Nyagatare: Abagorozi bemeye gupimwa Covid-19 banga kwambara agapfukamunwa #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

Written by

in

Bamaze gufatwa babanje kandi kwanga kuva muri ubwo butaka bakavuga ko ari ubwo Imana iza kubasangamo, ariko nyuma yo kwigishwa bagezwa kuri Sitasiyo ya Police ya Nyagatare.

Umuyobozi w’akarere ka Nyagatare wungirije ushinzwe imibereho myiza, Murekatete Juliet, avuga ko bagikomeje kubigisha kugira ngo barebe ko bakwemera kwambara agapfukamunwa.

Ati “Twabakuyeyo ariko bigoranye, gusa bemeye kwipisha Covid-19 ariko banze kwambara agapfukamunwa. Ejo tuzakomeza kubigisha”.

Murekatete avuga ko batari bafata umwanzuro wo kubaha ibihano (amande), kuko batari bamenya ko bafite amakosa.

Comments

One response to “Nyagatare: Abagorozi bemeye gupimwa Covid-19 banga kwambara agapfukamunwa #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT”

  1. ellerw Avatar

    Que Dieu pardone a la police nationale Rwandaise

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *