
Umunyamabanga Mukuru wa RIB, Rtd Col Jeannot Ruhunga, yatangaje ko nta gihugu na kimwe cyigeze gifasha u Rwanda mu itabwa muri yombi rya Paul Rusesabagina, ahubwo ko yafatiwe ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali kandi ko yahageze ku bushake bwe.
Leave a Reply