Mwiza Joannah watandukanye na Uncle Austin yambitswe impeta y’urukundo – #rwanda #RwOT

Written by

in

Uyu musore yakoze iki gikorwa Hirwa Augustin, nk’uko umwe mu bantu ba hafi ye yabibwiye IGIHE. Uyu waduhaye amakuru yavuze ko aba bombi bari bamaze igihe bakundana, bakaba bafashe umwanzuro wo gutangira urugendo rushya rwo kubaka umuryango nubwo bataratangaza neza amatariki y’ubukwe.

Mwiza yatangiye kuvugwa mu itangazamakuru akundana na Uncle Austin mu 2015. Nyuma mu Ukuboza yibarutse umwana babyaranye w’umukobwa bise London Ava Luwano.

Muri Gashyantare 2018 nibwo byatangiye guhwihwiswa ko aba bombi batandukanye, nyuma inkuru iza gusakara ko batakibana.

Akanyamuneza kari kose kuri Miss Joannah n’umusore wamwambitse impeta

Hirwa Augustin yasomye uyu mukobwa ku kiganza

Inshuti n’imiryango yari yabukereye

Mwiza Joannah na Hirwa Augustin ubwo bahamyaga urukundo rwabo

Miss Joannah n’umusore wamwambitse bari bishimye

Mwiza afitanye umwana na Uncle Austin

Mwiza agaragaza ko yateye indi ntambwe

Mwiza yakundanye na Uncle Austin igihe kinini ndetse banabyarana umwana, ariko baza gutandukana

source : https://ift.tt/3EZLfFl

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *