Byiringiro Lague uri mu bakinnyi 11 babanje mu Mavubi, yinjiye mu kibuga akanyamuneza ari kose nyuma yo kubona ubutumwa ikipe akinamo i Burayi yamugeneye – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Mbere y'uko umukino uri guhuza ikipe y'igihugu Amavubi na Zimbabwe utangira, ikipe ya Sandviken IF ikinamo abanyarwanda nka Byiringiro Lague na Yannick Mukunzi, yageneye ubutumwa uyu rutahizamu uri mu bakinnyi 11 babanje mu kibuga ku ruhande rw'Amavubi.

Sandviken IF ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, yagize iti 'Lague Byiringiro ubu ari murugo mu Rwanda aho azakina amajonjora yo gushaka itike yo kuzakina igikombe cyisi.

Uyu munsi hari umukino na Zimbabwe naho kuwa kabiri bahura na Afrika yepfo. Imikino yombi ikinirwa murugo. Amahirwe masa, Lague!.'

Source : https://yegob.rw/byiringiro-lague-uri-mu-bakinnyi-11-babanje-mu-mavubi-yinjiye-mu-kibuga-akanyamuneza-ari-kose-nyuma-yo-kubona-ubutumwa-ikipe-akinamo-i-burayi-yamugeneye/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *