Umunyarwandakazi Yolo The Queen yishyize ku karibanda yabunuje arimo koga mu mazi. Ni mu mafoto Yolo yashyize hanze abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram.
Source : https://yegob.rw/yolo-the-queen-yigaragaje-yabunuje-ari-mu-mazi-amafoto/
Umunyarwandakazi Yolo The Queen yishyize ku karibanda yabunuje arimo koga mu mazi. Ni mu mafoto Yolo yashyize hanze abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram.
Source : https://yegob.rw/yolo-the-queen-yigaragaje-yabunuje-ari-mu-mazi-amafoto/
Uyu mugore ufatwa nk’umwamikazi w’imbuga nkoranyambaga mu Rwanda, nta kintu kivugwa cyane ngo gitambuke atagitanzeho igitekerezo kabone nubwo cyaba ari igitekerezo cy’urwenya ariko agerageza kukivugaho.
Kuri uyu wa Mbere tariki 12 Nyakanga 2021 nyuma y’amasaha macye Ikipe y’Abataliyani yegukanye igikombe cya Euro 2020 ku mukono wayihuje n’u Bwongereza, Shaddyboo yagize icyo avuga ku banenze umutoza w’u Bwongereza.
Mbabazi Chadia cyangwa Shaddyboo, yagize ati 'Ugasanga umuntu nta nubwo yatoza Isibo y’iwabo ngo itsinde iyo muri Congo ,yarangiza ngo Gareth Southgate iyo akora gutya na gutya yari gutsinda Italy , Ngaho mugire Inama Amavubi azatware Cup Du monde 20222.'
Ukurikije uyu mwaka yanditse byaba bivuze ko ari mu myaka 18 201 iri imbere.
Shaddyboo kandi yari aherutse gutera abantu igiparu ubwo u Bwongereza bwatsindaga Denmark ku gitego cyatsinzwe na Harry Kane ubwo yateraga penaliti ariko umunyezamu akayikuramo, undi agahita yongera agashota mu izamu.
Icyo gihe Shaddyboo yari yagize ati 'Ngo ayikuramo, arongera ayisubizamooooo Harry kane.'
Ni igitekerezo cyafashwe na benshi nk’ikiganiro ku gikorwa cy’abakuru barimo bamwe bahise batanga ibitekerezo binyuranye bamwe bamubwira ko ibintu byinshi we abyumva nk’ibiganisha ku gikorwa cyo mu buriri.
UKWEZI.RW
Pamela Watara ni umunyamideli wo muri Ghana ariko ufite inkomoko muri Kenya, afite imyaka 25 y'amavuko. Ntagushidikanya ko ari mu bagore n'abakobwa bafite amabere manini muri Afurika. Akiba muri Kenya, abaturanyi baramuhohoteraga bamubwira amagambo atamushimishije ko ari mubi cyane ateye nabi kubera amabere ye.
Pamela yaje kwimukira muri Ghana, akigera muri iki gihugu cyo mu Burengerazuba bwa Afurika byaramuhiriye aho abakinnyi ba Filme bahise bamubonamo umuntu wabyazwa umusaruko akinishijwe Filme, ni ko gutangira kwamamara atyo. Nyuma kandi inzu z'imideli zaramufashe nk'umukobwa udasanzwe wanyura benshi, yinjira mu mideli no kuyimurika.Kuri ubu uyu mukobwa yamaze kwandika amateka ndetse afite agatubutse abikesha amabere ye.


Source : https://yegob.rw/ikimero-cyumunyamideli-wakijijwe-nubunini-bwamabere-ye/
Nana Weber wamamaye ku mazina ya Supersexy yasubije umuhanzi A Pass, ukomoka mu gihugu cya Uganda, wari waramubujije kudashyira hanze amafoto ashotorana. Ni nyuma yuko Supersexy yari amaze gushyira hanze indi foto ishotorana. Ni ifoto yashyize hanze abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram.
Nyuma yuko Supersexy ashyize hanze iyi foto, A Pass yamuhaye ubutumwa bugira buti ” Mummy we need to talk 😡, I refused you to take such pictures @mrs.weber “. Supersexy yahise amusubiza agira ati ” @iamapass Son u know I can't listen to you😂 “.
Supersexy ni umwe mu banyarwandakazi bazwiho gushyira hanze amafoto ashotorana.
Mu mpera z'icyumweru gishize nibwo umuhanzikazi Scillah abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook yashyize hanze ifoto ye ikurikira maze avugisha benshi mu bafana be bagiye bayibona.
Bimwe mu byatangajwe n'abafana ba Scillah ni ibi bikurikira:
Muri iki cyumweru turimo kugana ku musozo, abastar nyarwanda batandukanye babinyujije ku mbuga nkoranyambaga bakoresha basangije ababakurikirana amafoto atandukanye. Hano twabakusanyirije amwe mu mafoto y'abastar nyarwanda yabiciye bigacika kuri instagram muri iki cyumweru.
1. Miss Aisha Mutesi
2. Sacha Kate
3. Miss Jordan MushambokaziÂ
4. Miss Pamella Uwicyeza
5. Miss Vanessa Uwase
6. Butera Knowless
Source : https://yegob.rw/amafoto-yabastar-nyarwanda-yabiciye-bigacika-kuri-instagram-muri-iki-cyumweru-37/
Mbabazi Chadia wamamaye ku izina rya Shaddyboo ari naryo akoresha ku mbuga nkoranyambaga yamaze gutangaza abinyujije kuri Twitter ye ko kuri ubu mu Rwanda hagiye kuza ishuri ryigisha Football rizakora ku bufatanye n'ikipe ya Real Betis yo muri Espagne. Yongeyeho ko azaba na Mama waryo kugeza u Rwanda rutwaye CAN.
Mu magambo ye Bwite, Shaddyboo yagize ati ” Mu amateka ya Football Nyarwanda , ubu tugiye kugira ishuli ryigisha Football mu Rwanda kubufatanye na @RealBetis . Ninjye uzaba ndi Mama waryo kugeza dutwaye CAN , tugize na abakinnyi bakomeye ku isi ba abanyarwanda, MWabyemera mwahakana ndakaze 😁. I love this game 😍 “.
Mbere gato yuko Shaddyboo atangaza aya magambo yari yashyize hanze amafoto agaragaza umwenda w'abakinnyi ikipe ya Real Betis yamukoreye wanditseho izina rye (Shaddyboo).
Source : https://yegob.rw/shaddyboo-akoze-agashya-muri-ruhago-nyarwanda/
Miss Honorine wamamaye ku izina rya Igisabo yasubije umwe mu bafana be wamubajije niba yaba ari mu rukundo. Ni nyuma yuko uyu Mukobwa wegukanye ikamba rya Miss Popularity 2017 abinyujije kuri story ya Instagram ye yari yasabye abafana be kumubaza ibibazo bitandukanye. Umwe mu bafana be yahise amubaza ati ” R u single “. Maze nawe amusubiza mu buryo bukurikira
Umunyarwandakazi Agasaro Sandrine wamamaye ku izina rya Sacha Kate yazamuye imbamutima z'abafana be benshi nyuma yo gushyira hanze amafoto yambaye bikini. Aya ni amafoto Sacha yashyize hanze abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram.
Nyuma yuko aya mafoto agiye hanze, bamwe mu bafana ba Sacha batangaje ibi bikurikira :