Tag: Hot

  • Miss Vanessa yihanangirije lyly bivugwako yamutwariye umugabo #rwanda #RwOT

    Musanzwe mubizi ko Miss Uwase Vanessa afite fiancée we ndetse benda kurushinga mu minsi mike iri imbere. Mu minsi ishize humvikanye inkuru ko haba hari umukobwa ushaka gutwara fiancée wa Miss Vanessa. Uwo mukobwa wamenyekanye ku mazina ya Lily ndetse akaba ari numwe mu banyarwandakazi bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko instagram.

    Miss Uwase Vanessa na fiancée we

    Lyly ushinjwa gushaka gutwara umugabo wa Vanessa

    Miss Vanessa yifashishije inshuti ye rutayisire noella kugirango ahe gasopo Lily amubwire amuvire ku mugabo nkuko odiyo yashyizwe hanze na yegob ibigaragaza.

    Ibi byumvikana ko atabivuze ntaho bivuye buriya hagaragaraga umubano udasanzwe hagati ya Fiancée wa Vanessa na Lily.

    Kumorongo wa telephone ubwo hillywood twageragezaga kuvugisha lyly mumagambo make yadungarije ko ntacyo yatangaza kuri ibi arikuvugwaho.
    http://dlvr.it/Rb7Flz

  • Mfite imyaka 28 igihe cy’ubwana narakirenze ndashaka gukundana n’umuntu ukuze mu bitekerezo. #rwanda #RwOT

    Nitwa Gatera Agasaro Jenny mfite imyaka 28 ntuye i Kigali nkaba nararangije kaminuza kuko nize hanze ubu mfite n’akazi. Mu myaka 10 ishize abasore bagiye bansaba urukundo sinabasha kubamenya umubare kubera ubwinshi bwabo. Abampamagara hamwe n’abanyandikira kuri Whatsapp na Facebook n’ahandi nabo ni benshi cyane ariko muri bose kugira ngo nzabonemo n’umwe wiyubaha, ufite ibitekerezo bizima, uvuga amagambo yabanje gutekerezaho ni imbonekarimwe. Kandi njye uwo niwe nshaka, abantu bahuragura ibigambo bipfuye ndetse biteye isoni, bapfa kuvuga ibyo batazi cyangwa ibyo babonye byose bagashyira comments no kubitabareba abongabo nta kintu nkivugana nabo. Abantu birirwa batukana ku mbuga nkoranyambaga bagatuka n’abo batazi, abantu mu magambo yabo hagaragaramo umujinya n’ubugome bw’indengakamere, kandi no kuri uru rubuga nagiye mbabonaho abo rwose simbakeneye muri bo ntihagire unyandikira. Ubu maze gukura imyaka y’ubwana narayirenze niyo mpamvu nshaka umuntu dukundana, ndashaka umuntu ufite ibitekerezo byagutse bizima kandi byubaka, umuntu uvuga amagambo yabanje gutekerezaho wa muntu uvuga ijambo rizima ukabona ko koko ari umuntu w’umugabo cyane. Nubwo yaba ari muto mu myaka ariko ari mukuru mu bitekerezo ntacyo bintwaye kuko ndabiziko abantu nkabo kubabona ni umugisha udasanzwe. Najye nimubona nzamufata neza nzamubera umwana mwiza kurugero atigeze akeka nzamubera byose kandi ntacyo azamburana.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
    http://dlvr.it/Rb0CL7

  • Nitwa Costasie ndi umunyamideli ndashaka umusore twakubakana urugo. #rwanda #RwOT

    Nitwa Costasie mba muri Zambiya ariko navukiye mu Rwanda nahavuye mfite imyaka 8 ubu mfite imyaka 30. Ndumva nshaka kubaka urugo rugakomeza niyo mpamvu nshaka umuntu w’inyangamugayo twarwubakana. Sintunze byinshi ariko ntagiye gufatisha ubu mfite ubuzima, nditeguye kuburyo ibyo nabona byose twabisangira. Ubusanzwe nkora akazi ko kurema imideli, ariko bitewe n’uburyo abantu batangiye kujya banyishimira byatumye rimwe na rimwe nshobora no gukora akazi ko kwerekana imideli ibikorwa byanjye bikaba bitangiye kugenda bimenyekana ndetse binaguka. Kandi uko ngenda menyekana buke buke ninako ibishuko biri kwiyongera niyo mpamvu nshaka umugabo kuko nimba mfite umugabo abasore banyirukaho bazagabanuka. Ndabiziko muri iki gihugu habamo abanyarwanda benshi hagize ubona ubu butumwa bwanjye akumva twamenyana kurushaho tugakundana ndetse tukaba twapanga kubana yanyandikira tukaganira kimwe nuko hagize nundi utari inaha akaba afite gahunda yo kuhaza nawe yambwira nazamufasha mu bijyanye no kumucumbikira ndetse no kumumenyereza imikorere y’inaha.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    *
    *
    *
    *
    *
    *
    *
    http://dlvr.it/Rb0CKn

  • Yitwa irakarama arashaka umusore wamuzura bagakundana urukundo rw’ukuri. #rwanda #RwOT

    Njye mu buzima nabonye urukundo ari byose, burya iyo umuntu nta rukundo afite ntacyo aba ari cyo. Maze imyaka ibiri ntamukunzi mfite ariko buri gihe iyo ngize ikintu kimbabaza mba numva nshaka umuntu wihariye twakiganiraho nkaruhuka umutima. Kimwe nuko iyo ngize ikintu kinshimisha cyane mba numva hari umuntu w’umwihariko nabibwira tugafatanya kwishima. Rero kubaho ntamukunzi mfite mba numva ubuzima busa n’ubwahagaze. Kuba ntamuntu ugukunda ufite kandi nawe ukaba ntawe ukunda ufite ngo umuhe umutima wawe umubitse amabaganga yawe yose biba bisa nkaho wapfuye. Nitwa Irakarama Deva Dudu mfite imyaka 21 ndashaka umuhungu wanzura akemera nkamuha umutima wanjye akawitwarira nkamwinjiza mu munyenga w’urukundo. Niba uri tayari banguka inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    *
    *
    http://dlvr.it/Rb0CJv

  • Mu mafoto irebere ubwiza bwa Miss Kayibanda Mutesi Aurore #rwanda #RwOT

    Miss Kayibanda Mutesi Aurore ni umwe muri Ba Miss Rwanda beza u Rwanda rwagize ndetse abenshi banavuga ko uyu mukobwa ariwe Miss w’ibihe byose babihereye ku bwiza bw’uyu mukobwa. Kuri ubu Miss Aurore ntakibarizwa i Rwanda asigaye yibera muri leta zunze ubumwe za Amerika. Hano twabakusanyirije amafoto 10 agaragaza ubwiza bw’uyu Nyampinga wambitswe ikamba ry’ubwiza, ubwenge n’umuco nyarwanda mu mwaka wa 2012.

    source https://www.hillywood.rw/?p=74546

  • Amafoto:ibihugu by’Africa bifite abakobwa neza, uratungurwa naho u Rwanda ruherereye #rwanda #RwOT

    By Twahirwa Emmy
    Ibihugu byinshi bya Afrika bizwiho kugira abakobwa bafite uburanga n’igikundiro, ariko buri wese ku giti cye yakwikorera urutonde rwe bitewe n’igisobanuro we aha ubwiza kuko ntawe utakwifuza kubona igihugu cye cyiza ku isonga.
    Biragoye kuba wavuga ngo ni ihame ko ibi ari byo bihugu bihoraho mu kuba bifite abakobwa beza muri Afrika, gusa ibi tugiye kubagezaho ni bimwe mu bigenda bigarukwaho cyane. 
    Impamvu ni uko imbuga zigiye zitandukanye zitondeka uru rutonde mu buryo butandukanye ariko ahanini icyo izi mbuga tuba dukesha aya makuru ziba zagendeyeho mu guhitamo ibihugu bihiga ibindi kugira abakobwa beza ni: Uburanga, Igikundiro, Kugira urugwiro no Gukurura abagabo.
    Uru rutonde tugiye kubagezaho tukaba turukesha ExpatKings:
    10.South SUDAN
    Ku mwanya wa 10 dusangaho Sudan y’Epfo nk’igihugu gifite abakobwa beza kandi bagira urugwiro ndetse banakurura abagabo .
    9.RWANDA
    U Rwanda ni igihugu gifite umutekano, kikarangwamo umutuzo ndetse n’ahantu nyaburanga ho gutemberera haryoheye ijisho, kikaba kandi kinakurura ba mukerarugendo batari bacye. Ku mwanya wa cyenda rero dusangaho abari b’abanyarwandakazi nabo bakurura abatari bacye.
    8.MORROCO
    Igihugu cya Morroco gituwe n’abakoresha ururimi rw’icyarabu cyane, kikaba kirangwa n’umutekano ndetse nacyo kiza kuri uru rutonde rw’ibihugu bifite abakobwa beza muri Africa.
    7.KENYA
    Kenya ni igihugu kigendwa na ba mukerarugendo benshi kuko byibuze  buri mwaka gisurwa na ba mukerarugendo bagera kuri miliyoni 2. Si ibi gusa kandi kuko Kenya ifite umwihariko wo kuba ari amahitamo ya mbere kuri ba mukerarugendo baba baje muri Africa ku nshuro yabo ya mbere. Abakobwa bo muri kenya bakaba ari beza, niyo mpamvu  umujyi  mukuru wa Kenya ari wo Nairobi ugendwa cyane n’abagabo.
    6.EGYPT
    Kuri uyu mwanya dusangaho abakobwa bo mu gihugu cya Egypt nabo bagaragara kuri uru rutonde nk’abakobwa beza dusanga ku mugabane wa Africa.
    5.ERITREA
    Eritrea ni igihugu gito ariko kirangwamo abakobwa beza benshi hakaba hakunze gukoreshwa ururimi rwitwa Tigrinya.
    4.GHANA
    Abakobwa bo muri Ghana bagira urugwiro cyane by’umwihariko kuri ba mukerarugendo baza babagana bikaba akarusho.
    3.ETHIOPIA
    Abakobwa bo muri Ethiopia bazwiho kuba bafite amaso manini kandi bafite n’amasura meza akurura benshi.
    2.DJIBOUTI
    Djibouti ni igihugu gito gifite abaturage batagera no kuri miliyoni 1 ariko ntibiyibuza kuza ku mwanya wa kabiri nk’igihugu gifite abakobwa beza cyane muri Africa. Muri iki gihugu bakaba bakoresha cyane ururimi rw’igifaransa.
    1.SOMALIA
    Ku isonga igihugu gihigika ibindi mu kugira abakobwa bafite uburanga kurusha abandi muri Afrika ni Somalia.
    Source : https://www.hillywood.rw/?p=74087
  • Dinnah arashaka umuhungu bakundana bakibanira bakazatandukanywa n’urupfu. #rwanda #RwOT

    By Doriane Umutoni


    Nitwa Ubayimfura Mutuye Dinnah ntuye mu Karere ka Gakenke ndi umukobwa ukuze ugejeje igihe cyo gushaka umugabo niyo mpamvu nifuza umusore ufite gahunda yo gushaka umugore bidatinze akaba afite ubushobozi bwo gukora ubukwe ndetse no kuntunga kuko njye ntakazi mfite ariko njya ngerageza gushakisha ubuzima uko bishoboka. Abaye afite inzu nibyo byaba byiza kandi afite ubushake bwo kubaka urugo. Umuhungu tuzakundana by’ukuri tukubakana urugo rugakomera tukibanira tukazatandukanywa n’urupfu. Ubaye wumva byakunda wanyandikira inbox cyangwa ukampamagara kuri  0780317397 tukabiganiraho birushijeho.
    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
  • Menya impamvu abagabo batinya kurongora abagore beza ariko bakishimira gusambana nabo:INKURU

    Mu by’ukuri iyo urebye impande n’impande uhasanga abakobwa beza (basa neza banateye neza urebeye inyuma (Physical appearance)), bamwe muri bo babifata nk’umugisha bagize bakanashimira Imana yabaremye basa neza nkuko babyifuza bakaba abantu b’ibitangaza muri sosiyete bahiga abandi mu bwiza. Gusa ni ibintu bigaragararira abantu bose ko abagore beza bakunze kubura abagabo.

    Bimaze kumenyerwa ko abagabo bakundana n’abagore beza bagakunda gusohokana, gutembereana, bagasura inshuti bari kumwe ariko ugasanga umubano wabo ushingiye kugirana ibihe byiza gusa ntibabe babarongora ngo babe ba mama wabana babo

    Ushobora kwemeranya nanjye cyangwa ntitwemeranye ariko nzi neza ko waba warabonye umusore cyangwa umugabo wakundanye n’umukobwa mwiza igihe kirekire, umukobwa akizerako ariwe bazabana, ariko ku buryo butunguranye umukobwa wa musore bari bamaze igihe bakundana ashakanye nundi kandi utari mwiza nkawe (ku isura no mu miterere igaragara inyuma).

    Ibi bikunda gusigira ibikomere byinshi abakobwa, abandi bagahitamo kuzibukira kubaho bakabaho ntanshuti, abandi bakaguma gukunda bakabifata nkaho nta bukwe bukibaho.

    Ubushakashatsi bwerekana ko abagabo cyangwa abasore bahitamo gukundana n’abakobwa beza cyane igihe kinini bakabakoza icyo bashaka cyose ariko nyuma bakabata bakishakira abandi. Binavugwa ko iyi myumvire itari ku bagabo gusa kuko n’abakobwa beza cyane bazi kandi bizera ko abagore beza bakunda kubata bakajya kubana n’abandi.

    Iyo bije ku mubano w’abasore n’inkumi, akenshi umukobwa ashaka umusore mwiza ushinguuye kandi ukurura abakobwa . Umukobwa iyo mukunda kugirana amakimbirane haba muvugana cyangwa mu butumwa bugufi, mu busanzwe bigargarira abakobwa ko muri mu kuryoshya gusa ariko ntibizera ko muzigera mubana aho abakobwa bavugako iyo mukundanye igihe kinini ari ukuryoshya gusa mu gihe bo baba bashaka abo babana, bakarambirwa bagatandukana nabo bakundana bagahitamo kwigendera bagashaka ababakunda bakabafasha.

    Iyi myitwarire ntabwo abakobwa bakunda kuyakira kubera ko abasore usanga babifata ukundi, abagabo bemera ko aribo bagomba kuba aba mbere mu gufasha abagore ariko abagore bafata iyambere mu gufasha abagabo, bikaba bibi cyane iyo umukobwa ari mwiza cyane abandi bamufata nkaho azajya yifuzwa n’abandi bagabo.

    Kugira ngo wumve ibintu neza abagore bagaragara kandi bateye neza ntabwo ariko baba bari, mu busanzwe umugabo uwari we wese, aba yabakunda ariko iyo ubegereye ukabamenya neza usanga ari agahinda gusa bagatinya kubana nabo, yamara gugasobanukirwa ko ubwiza babuvanye mu mavuta n’imyambaro bambara atari ubwiza nyakuri, akenshi ubwiza bagaragaza ko burahenze, abagabo benshi badafite umutungo ufatika barabatinya bagahitamo kudakundana nabo bagahita bigendera batinya ko bazabakenesha , nubwo ubwoba baba bafite rimwe na rimwe buba budafite ishingiro.

    Bivugwa ko abagore beza bashora menshi kugira ngo base neza kandi bakabikora ashaka guhisha aho batari beza, abagabo benshi bakundanye nabo nyuma bakabata babajijwe impamvu bavuzeko kugendana nabo, kubabona, gukorana imibonano mpuzabitsina bumva bameze neza cyane iyo bari kubonwa nabagenzi babo, ariko kubana nabo nk’umugore n’umugabo bumva badatekekanye, bagatanga ingero bati, “Niba umugore wawe umugabo ufite amafaranga amwifuje mwabana igihe kingana gute? Wahora wishimanye nawe? Nzabasha kumutunga?” Ababajijwe bose bavuze ko abagore beza bahenda udafite amafaranga utabasha kumutunga.

    Abagore beza nabo bizerako abagabo bake batunze aba bagore bavugako bakoresha amafaranga menshi cyane , kuko bene abo bagore bakenera impano, gusohokera ahantu hahenze, impano zihenze, niba ushaka kumutungura ukabikora ubatungurisha impano zihenze bisaba kwikora ku ikofi ngo uhore umunezeza.

    Niba ushaka ko mujyana gufata ifunguro ugomba kumujyana ahantu hahenze kandi hahurirwa nabantu benshi kandi ukamubaza aho yifuza kujya akihitiramo, ugasanga ibyo ubazwa birahenze, bagasobanura ko abasore iyo bakundanye naba bakobwa beza bisa no gutakaza amafaranga bigatuma bacika intege gukangana cyangwa ngo babane nabo.

    Abandi basobanura ko abagore beza baba bashaka umwana umwe cyangwa babairi kugira ngo batazataka imiterere yabo mu gihe abagabo bo baba bashaka abana berenze babiri, binavugwa ko abagore beza ubumenyi bwabo mu guteka ari bucye

    Utitaye no kuri ibi, mukuri usanga abagabo badakunda kubana n’abakobwa bazwi cyane, usanga abasore nta nyota bafitiye abantu bazwi, bakurura abagabo benshi, iyo abasore bashaka abagore bo kurushinga bareba imyitwarire hamwe n’ibindi bitagaragarira inyuma aribyo akundindira uwo mukobwa.

    Inkuru yanditswe na Dr. Chris Mauki kuri Bongo5 ivuga ko akenshi usanga abagabo badakururwa n’abagore bashaka kurebwa igihe cyose, bashaka kumenyekana cyane iyo bari mu bantu benshi, icyo abagabo baba bashaka n’umugore uba wishimye mu rugo , wumva, wajya inama n’uwo bashakanye, washobora guha uburere bwiza abo azabyara, agashimisha abana be n’umuryango we atari uhora yita ku ngoyi n’inzara ze.

    Ujya utungurwa nuko abantu babana n’ubumuga bashyingira buri munsi, bagashyingiranywa n’abakobwa beza, kuki udashyingirwa? N’ubwo bashyingirwa buri munsi, urukundo rugomba kuvomerewa, byaba none cyangwa ejo, adadshyingiwe none bazashyingirwa ejo cyangwa batandukane ejo bongere bashyingirwe

    Ucyeka ko abagabo bashyingiranywa n’abagore batazi icyo bashaka, uzatungurwa nubwo ntacyo atakubwira ko azakurongora, nubwo yiteguye gukundana nawe, ntimuzabana,

    Inama ku bakobwa bagenzi banjye muhindure imyitwarire, imbaraga mukoresha muconga inzara n’ingoyi muzikoreshe muhindura imico n’imyitwarire

    Posted by uwineza vanessa kuri Rwandapaparazzi.rw/tv

     2 total views,  2 views today

    The post Menya impamvu abagabo batinya kurongora abagore beza ariko bakishimira gusambana nabo:INKURU appeared first on Rwanda Paparazzi.

    source https://rwandapaparazzi.rw/2020/06/16/menya-impamvu-abagabo-batinya-kurongora-abagore-beza-ariko-bakishimira-gusambana-naboinkuru/

  • Iratuzi Melissa akeneye umukunzi witeguye gukora ubukwe.

    Nitwa Iratuzi Melissa Teta nkaba nshaka umusore dukundana ufite gahunda yo gushinga urugo. Mfite imyaka 24 nkaba niteguye gukunda umugabo wanjye n’umutima wanjye wowe. Umukunzi wanjye agomba kuba atarengeje imyaka 40 kandi yiteguye gukora ubukwe. Njye mfite akazi keza ndetse n’amajyambere natangiye kuyagura. Ubishaka anyandikire inbox

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/iratuzi-melissa-akeneye-umukunzi-witeguye-gukora-ubukwe/

  • Josee arashaka gukundana n’umusore w’umusirimu.

    Nitwa Akayesu Marie Josee mfte imyaka 24 ndashaka gukundana n’umusore w’umunyamujyi usirimutse. Ntabwo nshaka babandi b’abastar b’ibikabyo bagenda bidunda, bambaye amaherena n’imisatsi isutse, oya ndashaka umusore w’umusirimu wiyubaha wambara neza ibintu bisirimutse. Ubyujuje anyandikire inbox

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/josee-arashaka-gukundana-numusore-wumusirimu/