APR FC ni ikipe nziza buri mukinnyi yakwifuza gukinamo- Bizimana Yannick #rwanda #RwOT

Written by

in

Uwari rutahizamu wa Rayon Sports, Bizimana Yannick, yavuze ko yishimiye kuba umukinnyi wa APR FC kuko ari ikipe nziza buri wese yakwifuza gukinira.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *