Kuki amasomero yakomeza kubamo ibitabo byanditswe mu ndimi z’amahanga kurusha Ikinyarwanda? #rwanda #RwOT

Written by

in

Mu mateka y’Isi, bigaragara ko ibihugu byagiye byihuta mu iterambere ry’ubukungu ndetse n’ Imiyoborere myiza bashingiye mu kwandika ibitabo biri mu rurimi rwabo kavukire ndetse n’izindi ndimi ariko cyane cyane baha agaciro ibitabo byanditswe mu rurimi rwabo gakondo.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *