaka 24 ndashaka gukundana n’umusore w’umunyamujyi usirimutse. Ntabwo nshaka babandi b’abastar b’ibikabyo bagenda bidunda, bambaye amaherena n’imisatsi isutse, oya ndashaka umusore w’umusirimu wiyubaha wambara neza ibintu bisirimutse. Ubyujuje anyandikire inbox

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/josee-arashaka-gukundana-numusore-wumusirimu/

  • Grace arashaka umukunzi bazakundana nta buryarya.

    Nitwa Grace Kobusingye mvuka mu Karere ka Gatsibo ariko muri iyi minsi ndi i Kigali kubw’impamvu z’akazi. Ndashaka gukundana n’umusore ufite gahunda y’urukundo rw’ukuri rutarimo kuryaryana. Umusore muremure w’igikara ufite imyaka iri hagari ya 25-35 anyandikire inbox. Nukuri urukundo rw’ukuri ndarufite kandi simbeshya.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/grace-arashaka-umukunzi-bazakundana-nta-buryarya/

  • Esther akeneye umukunzi bazahuza bagakunda by’ukuri.

    Nitwa Esther Umwamikazi si ubwa mbere nkundana ariko sinigeze mbona urukundo rw’ukuri. Niyo mpamvu nshaka kugeragereza amahirwe kuru rubuga kugira ngo ndebeko nahahurira n’umusore uhuye n’inzozi zanjye. Ndifuza umusore ufite urukundo rw’ukuri nka rwarundi tuboa muri film z’impinde. Mfite imyaka 25 ndashaka umukunzi nawe uri mu kigero cy’iyo myaka. Wanyandikira inbox ndahita ngusubiza.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/esther-akeneye-umukunzi-bazahuza-bagakunda-byukuri/

  • Ishimwe Sandrine arifuza gukundana n’umusore wakwemera kumusanga mu Bubirigi.

    Nitwa Ishimwe Sandrine Gaelle mfite imyaka 26 mba mu gihugu cy’Ububirigi mpamaze imyaka 6 narangije kwiga umwaka ushize ubu ndakora mfite akazi keza. Ndashaka gukundana n’umusore w’umunyarwanda wakwemera kuza akansanga hano tugafatanya gushaka ubuzima tugakora ubukwe tukabana tukabyara abahungu n’abakobwa. Ndifuza umusore ufite imyaka 26-30 witeguye kuza gutura inaha kandi afite impamyabushobozi ya kaminuza. Nzamufasha uko mbishoboye, ariko bitewe n’uko nanjye ntariyubaka neza aribwo nkitangira akazi, byaba byiza abashije kwibonera itike imuzana noneho njye nkamufasha ibindi byaba kumucumbukira no kumufasha kubona ibyangombwa. Niba wumva byashoboka unyandikire inbox cyangwa kuri email : [email protected]

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/ishimwe-sandrine-arifuza-gukundana-numusore-wakwemera-kumusanga-mu-bubirigi/

  • Akamanzi Dorcas arifuza umusore bakundana.

    Nitwa Dorcas Akamanzi nkaba mfite imyaka 21 nkeneye umukunzi uwabona twahuza anyandikire inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/akamanzi-dorcas-arifuza-umusore-bakundana/