Rutsiro irimo kugana mu bishanga yasize iragije ubutaka bwayo FERWAFA – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Akarere ka Rutsiro kahaye FERWAFA ubutaka buzubakwamo ikibuga cy'umupira.

Ubu butaka n'ubundi buri ahasanzwe hari ikibuga cya Mukebera.

Ibi bibaye nyuma yaho ikipe ya Rutsiro FC iri mu murongo uyijyana mu cyiciro cya kabiri.

Rutsiro kuri ubu iri mu makipe atanga ikizere cyo kuzasubira kugaragurukira mu kiciro cya Kabiri.

Source : https://yegob.rw/rutsiro-irimo-kugana-mu-bishanga-yasize-iragije-ubutaka-bwayo-ferwafa/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *