“Muri 2023 ukagenda amasaha 3 ujya ku kibuga” Hugo Broos utoza Afurika y’Epfo atangaje ibimeze nk’urwitwazo nyuma yo gutsindwa n’Amavubi – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Hugo Broos utoza Afurika y'Epfo atangaje ibimeze nk'urwitwazo nyuma yo gutsindwa n'Amavubi.

Kuri uyu wa Kabiri nibwo ikipe y'igihugu Amavubi yatsindaga Afurika y'Epfo ibitego bibiri ku busa.

Nyuma yo gutsindwa uwo mukino, Umutoza mukuru wa Afurika y'Epfo Hugo Broos ntiyishimiye gukinira kuri sitade ya Huye.

Mu kiganiro n'abanyamahanga, avuga ko muri 2023 bitari bikwiye ko ikipe ikinira ahantu ugenda amasaha atatu uvuye ku kibuga k'indege.

Nyuma yo kuvuga ibyo yaje kwivuguruza yemeza ko ibyo avuze atari yo mpamvu yatumye batsindwa.

Source : https://yegob.rw/muri-2023-ukagenda-amasaha-3-ujya-ku-kibuga-hugo-broos-utoza-afurika-yepfo-atangaje-ibimeze-nkurwitwazo-nyuma-yo-gutsindwa-namavubi/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *