Ubuzima bwa Papa buri mu mazi abira – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Kuri uyu wa Gatatu taliki 7 Kamena mu masaha ya ni mugoroba ni bwo iki gikorwa giteganyijwe mu bitararo biherereye i Roma byitwa Gemelli.

Nk'uko umuvugizi mukuru wahabarizwa Papa i Vatikani, Matteo Bruni yabitangaje, Papa Francis agiye kubagwa bitewe n'indwara yo mu nda afite yitwa 'Hernia' ndetse ngo na nyuma yo kubagwa bateguye ko azaba agumye mu bitaro iminsi itari myinshi cyane.

Source : https://yegob.rw/ubuzima-bwa-papa-buri-mu-mazi-abira/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *