Umukobwa arashinja umuganga wo ku bitaro bya Gahini kumurya utwe nyuma yo kumwemerera ko azamukuriramo inda – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Mu karere ka Kayonza mu murenge wa Murundi haravugwa inkuru y'umukobwa w'Imyaka 18 ushinja umuganga kumukuriramo inda bikanga kandi yamwishyuye.

Uyu mukobwa utuye mu Murenge wa Murundi arashinja Umuganga wo kubitaro bya Gahini witwa Daniel Urimubenshi kumukuriramo inda bikanga, akanga kumusubiza ibihumbi 25FRW yari yabanje kumuha.

Bari bumvikanye ko azamwishyura ibihumbi 40 Rwf aba amwushyuye ibihumbi 25Rwf. Ubuyobozi bw'Ibitaro bukavuga ko butabizi bugiye kubikurikirana.

Source : https://yegob.rw/umukobwa-arashinja-umuganga-wo-ku-bitaro-bya-gahini-kumurya-utwe-nyuma-yo-kumwemerera-ko-azamukuriramo-inda/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *