Abakorerabushake ntabwo ari abakozi bahembwa – Minisitiri Shyaka #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

Written by

in

Minisitiri Shyaka yabigarutseho ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, ubwo inzego zitandukanye zari mu kiganiro n’abanyamakuru, hagarukwa ku buryo icyorezo cya Covid-19 gihagaze mu Rwanda.

Minisitiri Shyaka Anastase avuga ko ikibazo cy’abakorerabushake gikwiye gusobanuka, kuko bariya bantu bajyanwa muri ziriya nshingano babizi ko ari ubukorerabushake.

Agira ati “Abakorebushake ni abakorerabushake, ntabwo ari abakozi bahembwa bisanzwe cyangwa bafite kontaro runaka”.

source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/abakorerabushake-ntabwo-ari-abakozi-bahembwa-minisitiri-shyaka

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *