Author: webrwanda

  • Kicukiro: Urubyiruko 20 rwafatiwe muri 'house party' runywa inzoga zitemewe – #rwanda #RwOT

    Ni rubyiruko rwafatiwe mu Karere ka Kicukiro, mu Murenge wa Niboye, aho rwari ruri gukorera ibirori bibera mu ngo bizwi nka 'house party' bisanzwe bibujijwe ahanini bitewe n'ibikorwa bitewewe biberamo.

    Yari inzu yarimo urubyiruko rwinshi, ariko ubwo Polisi yahageraga bamwe baracitse, ibasha gufata abagera kuri 20

    Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, CIP Gahonzire Wellars, yabwiye IGIHE ko abo bose bafashwe baraganirizwa bemera ko batazabyongera bararekurwa.

    Ati 'Inzoga banywaga harimo n'izakuwe ku masoko, ariko igikomeye ni uko bari banasinze bikomeye. Urumva urubyiruko ruhuriye hamwe rugasinda ruteza imidugararo, kandi runanywa inzoga zitujuje ubuziranenge.'

    CIP Gahonzire yibukije abantu kandi ko inzoga zose zakuwe ku isoko zitemewe gukoreshwa n'abantu mu buryo ubwo ari bwo bwose, kandi ko abazafatwa bazabihanirwa nta kabuza.

    Ati 'Inzoga zahagaritswe, hari abacyumva ko bazihisha, abandi bakazinywera mu ngo n'ibindi bitandukanye. Turaburira abijandika mu bikorwa nk'ibyo kubireka.'

    Yavuze ko hari n'abafite utubari bamaze iminsi bafatwa barengeje amasaha yagenwe n'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Iterambere yo gufunga utubari.

    Ati 'Abari kurenza amasaha y'utubari kandi bakanateza urusaku turabibutsa ko bitemewe. Twarababonye za Kicukiro babikora, ugasanga abayobora tubari baranijandika no mu bindi byaha byo gufungirana inzego z'umutekano zije kubafata cyangwa gushaka gutanga ruswa.'

    Yasobanuye ko abazafatwa bazajya bakurikiranwa ku byo bakoze byose, birimo kugerageza gutanga ruswa, kuba barengeje amasaha ndetse n'abagerageza gucikisha abakiliya bari bari mu kabari.

    Kugeza ubu inganda zirenga 150 zengaga inzoga zitujuje ubuziranenge mu Rwanda zimaze gufungwa, ndetse ibinyobwa byazo n'ibindi byatumizwaga mu mahanga biri muri uyu mujyo byarahagaritswe.

    Minititeri y'Ubuzima igaragaza ko abarenga 50 bishwe n'inzoga zitujuje ubuziranenge, 100 barahuma mu gihe ibihumbi 11 babaswe na zo mu mezi atandatu gusa.

    Umuvuigizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, CIP Gahonzire Wellars yavuze ko urubyiruko 20 rwafatiwe muri 'house party' runywa inzoga zitemewe ku Kicukiro


    Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/kicukiro-urubyiruko-20-rwafatiwe-muri-house-party-runywa-inzoga-zitemewe

  • Kicukiro: Urubyiruko 20 rwafatiwe muri 'house party' runywa inzoga zitemewe – #rwanda #RwOT

    Ni rubyiruko rwafatiwe mu Karere ka Kicukiro, mu Murenge wa Niboye, aho rwari ruri gukorera ibirori bibera mu ngo bizwi nka 'house party' bisanzwe bibujijwe ahanini bitewe n'ibikorwa bitewewe biberamo.

    Yari inzu yarimo urubyiruko rwinshi, ariko ubwo Polisi yahageraga bamwe baracitse, ibasha gufata abagera kuri 20

    Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, CIP Gahonzire Wellars, yabwiye IGIHE ko abo bose bafashwe baraganirizwa bemera ko batazabyongera bararekurwa.

    Ati 'Inzoga banywaga harimo n'izakuwe ku masoko, ariko igikomeye ni uko bari banasinze bikomeye. Urumva urubyiruko ruhuriye hamwe rugasinda ruteza imidugararo, kandi runanywa inzoga zitujuje ubuziranenge.'

    CIP Gahonzire yibukije abantu kandi ko inzoga zose zakuwe ku isoko zitemewe gukoreshwa n'abantu mu buryo ubwo ari bwo bwose, kandi ko abazafatwa bazabihanirwa nta kabuza.

    Ati 'Inzoga zahagaritswe, hari abacyumva ko bazihisha, abandi bakazinywera mu ngo n'ibindi bitandukanye. Turaburira abijandika mu bikorwa nk'ibyo kubireka.'

    Yavuze ko hari n'abafite utubari bamaze iminsi bafatwa barengeje amasaha yagenwe n'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Iterambere yo gufunga utubari.

    Ati 'Abari kurenza amasaha y'utubari kandi bakanateza urusaku turabibutsa ko bitemewe. Twarababonye za Kicukiro babikora, ugasanga abayobora tubari baranijandika no mu bindi byaha byo gufungirana inzego z'umutekano zije kubafata cyangwa gushaka gutanga ruswa.'

    Yasobanuye ko abazafatwa bazajya bakurikiranwa ku byo bakoze byose, birimo kugerageza gutanga ruswa, kuba barengeje amasaha ndetse n'abagerageza gucikisha abakiliya bari bari mu kabari.

    Kugeza ubu inganda zirenga 150 zengaga inzoga zitujuje ubuziranenge mu Rwanda zimaze gufungwa, ndetse ibinyobwa byazo n'ibindi byatumizwaga mu mahanga biri muri uyu mujyo byarahagaritswe.

    Minititeri y'Ubuzima igaragaza ko abarenga 50 bishwe n'inzoga zitujuje ubuziranenge, 100 barahuma mu gihe ibihumbi 11 babaswe na zo mu mezi atandatu gusa.

    Umuvuigizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, CIP Gahonzire Wellars yavuze ko urubyiruko 20 rwafatiwe muri 'house party' runywa inzoga zitemewe ku Kicukiro


    Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/kicukiro-urubyiruko-20-rwafatiwe-muri-house-party-runywa-inzoga-zitemewe

  • Kicukiro: Urubyiruko 20 rwafatiwe muri 'house party' runywa inzoga zitemewe – #rwanda #RwOT

    Ni rubyiruko rwafatiwe mu Karere ka Kicukiro, mu Murenge wa Niboye, aho rwari ruri gukorera ibirori bibera mu ngo bizwi nka 'house party' bisanzwe bibujijwe ahanini bitewe n'ibikorwa bitewewe biberamo.

    Yari inzu yarimo urubyiruko rwinshi, ariko ubwo Polisi yahageraga bamwe baracitse, ibasha gufata abagera kuri 20

    Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, CIP Gahonzire Wellars, yabwiye IGIHE ko abo bose bafashwe baraganirizwa bemera ko batazabyongera bararekurwa.

    Ati 'Inzoga banywaga harimo n'izakuwe ku masoko, ariko igikomeye ni uko bari banasinze bikomeye. Urumva urubyiruko ruhuriye hamwe rugasinda ruteza imidugararo, kandi runanywa inzoga zitujuje ubuziranenge.'

    CIP Gahonzire yibukije abantu kandi ko inzoga zose zakuwe ku isoko zitemewe gukoreshwa n'abantu mu buryo ubwo ari bwo bwose, kandi ko abazafatwa bazabihanirwa nta kabuza.

    Ati 'Inzoga zahagaritswe, hari abacyumva ko bazihisha, abandi bakazinywera mu ngo n'ibindi bitandukanye. Turaburira abijandika mu bikorwa nk'ibyo kubireka.'

    Yavuze ko hari n'abafite utubari bamaze iminsi bafatwa barengeje amasaha yagenwe n'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Iterambere yo gufunga utubari.

    Ati 'Abari kurenza amasaha y'utubari kandi bakanateza urusaku turabibutsa ko bitemewe. Twarababonye za Kicukiro babikora, ugasanga abayobora tubari baranijandika no mu bindi byaha byo gufungirana inzego z'umutekano zije kubafata cyangwa gushaka gutanga ruswa.'

    Yasobanuye ko abazafatwa bazajya bakurikiranwa ku byo bakoze byose, birimo kugerageza gutanga ruswa, kuba barengeje amasaha ndetse n'abagerageza gucikisha abakiliya bari bari mu kabari.

    Kugeza ubu inganda zirenga 150 zengaga inzoga zitujuje ubuziranenge mu Rwanda zimaze gufungwa, ndetse ibinyobwa byazo n'ibindi byatumizwaga mu mahanga biri muri uyu mujyo byarahagaritswe.

    Minititeri y'Ubuzima igaragaza ko abarenga 50 bishwe n'inzoga zitujuje ubuziranenge, 100 barahuma mu gihe ibihumbi 11 babaswe na zo mu mezi atandatu gusa.

    Umuvuigizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, CIP Gahonzire Wellars yavuze ko urubyiruko 20 rwafatiwe muri 'house party' runywa inzoga zitemewe ku Kicukiro


    Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/kicukiro-urubyiruko-20-rwafatiwe-muri-house-party-runywa-inzoga-zitemewe

  • Kugirana amasezerano na Aston Villa ntabwo bivuze ko twavuye hejuru tukamanuka- Mutangana wa RDB – #rwanda #RwOT

    Byagarutsweho mu kiganiro n'abanyamakuru kiviga kuri gahunda yo kwita izina abana b'ingagi cyabaye ku wa 11 Kanama 2026.

    Umuyobozi w'Ishami rishinzwe kubungabunga Urusobe rw'Ibinyabuzima muri, RDB, Mutangana Eugène, yagaragaje ko amasezerano u Rwanda rwagiranye na Arsenal FC yo mu bwongereza yatanze umusaruro kuko mu gihe cy'imikoranire abasura igihugu biyongereye n'musaruro w'ubukerarugendo ukiyongera.

    Yatanze urugero rwa 2025 aho amafaranga yinjijwe n'ubukerarugendo mu 2025 ari miliyoni 685$, avuye kuri miliyoni 647$ zari zinjijwe mu 2024. Abasuye u Rwanda mu 2025 bagera kuri miliyoni 1,49,.

    Ati 'Ibi ni ibyo kwishimira, ntabwo bivuze ko ari ubufatanye gusa bwatumye tubigeraho, hari n'ibindi dukora mu buryo butandukanye ariko cyane cyane aya masezerano harimo ayo twagiranye na Arsenal yagize uruhare mu kuzamura ubukerarugendo, mu mafaranga twinjiza ndetse n'izindi nyungu zishamikiye ku bukerarugendo.'

    Ku wa 14 Nyakanga 2026 u Visit Rwanda yinjiye mu mikoranire na Aston Villa, amasezerano atuma Visit Rwanda iba umuterankunga mukuru (Principal Partner), umufatanyabikorwa mu bukerarugendo (Official Tourism Partner) ndetse n'utanga ikawa yemewe n'iyi kipe (Official Coffee Provider).

    Muri aya masezerano, ikirango cya Visit Rwanda kizajya kigaragara imbere ku mipira y'amakipe yose ya Aston Villa arimo iy'abagabo, abagore ndetse n'amakipe y'abakiri bato n'ahandi hantu h'ingenzi.

    Mutangana yavuze ko amasezerano ya Aston Villa na yo yitezwemo umusaruro ushimishije.

    Ati 'Kuba twaragiranye amasezerano na Aston Villa ntabwo bivuze ko twavuye hejuru tukamanuka. Mu kinyarwanda baravuga ngo nta mukiliya muto, kandi tugomba kwagura umubano, ubufatanye, twizera ko amasezerano tumaze kugirana na Aston Villa azatugeza kuri byinshi kandi twiteguye no kugirana amasezerano n'izindi aho bishoboka.'

    Uretse guteza imbere ubukerarugendo, ubu bufatanye buzibanda no ku kumenyekanisha u Rwanda nk'igihugu gifite amahirwe mu ishoramari, kwakira ibikorwa mpuzamahanga ndetse n'inama zitandukanye n'imikino.

    Impande zombi zizafatanya mu bikorwa bigamije guteza imbere umupira w'amaguru n'amahugurwa y'abatoza, ibikorwa by'ubugiraneza, guteza imbere imiyoborere ndetse no gutanga amahirwe yo kongera ubumenyi mu myuga itandukanye.

    Gushyira ikirango cya Visit Rwanda imbere ku mwambaro wa Aston Villa bizatuma kigaragara cyane mu mikino ya Premier League, mu marushanwa yo ku Mugabane w'u Burayi, mu bikorwa byo kwamamaza ndetse no ku bicuruzwa by'iyi kipe.

    Aston Villa ni imwe mu makipe afite amateka akomeye mu Bwongereza. Yegukanye Champions League mu 1982, ndetse mu 2026 yegukanye UEFA Europa League. Mu myaka ya vuba yongeye kugaragara mu makipe ahatanira imyanya ya mbere muri Premier League.

    Ikiganiro cyitabiriwe n’abayobozi b’inzego zitandukanye zifite aho zihuriye n’ubukerarugendo

    Mutangana Eugène yemeje ko amasezerano na Aston Villa yitezweho umusaruro

    Umuhango wo kwita izina uzabera mu Kinigi, ahazitwa abana 22


    Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/kugirana-amasezerano-na-aston-villa-ntabwo-bivuze-ko-twavuye-hejuru-tukamanuka

  • Kugirana amasezerano na Aston Villa ntabwo bivuze ko twavuye hejuru tukamanuka- Mutangana wa RDB – #rwanda #RwOT

    Byagarutsweho mu kiganiro n'abanyamakuru kiviga kuri gahunda yo kwita izina abana b'ingagi cyabaye ku wa 11 Kanama 2026.

    Umuyobozi w'Ishami rishinzwe kubungabunga Urusobe rw'Ibinyabuzima muri, RDB, Mutangana Eugène, yagaragaje ko amasezerano u Rwanda rwagiranye na Arsenal FC yo mu bwongereza yatanze umusaruro kuko mu gihe cy'imikoranire abasura igihugu biyongereye n'musaruro w'ubukerarugendo ukiyongera.

    Yatanze urugero rwa 2025 aho amafaranga yinjijwe n'ubukerarugendo mu 2025 ari miliyoni 685$, avuye kuri miliyoni 647$ zari zinjijwe mu 2024. Abasuye u Rwanda mu 2025 bagera kuri miliyoni 1,49,.

    Ati 'Ibi ni ibyo kwishimira, ntabwo bivuze ko ari ubufatanye gusa bwatumye tubigeraho, hari n'ibindi dukora mu buryo butandukanye ariko cyane cyane aya masezerano harimo ayo twagiranye na Arsenal yagize uruhare mu kuzamura ubukerarugendo, mu mafaranga twinjiza ndetse n'izindi nyungu zishamikiye ku bukerarugendo.'

    Ku wa 14 Nyakanga 2026 u Visit Rwanda yinjiye mu mikoranire na Aston Villa, amasezerano atuma Visit Rwanda iba umuterankunga mukuru (Principal Partner), umufatanyabikorwa mu bukerarugendo (Official Tourism Partner) ndetse n'utanga ikawa yemewe n'iyi kipe (Official Coffee Provider).

    Muri aya masezerano, ikirango cya Visit Rwanda kizajya kigaragara imbere ku mipira y'amakipe yose ya Aston Villa arimo iy'abagabo, abagore ndetse n'amakipe y'abakiri bato n'ahandi hantu h'ingenzi.

    Mutangana yavuze ko amasezerano ya Aston Villa na yo yitezwemo umusaruro ushimishije.

    Ati 'Kuba twaragiranye amasezerano na Aston Villa ntabwo bivuze ko twavuye hejuru tukamanuka. Mu kinyarwanda baravuga ngo nta mukiliya muto, kandi tugomba kwagura umubano, ubufatanye, twizera ko amasezerano tumaze kugirana na Aston Villa azatugeza kuri byinshi kandi twiteguye no kugirana amasezerano n'izindi aho bishoboka.'

    Uretse guteza imbere ubukerarugendo, ubu bufatanye buzibanda no ku kumenyekanisha u Rwanda nk'igihugu gifite amahirwe mu ishoramari, kwakira ibikorwa mpuzamahanga ndetse n'inama zitandukanye n'imikino.

    Impande zombi zizafatanya mu bikorwa bigamije guteza imbere umupira w'amaguru n'amahugurwa y'abatoza, ibikorwa by'ubugiraneza, guteza imbere imiyoborere ndetse no gutanga amahirwe yo kongera ubumenyi mu myuga itandukanye.

    Gushyira ikirango cya Visit Rwanda imbere ku mwambaro wa Aston Villa bizatuma kigaragara cyane mu mikino ya Premier League, mu marushanwa yo ku Mugabane w'u Burayi, mu bikorwa byo kwamamaza ndetse no ku bicuruzwa by'iyi kipe.

    Aston Villa ni imwe mu makipe afite amateka akomeye mu Bwongereza. Yegukanye Champions League mu 1982, ndetse mu 2026 yegukanye UEFA Europa League. Mu myaka ya vuba yongeye kugaragara mu makipe ahatanira imyanya ya mbere muri Premier League.

    Ikiganiro cyitabiriwe n’abayobozi b’inzego zitandukanye zifite aho zihuriye n’ubukerarugendo

    Mutangana Eugène yemeje ko amasezerano na Aston Villa yitezweho umusaruro

    Umuhango wo kwita izina uzabera mu Kinigi, ahazitwa abana 22


    Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/kugirana-amasezerano-na-aston-villa-ntabwo-bivuze-ko-twavuye-hejuru-tukamanuka

  • Kugirana amasezerano na Aston Villa ntabwo bivuze ko twavuye hejuru tukamanuka- Mutangana wa RDB – #rwanda #RwOT

    Byagarutsweho mu kiganiro n'abanyamakuru kiviga kuri gahunda yo kwita izina abana b'ingagi cyabaye ku wa 11 Kanama 2026.

    Umuyobozi w'Ishami rishinzwe kubungabunga Urusobe rw'Ibinyabuzima muri, RDB, Mutangana Eugène, yagaragaje ko amasezerano u Rwanda rwagiranye na Arsenal FC yo mu bwongereza yatanze umusaruro kuko mu gihe cy'imikoranire abasura igihugu biyongereye n'musaruro w'ubukerarugendo ukiyongera.

    Yatanze urugero rwa 2025 aho amafaranga yinjijwe n'ubukerarugendo mu 2025 ari miliyoni 685$, avuye kuri miliyoni 647$ zari zinjijwe mu 2024. Abasuye u Rwanda mu 2025 bagera kuri miliyoni 1,49,.

    Ati 'Ibi ni ibyo kwishimira, ntabwo bivuze ko ari ubufatanye gusa bwatumye tubigeraho, hari n'ibindi dukora mu buryo butandukanye ariko cyane cyane aya masezerano harimo ayo twagiranye na Arsenal yagize uruhare mu kuzamura ubukerarugendo, mu mafaranga twinjiza ndetse n'izindi nyungu zishamikiye ku bukerarugendo.'

    Ku wa 14 Nyakanga 2026 u Visit Rwanda yinjiye mu mikoranire na Aston Villa, amasezerano atuma Visit Rwanda iba umuterankunga mukuru (Principal Partner), umufatanyabikorwa mu bukerarugendo (Official Tourism Partner) ndetse n'utanga ikawa yemewe n'iyi kipe (Official Coffee Provider).

    Muri aya masezerano, ikirango cya Visit Rwanda kizajya kigaragara imbere ku mipira y'amakipe yose ya Aston Villa arimo iy'abagabo, abagore ndetse n'amakipe y'abakiri bato n'ahandi hantu h'ingenzi.

    Mutangana yavuze ko amasezerano ya Aston Villa na yo yitezwemo umusaruro ushimishije.

    Ati 'Kuba twaragiranye amasezerano na Aston Villa ntabwo bivuze ko twavuye hejuru tukamanuka. Mu kinyarwanda baravuga ngo nta mukiliya muto, kandi tugomba kwagura umubano, ubufatanye, twizera ko amasezerano tumaze kugirana na Aston Villa azatugeza kuri byinshi kandi twiteguye no kugirana amasezerano n'izindi aho bishoboka.'

    Uretse guteza imbere ubukerarugendo, ubu bufatanye buzibanda no ku kumenyekanisha u Rwanda nk'igihugu gifite amahirwe mu ishoramari, kwakira ibikorwa mpuzamahanga ndetse n'inama zitandukanye n'imikino.

    Impande zombi zizafatanya mu bikorwa bigamije guteza imbere umupira w'amaguru n'amahugurwa y'abatoza, ibikorwa by'ubugiraneza, guteza imbere imiyoborere ndetse no gutanga amahirwe yo kongera ubumenyi mu myuga itandukanye.

    Gushyira ikirango cya Visit Rwanda imbere ku mwambaro wa Aston Villa bizatuma kigaragara cyane mu mikino ya Premier League, mu marushanwa yo ku Mugabane w'u Burayi, mu bikorwa byo kwamamaza ndetse no ku bicuruzwa by'iyi kipe.

    Aston Villa ni imwe mu makipe afite amateka akomeye mu Bwongereza. Yegukanye Champions League mu 1982, ndetse mu 2026 yegukanye UEFA Europa League. Mu myaka ya vuba yongeye kugaragara mu makipe ahatanira imyanya ya mbere muri Premier League.

    Ikiganiro cyitabiriwe n’abayobozi b’inzego zitandukanye zifite aho zihuriye n’ubukerarugendo

    Mutangana Eugène yemeje ko amasezerano na Aston Villa yitezweho umusaruro

    Umuhango wo kwita izina uzabera mu Kinigi, ahazitwa abana 22


    Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/kugirana-amasezerano-na-aston-villa-ntabwo-bivuze-ko-twavuye-hejuru-tukamanuka

  • Inyubako izwi nka 'Inkundamahoro' yafunguwe – #rwanda #RwOT

    Umujyi wa Kigali wumvikanye n'Ubuyobizi bw'Inkundamaho ko bugomba kuba bwamaze gutunganya ibintu byose basabwa mu gihe kingana n'amezi abiri, ariko hakagira iby'ibanze bigomba kujya bikorwa buri munsi.

    Mu kiganiro gito yagiranye na IGIHE Ntirenganya, yavuze ko abakorera muri iyi nyubako bari bafite ibibazo by'umwanda ukabije birimo ikimpoteri kidakorerwa isuku, amazi ava mu nyubako batavidura uko bikwiye, gusiga irangi, amakaro yacikaguritse, amatiyo yaturitse ndetse n'ibikoresho byifashishwa mu kuzimya inkongi y'umuriro bidakora neza.

    Ntirenganya yavuze ko ubu bemeranyije n'Ubuyobozi bw'Inkundamahoro ko amatiyo bagomba kuyasimbuza, bagatunganya ikimpoteri n'ibindi birimo gushyiramo andi makaro no gisiga irangi.

    Yagize ati 'Kuri ubu amatiyo navugaga yangiritse yo barimo barayasimbuza, imyanda yo mukimpoteri ejo baraye bayitwaye, ariko uburyo bagomba kukivugurura bakagitunganya neza bagomba kubikora. Ibijyanye n'amazi yanduye twavuganye uburyo bagomba gushyiraho bwo kuyatunganya, ariko mu gihe butararangira bakaba bakora ku buryo bavidura buri munsi kandi bakavidura mu buryo bwabugenewe, bakoresheje imiti ishyirwamo bakabijyanya i Nduba.'

    Ntirenganya yavuze ko ibyo bemeranyije bagomba kujya babikora buri munsi kuko Umujyi wa Kigali uzajya ukora ubugenzuzi ngo urebe ko bari kubishyira mu bikorwa.

    Ati 'Iriya nyubako ikoreramo abantu benshi cyane, igihe cyose bazajya barara bataviduye byaba bitangiye guhinduka ikibazo, ibyo babyemeye kandi n'ejo barabikoze n'uyu munsi turaza kugenzura ko babikoze.'

    Ibirimo gutunganya ikimpoteri, gusana amakaro no gusiga irangi, Umujyi wa Kigali watanze amezi abiri yo kuba byamaze gukorwa.

    Ntirenganya yavuze ko icyemezo cyo gufunga inyubako y'Inkundamaro cyaturutse ku mwanda ushobora guteza ibibazo cyane cyane icy'indwara zikomoka ku mwanda kandi ko bazakora ibishoboka byose ngo ibyo byirindwe.

    Inyubako y’Inkundamahoro yafunguwe nyuma y’iminsi itatu ifunze


    Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/inyubako-izwi-nka-inkundamahoro-yafunguwe

  • Inyubako izwi nka 'Inkundamahoro' yafunguwe – #rwanda #RwOT

    Umujyi wa Kigali wumvikanye n'Ubuyobizi bw'Inkundamaho ko bugomba kuba bwamaze gutunganya ibintu byose basabwa mu gihe kingana n'amezi abiri, ariko hakagira iby'ibanze bigomba kujya bikorwa buri munsi.

    Mu kiganiro gito yagiranye na IGIHE Ntirenganya, yavuze ko abakorera muri iyi nyubako bari bafite ibibazo by'umwanda ukabije birimo ikimpoteri kidakorerwa isuku, amazi ava mu nyubako batavidura uko bikwiye, gusiga irangi, amakaro yacikaguritse, amatiyo yaturitse ndetse n'ibikoresho byifashishwa mu kuzimya inkongi y'umuriro bidakora neza.

    Ntirenganya yavuze ko ubu bemeranyije n'Ubuyobozi bw'Inkundamahoro ko amatiyo bagomba kuyasimbuza, bagatunganya ikimpoteri n'ibindi birimo gushyiramo andi makaro no gisiga irangi.

    Yagize ati 'Kuri ubu amatiyo navugaga yangiritse yo barimo barayasimbuza, imyanda yo mukimpoteri ejo baraye bayitwaye, ariko uburyo bagomba kukivugurura bakagitunganya neza bagomba kubikora. Ibijyanye n'amazi yanduye twavuganye uburyo bagomba gushyiraho bwo kuyatunganya, ariko mu gihe butararangira bakaba bakora ku buryo bavidura buri munsi kandi bakavidura mu buryo bwabugenewe, bakoresheje imiti ishyirwamo bakabijyanya i Nduba.'

    Ntirenganya yavuze ko ibyo bemeranyije bagomba kujya babikora buri munsi kuko Umujyi wa Kigali uzajya ukora ubugenzuzi ngo urebe ko bari kubishyira mu bikorwa.

    Ati 'Iriya nyubako ikoreramo abantu benshi cyane, igihe cyose bazajya barara bataviduye byaba bitangiye guhinduka ikibazo, ibyo babyemeye kandi n'ejo barabikoze n'uyu munsi turaza kugenzura ko babikoze.'

    Ibirimo gutunganya ikimpoteri, gusana amakaro no gusiga irangi, Umujyi wa Kigali watanze amezi abiri yo kuba byamaze gukorwa.

    Ntirenganya yavuze ko icyemezo cyo gufunga inyubako y'Inkundamaro cyaturutse ku mwanda ushobora guteza ibibazo cyane cyane icy'indwara zikomoka ku mwanda kandi ko bazakora ibishoboka byose ngo ibyo byirindwe.

    Inyubako y’Inkundamahoro yafunguwe nyuma y’iminsi itatu ifunze


    Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/inyubako-izwi-nka-inkundamahoro-yafunguwe

  • Inyubako izwi nka 'Inkundamahoro' yafunguwe – #rwanda #RwOT

    Umujyi wa Kigali wumvikanye n'Ubuyobizi bw'Inkundamaho ko bugomba kuba bwamaze gutunganya ibintu byose basabwa mu gihe kingana n'amezi abiri, ariko hakagira iby'ibanze bigomba kujya bikorwa buri munsi.

    Mu kiganiro gito yagiranye na IGIHE Ntirenganya, yavuze ko abakorera muri iyi nyubako bari bafite ibibazo by'umwanda ukabije birimo ikimpoteri kidakorerwa isuku, amazi ava mu nyubako batavidura uko bikwiye, gusiga irangi, amakaro yacikaguritse, amatiyo yaturitse ndetse n'ibikoresho byifashishwa mu kuzimya inkongi y'umuriro bidakora neza.

    Ntirenganya yavuze ko ubu bemeranyije n'Ubuyobozi bw'Inkundamahoro ko amatiyo bagomba kuyasimbuza, bagatunganya ikimpoteri n'ibindi birimo gushyiramo andi makaro no gisiga irangi.

    Yagize ati 'Kuri ubu amatiyo navugaga yangiritse yo barimo barayasimbuza, imyanda yo mukimpoteri ejo baraye bayitwaye, ariko uburyo bagomba kukivugurura bakagitunganya neza bagomba kubikora. Ibijyanye n'amazi yanduye twavuganye uburyo bagomba gushyiraho bwo kuyatunganya, ariko mu gihe butararangira bakaba bakora ku buryo bavidura buri munsi kandi bakavidura mu buryo bwabugenewe, bakoresheje imiti ishyirwamo bakabijyanya i Nduba.'

    Ntirenganya yavuze ko ibyo bemeranyije bagomba kujya babikora buri munsi kuko Umujyi wa Kigali uzajya ukora ubugenzuzi ngo urebe ko bari kubishyira mu bikorwa.

    Ati 'Iriya nyubako ikoreramo abantu benshi cyane, igihe cyose bazajya barara bataviduye byaba bitangiye guhinduka ikibazo, ibyo babyemeye kandi n'ejo barabikoze n'uyu munsi turaza kugenzura ko babikoze.'

    Ibirimo gutunganya ikimpoteri, gusana amakaro no gusiga irangi, Umujyi wa Kigali watanze amezi abiri yo kuba byamaze gukorwa.

    Ntirenganya yavuze ko icyemezo cyo gufunga inyubako y'Inkundamaro cyaturutse ku mwanda ushobora guteza ibibazo cyane cyane icy'indwara zikomoka ku mwanda kandi ko bazakora ibishoboka byose ngo ibyo byirindwe.

    Inyubako y’Inkundamahoro yafunguwe nyuma y’iminsi itatu ifunze


    Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/inyubako-izwi-nka-inkundamahoro-yafunguwe

  • APR FC yikuye muri Super Cup #rwanda #RwOT

    APR FC yamaze kwandikira Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, irimenyesha ko ititeguye gukina Super Cup y’amakipe ane.

    Byari bimaze iminsi bihwihwiswa ku mbuga nkoranyambaga ko APR FC itishimiye uburyo bwashyizweho bwo gukinamo Super Cup aho byavuye ku makipe abiri (iyatwaye Shampiyona n’iyatwaye igikombe cy’Amahoro).

    Uyu mwaka FERWAFA yemeje ko Super Cup izakinwa n’amakipe ane, APR FC, Rayon Sports, Kiyovu Sports na Police FC.

    APR FC ejo yandikiye FERWAFA iyimenyesha ko ubu buryo bushya bwashyizweho ititeguye kubukinamo kuko yiteguye Super Cup y’umukino umwe wa Rayon Sports.

    Ivuga ko babimenyeshejwe batinze kandi baramaze gufata izindi gahunda, ikindi bakaba batarigeze baganiriza amakipe azakina.

    Yanavuze ko niba yifuza guhindura uburyo iri rushanwa ryakinwagamo, bazabikora umwaka utaha, amakipe yarabimenyeshejwe kare.

    Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda rikaba rigiye kwicara rikiga ku busabe bwayo kandi ko mu minsi ya vuba icyemezo kizatangazwa.

    APR FC yikuye muri Super Cup

    Source : http://isimbi.rw/apr-fc-yikuye-muri-super-cup.html