Nyuma ya mama we Hakim Sahabo yavuze abakinnyi afatiraho nk’icyitegererezo muri ruhago – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Umukinnyi w'umunyarwanda Hakim Sahabo ukinira ikipe ya Standard de Liège mu Bubiligi, nyuma ya Mama we yavuze ko abakinnyi afatiraho icyitegererezo ari Umufaransa Paul Pogba ndetse n'umunya-Brazil, Neymar Jr.

Uyu mukinnyi wavukiye mu Bubiligi muri 2005 akaba afite imyaka 18, yahisemo kuba yakinira u Rwanda atitaye ku kuba u Bubiligi yavukiyemo bwazamuhamagara.

Hari mu kiganiro 'Le Standard Talk' giheruka gusohoka aho baba baganiriza abakinnyi ba Standard de Liège ikina mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi.

Source : https://yegob.rw/nyuma-ya-mama-we-hakim-sahabo-yavuze-abakinyi-afatiraho-nkicyitegererezo-muri-ruhago/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *