Amerika yahannye yihanukiriye Bensouda washakaga gutangiza iperereza ku basirikare bayo #rwanda #RwOT

Written by

in

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zatangaje ko zafatiye ibihano umushinjacyaha w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, Fatou Bom Bensouda, nyuma y’uko yagiye agaragaza ko ashaka gukora iperereza ku byaha abasirikare b’iki gihugu bakoreye muri Afghanistan.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *