Tag: Hot

  • Bijoux wo muri Bamenya yavugishije benshi mu bafana be nyuma y'amafoto yashyize hanze – YEGOB #rwanda #RwOT

    Bijoux wo muri Bamenya ni umwe mu bakobwa b'abanyarwandakazi bakunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga by'umwihariko ku rubuga rwa instagram akaba ndetse ari umwe mu banyarwandakazi bakundirwa ubwiza ndetse n'ikimero cyabo. Amafoto akurikira Bijoux yashyize hanze ku munsi w'ejo yazamuye imbamutima z'abafana be benshi.

    Nyuma yo kubona aya mafoto bamwe mu bafana ba Bijoux batangaje ibi bikurikira:

    Source : https://yegob.rw/bijoux-wo-muri-bamenya-yavugishije-benshi-mu-bafana-be-nyuma-yamafoto-yashyize-hanze/

  • Rick Ross urukundo rwamutamaje agaragaza ko yihebeye Hamissa Mobeto wabyaranye na Diamond #rwanda #RwOT

    Rick Ross akunze kwishimira amafoto y'uyu mugore kuri Instagram ndetse akayatangaho ibitekerezo hari iyo yamubajije niba agiye kujya muri Amerika.

    Hamisa Mobetto yasangije abakunzi be ifoto ari kwinezeza muri Zanzibar ibera Rick Ross imbarutso yo kwerurira uyu mugore ko umukunda.

    Iyi foto Hamisa yayiherekeje amagambo agira ati' Uwo Imana yahaye umugisha nta muntu n'umwe wamurwanya'.

    Rick Ross yahise aza ari uri uwa gatanu mu bashyizeho ibitekerezo maze yandika agira ati#mine' bisobanuye mu Kinyarwanda ngo ' #uwanjye'.Mobetto na we yahise asubiza ati'Only yours', bishatse kuvuga ngo 'uwawe gusa.'

    Bijya gutangira,ifoto ya mbere Rick Ross yavuzeho yakoresheje utumenyetso(emojis) ku buryo byagoye benshi gusobanura ibyo yanditse, ariko kuri iyi nshuro batangiye gukoresha amagambo bagasubizanya.

    Hari indi foto Mobetto yashyizeho ari imbere y'imodoka yo mu bwoko bwa Ranger Rover, iherekezwa n'amagambo umuntu agenekereje mu Kinyarwanda agira ati'sindimo kugerageza kujya mu rukundo, ndagerageza kuba ndi muri Ranger Rover.'

    Rick Ross yahise aza avuga kuri iyi foto ngo 'Your Moving to US' mu rurimi rw'iwacu bivuze ngo 'ugiye kwimukira US', Mobetto na we yahise amubwira ngo 'all my bags packed. I'm ready', bivuze ngo 'ibikapu byanjye byose nabipakiye nditeguye.'

    Benshi bari kwibaza ibaribaza ku rukundo rw'aba bombi rukomeje kumeneka ku mbuga nkoranyambaga badahura.

    Hamisa Mobetto aherutse kubwira Brett Berish ko ahawe amahirwe yo gukorana n'indirimbo n'umunyamerika yahitamo gukorana na Rick Ross.



    Rick Ross wiyise “richforever” kuri Instagram yakunze Hamisa Mobetto wabyaranye na Diamond

    Source : http://umuryango.rw/ubuzima-115/imibereho/article/rick-ross-urukundo-rwamutamaje-agaragaza-ko-yihebeye-hamissa-mobeto-wabyaranye

  • Umunyarwandakazi Supersexy yigaragaje muri Video akuramo imyenda yose agasigara uko yavutse #rwanda #RwOT

    Uyu munyarwandakazi usanzwe uba muri Leta Zunze Ubumwe za America, n’ubusanzwe akunze kugaragara ku mbuga nkoranyambaga nka Instagram mu mashusho atambuka Live ashotora abagabo cyane.

    Mu minsi ishize yajyaga agaragara yigisha abagore n’abakobwa gukorera abagabo imibonano mu buryo butuma banurirwa.

    Mu mashusho yashyize ku rubuga nkoranyambaga rw’amashusho nzongamubiri rusanzwe rukurikiranwa n’abakuze, uyu Munyarwandakazi yakoze ibitamenyerewe i Rwanda.

    Muri aya mashusho amugaragaza ari mu nzu nziza ubona ko ari muri America koko, uyu mugore yaje yambaye ikanzu ariko atangira kuyimanura biza kurangira amabere agiye hanze.

    Abakurikiraga aya mashusho bagize ngo birangiriye aho ariko ibyo babivugaga batarabona kuko yaje gukuramo iyo kanzu ubundi agasigara yambaye uko yavutse.

    Supersexy usanzwe afite ikimero kirangaza abagabo n’abasore benshi, akoresha urubuga Instagram ashyiraho amafoto n’amashusho bigaragaza iki kimero cye gicumuza benshi.

    Ibi ni byo bimutunze ngo kuko bimwinjiriza agatubutse dore ko byatumye anamamara akifashishwa n’abahanzi bakomeye mu mashusho y’indirimbo ndetse akajya atumirwa mu bitaramo aho anaherutse gutumirwa mu cyari cyateguwe na Bad Rama ariko cyaje gusubikwa.

    PNG - 215.7 ko
    Yamanuye buhoro buhoro birangira bigeze aha
    JPEG - 70.7 ko
    Byarangiye akuyemo burundu

    UKWEZI.RW

    Source : http://www.ukwezi.rw/Imyidagaduro/article/Umunyarwandakazi-Supersexy-yigaragaje-muri-Video-akuramo-imyenda-yose-agasigara-uko-yavutse

  • Irebere amafoto y'abanyampinga b'U Rwanda Miss Liliane, Miss Elsa na Miss Meghan bari ku kirwa k'inyaja y'ubuhinde #rwanda #RwOT

    Nubwo iyi minsi yakomwe mu nkokora n'icyorezo cya Covid-219 aho ubu kwegerana cyangwa gukoranaho hasigaye hiyambazwa abashinzwe umutekanano,bitandukanye na mbere aho wasangaga iyo wasohotse ntukore ku muntu mwaba mwazanye cyangwa mutazanye mu gihe gutangira kubyina bitararyohaga nk'uko benshi babivuga.

    Ubu benshi bahinduye umuvuno aho usigaye usanga bamwe bafata umwanya bakigira ahantu hitaruye bakahamara iminsi ku buryo bari bwisanzure mu buryo ubwo ari bwo bwose byanze bikunze .

    Miss Iradukunda Liliane
    Aba bakobwa batatu Miss Elsa ,Miss Liliane na Miss Meghan bagiye mu buryohe bw'ibiruhuko by'impeshyi(Summer vacation) ,aho bafashe rutemikirere berekeza ku Nyanja y'u Buhinde ku karwa bita Maldives kuri Hotel bita Kaani iherereye mu Majyepfo y'uburengerazuba bwa bwa Srilanka n'u Buhunde,ku kirwa cyagenewe kuruhukiraho,bajya kwirira ubuzima banogera muri icyo kirwa ibintu neza Elsa yumva cyane dore ko hari n'amashusho amugaragaza ari hasi mu Nyanja.

    Ihere ijisho ubwiza bw'aba bakobwa beza


    Miss Nimwiza Nimwiza Meghan


    Source : http://umuryango.rw/imyidagaduro/article/irebere-amafoto-yabanyampinga-b-u-rwanda-3-miss-liliane-miss-elsa-na-miss

  • ShaddyBoo yakije umuriro kuri Twitter nyuma yo kwigereranya na Gasogi United na Rayon Sports #rwanda #RwOT

    Ku rubuga rwe rwa Twitter, Shaddy Boo yavuze ibi ku bw'amakur ko Rayon Sports bisanzwe bizwi ko ifite abafana benshi mu gihugu, yamaze kwirukanwa mu nzu yakoreragamo.

    Shaddy Boo ati: 'Nubwo ntabyifuza, buriya Rayon Sport isenyutse mwazajya mufana iyihe cga inde ? Gasogi cga Njyewe ? Ngo Rayon Sport yabuze amafranga yo kwishyura ? Bayirukanye. '

    Bamwe mu bamukurikira bavuga ko ibyo bitabaho, abandi bakamubaza niba bamufana kandi we atari ikipe yewe ntabe n'umukinnyi wa ruhago.


    ShaddyBoo ubusanzwe ni umugore w'abana babiri b'abakobwa yabyaranye na Mddy Saleh uzwiho gutunganya amashusho y'abahanzi.Meddy Saleh na Shaddyboo batandukanye muri 2016.

    Muri Gicurasi mu mwaka wa 2020, ubwo ShaddyBoo yaganiraga n'abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga abajijwe niba yasubirana na Meddy Saleh, uyu mukobwa yavuze ko ntacyo yabivugaho, gusa muri 2019 yari yatangaje ko gusubirana kwabo bitashoboka, gusa ahamya ko amukunda kuko amukundira abana be.

    Source : http://umuryango.rw/imyidagaduro/article/shaddyboo-yakije-umuriro-kuri-twitter-nyuma-yo-kwigereranya-na-gasogi-united

  • AMAKURU NYAYO!DIAMOND AIYE KURUSHINGA N’UMUNYARWANDAKAZI ESE NIBYO?? INKURU #rwanda #RwOT

     

    By Uwineza Vanessa

    Nasibu Abdul Juma Issack umunyamuziki w’icyamamare hano muri Africa ndetse no ku isi hose wamenyekanye nka Diamond Platnumz wakunze kuvugwa murukundo n’abakobwa benshi batandukanye biganjemo abo muri aka karere u Rwanda narwo ruhereyemo biravugwa ko yaba yaramaze gutanga inkwano ndetse imihango yo gukora ubukwe bwe n’umunyarwandakazi imyiteguro igeze kure.

    Diamond agiye gukora ubukwe

    nkuko tubikesha ikinyamakuru Inyarwanda.com nuko nyuma yamezi asaga atandatu uyu muhanzi atandukanye nuwari umukunzi we tanasha Donna ndetse akaba yaratandukanye nawe nyuma yuko babyaranye umwana umwe biravuga ko uyu mugabo arimbanyije imyiteguro yo gushaka undi mugore ndetse yewe akaba azaba ari umunyarwandakazi nubwo amazina ye nyakuri atari yatangazwa.

    inyarwanda ikomeza ivuga ko ubwo mukwezi gushize kwa karindwi Diamond yari mugitaramo yakoreye dodoma muri tanzania  nubundi yaganirije abari aho ndetse abatangariza ko umukunzi ahari ndetse yewe ko nimyiteguro ayigeze kure vuba agombva kubatumira nanone dore ko ubukwe bwo si ubwambere yaba abukoze.

    Subwambere yaba akoze ubukwe

    ibindi binyamakuru kandi byo muri aka karere dutuyemo byanditse bivuga ko ubu bukwe butari mu magambo gusa ndetse ko uyu mugabo yaba agiye kurushinga n’umunyarwandakazi ndetse yewe unaturuka mu muryango ukomeye nko tubikesha inyarwanda.com

    ibinyamakuru bikomeza bishimangira kandi ko ushinzwe gutegura ibiori muri WASAFI kazimoto Hellen ndetse nuwahoze ahagarariye polisi ya dar es salaam paul Makondo aribo bari gutegura ubu bukwe.

    ibi kandi bishimangirwa namagambo Diamond ubwe yitangarije ubwo yavugaga ko azizihiza isabukuru y’imyaka 31 n’umwe afite umugore  ibi bibaye ari ukuri byaba bisobanuye ko atazarenza ukwezi kwa cyenda adakoze ubukwe kuko isabukuru ye izaba tariki ya 02 z’ukwezi kwa cumi (ukwakira).

    Mbabazi Shadia  ariwe shaddyboo niwe byakunze kuvugwa ko yaba ariwe mukunzi mushya wa Diamond platnumz ibi bikaba byarashingirwaga kumubano wakunze kugaragara hagati yabo bombi haba mugihe uyu muhanzi yazaga mu Rwanda ndeste no mungendo shaddyboo yagiye agirirra mugihugu cya Tanzania.

    shaddyboo yakunze kugaragaza umubano hagati ye na diamond

    POSTED BY KABANDA JOSEPH KURI RWANDAPAPARAZZI.RW/TV

      40 total views,  40 views today

    The post AMAKURU NYAYO!DIAMOND AIYE KURUSHINGA N’UMUNYARWANDAKAZI ESE NIBYO?? INKURU appeared first on Rwanda Paparazzi.

  • Ndashaka umusore twakundana tukabana ariko ntiduhite tubyara. #rwanda #RwOT

    By Akaliza Phionah
    Muraho nshuti zanjye nitwa Mukobwajana Reponse mfite imyaka 29 ndi umukobwa nkaba nifuza umusore twakundana tugakora ubukwe tukabana ariko ntiduhite tubyara tukabanza gutegereza byibuze imyaka 5. Umusore twakundanaga nkibimubwira yahise anyanga ndetse avuga ko ndi umwirasi ariko njye impamvu ntashaka guhita mbyara si uko nanga abana, abana ndabakunda cyane pe, ahubwo n’uko mfite gahunda yo kubanza kwiga nkarangiza amashuri nkabona kubyara. Nize icyiciro cya mbere ndetse n’icya kabiri cya kaminuza ndakirangiza ariko mfite gahunda yo gukomeza kwiga igiciro cya gatatu hamwe n’icya kane kuko hari abantu banyemereye kunyishyurira ishuri muri America rero ayo mahirwe sinayitesha.
    Byongeye kandi hari umuryango natangije ufasha abana b’abakobwa kwigirira icyizere, nagize amahirwe mbona abaterankunga kuburyo mu myaka 2 iri imbere hari amahugurwa menshi ndetse n’inama nzitabira hirya no hino ku isi. Ibyo rero ntabwo nabifatanya no kubyara ngo bikunde, kandi mbanje gutegereza kubirangiza ngo nzabone gushaka nabwo ntibyankundira kuko iyo umuntu afite amafaranga ahura n’ibigusha byinshi kandi iyi si yuzuyemo ibishuko byinshi kuburyo umukobwa atabyinyuzamo ari wenyine. Rero kugira ngo gahunda zanjye zigerweho nuko ngomba kuba mfite umuntu wo kwizerwa iruhande rwanjye niyo mpamvu ngomba gushaka umugabo, akamfasha mu mishinga yanjye yose akamba hafi ariko akanyemerera ko tuziha gahunda y’imyaka itanu nta mwana tukazaba tubyara nyuma.
    Bitewe n’uko ngomba kujya kwiga mu mpera z’umwaka utaha nifuzaga ko uwo musore twakundana ubungubu tukaba twakora ubukwe mu ntangiriro z’umwaka utaha kandi byose bigenze neza nk’uko ndi kubipanga ntacyambuza ko twazajyana muri America noneho ibikorwa byanjye ndetse n’ibye bwite akaba yabikurikirana turi kumwe. Uwakumva twakwemeranya kuri iyo ngingo yanyandikira inbox tugatangira umushinga w’urukundo.
    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
  • Ndamutse mbonye umusore w’inyangamugayo sinazuyaza kumuha umutima wanjye. #rwanda #RwOT

    By Doriane Umutoni
    Abasore barahari ndetse benshi, abansaba urukundo barahari ndetse benshi, ariko kubona umuhungu w’inyangamugayo ni ikibazo gikomeye. Muri iki gihe umusore akunda umukobwa hari inyungu runaka amukurikiyeho, iyo amaze kuzibona ahita amuta akajya gushaka undi. Iyo mvuga inyangamugayo si mu rukundo gusa ahubwo ni mu bintu byose. Hari umusore uherutse kunsaba urukundo, njye narabibonaga ko ankunda kuko yakoraga ibishoboka byose kugira ngo anyereke urukundo, kandi mu gihe ukundana n’umusore hashira icyumweru agatangira kugusaba ko muryamana, we ntabyo yansabye ninacyo cyanyerekaga ko ari uw’ukuri. Nyuma yo kumusuzuma neza naje kumuha urukundo, turakundana, mukunda ntizigamye ndetse mwereka n’inshuti zanjye ziramumenya, baramenyana baba inshuti. Muri izo nshuti zanjye harimo umukobwa w’inshuti yanjye magara tujya dukunda no kugurizanya amafaranga. Igihe kimwe rero uwo musore yaje kujya kureba uwo mukobwa w’inshuti yanjye amubwira ko mutumye amafaranga nawe ahita ayamuha atabanje no kumbaza. Ubwo uwo musore yahise agenda gutyo n’amafaranga arayajyana. Rero buri gihe kubona umusore wagukunda by’ukuri kandi akaba ari inyangamugayo, ari indakemwa mu mico no mu myifatire ni ikibazo. Ushobora gukunda umusore kandi akaba ari umusinzi ndetse agura n’abakobwa bigurisha wowe ntubimenye, umusore mushobora gukundana ari igisambo ntubimenye, mugakundana ari umutekamutwe ntubimenye, mugakundana afite abakobwa benshi yateye inda wowe ntubimenye, mugakundana wowe ukajya ubona ari ntama w’Imana kandi ari umunyabyaha ruharwa yarayogoje agace ntubimenye. Umusore murakundana, akajya akubeshya ko ari umukire, akakwiyemeraho cyane ko yize ko afite ubushobozi, akajya akwereka amafoto ye ari mu modoka zihenze wowe ukamwizera ukagira ngo nibyo kandi byose ari ibinyoma ntanurwara rwo kwishima yigirira. Nubwo abasore hafi ya bose ari gutyo bateye ariko ndabizi ko hakiriho abasore b’inyangamugayo, uwo rero nimubona sindi buzuyaze kumuha umutima wanjye tukikundanira. Niba wiyiziho ubunyangamugayo, ukaba wujuje indangagaciro zijyanye n’umuco wacu ukaba wumva twakundana unyandikire inbox amazina yanjye ni Umutoniwase Elevanie.
    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

  • Abasore barantinya none bigiye gutuma ngumirwa niyo mpamvu nshaka umukunzi byihutirwa. #rwanda #RwOT

    By Doriane Umutoni
    Nitwa Nailla Ikuzwe Karengera mfite imyaka 40, kuva kera nkiri muto ababyeyi banjye banyigishije gushaka amafaranga, kuburyo ubu umpaye n’ibyatsi nabishakira abakiriya kandi bikagurwa. N’ubwo mu bucuruzi ndi umuhanga ariko mu rukundo ho ndi umuswa mubi. Mu myaka 20 ishize sinigeze nkundana n’umuhungu. Impamvu yabiteye n’uko njye n’ababyeyi banjye ntabwo twakunze kuba mu gihugu kimwe ngo tukigumemo igihe kinini kuko iyo twajyaga gutura mu gihugu runaka ababyeyi banjye bahatangizaga business yamara gushinga imizi dugahita twimukira mu kindi gihugu kuhatangiza indi gutyo gutyo. Ubwo rero iyo nabaga ntangiye kumenyera ahantu ntangiye kuhagira inshuti byahitaga biba ngombwa ko twimuka. Ubu rero nyinshi muri izo business ninjye nzicunga rero bigatuma ntajya nicara mu gihugu kimwe igihe kinini. Gusa iyo siyo mpamvu yonyine yabiteye ahubwo impamvu nyamukuru yabiteye n’uko abasore bantinya bakanga kunsaba urukundo. Umusore iyo tukimenyana bwa mbere akanyishimira iyo amenye uwo ndiwe ko ndi umukobwa wa Karengera ntiyongera kumvugisha. Bamwe barantinya bakumva ko ntaho bampera bansaba urukundo kuko ubusanzwe baba bamenyereye guteretesha amafaranga, rero bakumva ko nyabarusha bagatekereza ko ntamahirwe bafite yo kuba nabaha urukundo. Abandi nabo bakavuga ngo turamutse dukundanye tukabana sinazigera mbubaha kuko mbarusha amafaranga ngo najya mbasuzugura. Ariko muri njye siko nteye, nubwo nkize ariko sinirata, mu buzima nkunda guca bugufi, ndetse no guha agaciro buri wese. Ubu rero ndashaka umusore wakwemera ko dukundana. Sinzigera mukangisha amafaranga, ndetse sinzayamurutisha, nzamwubaha mu buryo bwose bushoboka, ibyanjye bizaba ibye, ndetse imitungo yanjye yose azayigiraho ijambo. Ikindi mwijeje nuko nta gihugu na kimwe nzajyamo atabishaka, ingendo zanjye zimwe nzazihagarika kugira ngo mpe umukunzi wanjye umwanya uhagije, kandi aho azumva ashaka kumperekeza nta kibazo tuzabyumvikanaho. Uwumva yanyemera akankunda by’ukuri yanyandikira inbox.
    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
  • Supersexy ahangayikishijwe n’ubwinshi bw’abagabo bakomeje kumwifuza #rwanda #RwOT

    By Twahirwa Emmy

    Umunyarwandakazi Supersexy ni umwe mu banyarwandakazi bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga byumwihariko ku rubuga rwa instagram.

    Mu minsi ishize twababwiye ko Supersexy yatangiye gahunda yo gukora amashusho y’urukuzasoni mu kiswe onlyfans akaba yaranatangiye kwinjiza amafaranga menshi mu minsi mike yari atangiye kubikora. Birumvikana ko Supersexy yatangiye kubona umubare munini w’abagabo bamwandikira bashaka ko baryamana.

    Supersexy
    Supersexy abinyujije kuri story ya instagram yatangaje ko yatangiye kubona umubare munini w’abagabo bashaka kuryamana na we.