Bamporiki yatangaje ko aho kugira ngo minisiteri abarizwamo ishyigikire ibishegu, yahitamo kwegura #rwanda #RwOT

Written by

in

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Edouard Bamporiki, yatangaje ko yasezera ku mirimo ye aho kugira ngo Minisiteri abarizwamo inafite mu nshingano umuco itere inkunga umuhanzi uririmba ibishegu.

source https://igihe.com/imyidagaduro/article/sinshobora-kuba-ndi-muri-minisiteri-ngo-ishyigikire-itere-inkunga-umuhanzi

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *