Umucamanza yitambitse iteka rya Perezida Trump rikumira WeChat muri Amerika #rwanda #RwOT

Written by

in

Umucamanza wo muri San Fransisco muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitambitse icyemezo cyari giherutse gufatwa na Perezida w’iki gihugu, Donald Trump, cyo guhagarika imbuga nkoranyambaga z’Abashanwa zirimo na WeChat avuga ko nta bimenyetso simusiga bigaragaza ko ziteye ikibazo ku mutekano w’igihugu.

source https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/umucamanza-yitambitse-iteka-rya-perezida-trump-rikumira-wechat-muri-amerika

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *