Minisiteri y’Ibikorwaremezo mu Rwanda yashyizeho amabwiriza n’ingamba bivuguruye bijyanye no gutwara abantu n’ibintu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Minisiteri y'Ibikorwaremezo mu Rwanda yashyizeho amabwiriza n'ingamba bivuguruye bijyanye no gutwara abantu n'ibintu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali.

Ni mu rwego rwo kugabanya igihe abvantu bamara ku byapa bategereje imodoka. Izi ngamba zizatangira gushyirwa mu bikorwa guhera tariki 15 Ukuboza 2023.

Source : https://yegob.rw/minisiteri-yibikorwaremezo-mu-rwanda-yashyizeho-amabwiriza-ningamba-bivuguruye-bijyanye-no-gutwara-abantu-nibintu-mu-buryo-bwa-rusange-mu-mujyi-wa-kigali/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *